Peace Cup 2026: APR FC yanyagiye Etincelles isanga Rayon Sports ku mukino wa nyuma

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera Etincelles FC iyitsinze ku giteranyo cy’ibitego 6-2. APR FC yageze ku mukino wa nyuma ihasanga Rayon Sports nyuma yo gutsinda Etincelles FC ibitego 3-1 mu mukino wo kwishyura wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa gatatu tariki 13 Gicurasi 2026, […]

Continue Reading

‎Trump yageze mu Bushinwa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yageze mu Bushinwa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri  rwitezweho ko abakuru n’ibihugu byombi baganira ku mutekano wo mu Burasirazuba bwo Hagati, ubufatanye mu by’ubucuruzi ndetse n’izindi ngingo zishamikiyeho.‎‎Ni uruzinduko Trump yatangiye kuri uyu wa 13 Gicurasi 2026.‎‎Mu cyubahiro cyinshi n’urugwiro, Trump yakiriwe na Visi Perezida w’u Bushinwa, […]

Continue Reading

Ubushinjacyaha bwajuririye umwanzuro wo gufungura DJ Toxxyk.

Ubushinjacyaha bwajuririye umwanzuro w’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ku rubanza rwa Shema Arnaurd De Bosscher wamenyekanye mu kuvangavanga imiziki uzwi nka DJ Toxxyk. Umuvugizi w’Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda, Nkusi Faustin, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko ubu bujurire bwagejejwe ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. DJ Toxxyk yakurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye […]

Continue Reading

FERWAFA yahakanye ibyo kudahemba abasifuzi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanyomoje amakuru yatangajwe n’umunyamakuru wa Radio/TV 1 Kabera Fils Fidele yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa. Ubwo Kabera yatangazaga aya makuru kuri Radio 1 ndetse no ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa ndetse ko ari bimwe mu biri gutuma haboneka amakosa menshi mu misifurire […]

Continue Reading

Volleyball: REG VC igiye gucakirana na Police VC mu mukino wa kane wa nyuma wa kamarampaka

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda ryatangaje ko kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Gicurasi 2026 saa 18:00 harakinwa umukino wa kane w’imikino ya nyuma ya kamarampaka mu kiciro cy’abagabo, Police VC icakirana n’ikipe ya REG VC muri Petit Stade i Remera. Umukino wa gatatu wabaye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize warangiye REG VC itsinze […]

Continue Reading

Al Nassr ya Cristiano Ronaldo yananiwe kwegukana igikombe cya Shampiyona hakiri kare

Ikipe ya Al Nassr yanganyije n’ikipe ya Al Hilal igitego 1-1 bituma itabasha guhita yegukana igikombe cya Shampiyona ya Saudi Arabia kuko yasabwaga gutsinda kugira ngo ihite icyegukana. Mu mukino wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 12 Gicurasi 2026, Al Nassr yari yakiriye uyu mukino kuri sitade yayo Alawwal Park yabanje gufungura […]

Continue Reading

Al Hilal irahabwa igikombe cy’icyubahiro nitsinda cyangwa ikanganya na Gasogi United

Ikipe ya Al Hilal yo muri Sudan ariko ikina Shampiyona y’u Rwanda irahabwa igikombe cy’icyubahiro n’imidari nibasha gutsinda cyangwa ikanganya na Gasogi United mu mukino w’umunsi wa 33 wa Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, nk’uko byatangajwe n’Urwego rutegura shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League. Uyu mukino uteganyijwe kuri uyu wa gatatu saa 15:00 kuri […]

Continue Reading

Gen.Mamadi Doumbouya wa Guinea yabaye Umukuru w’Igihugu wa mbere ugeze mu Rwanda mu bahategerejwe.

Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea, yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo muri Afurika (Africa CEO Forum), itegerejwemo Abakuru b’Ibihugu batandatu, barimo n’u Rwanda Paul Kagame. Mamadi Doumbouya yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Gicurasi 2026, aho ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’u […]

Continue Reading

Perezida w’u Bufaransa Macron yishimiye ibihe yagiriye muri Kenya birimo gusonga kawunga no kuyirya.

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje ibyishimo yatewe n’ibihe byiza yagiriye muri Kenya, birimo gusonga (kwarika) ubugari bwa kawunga no kuburisha imboga za Sukuma Wiki zikunzwe muri Kenya. Mu mashusho yashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida Emmanuel Macron yashimiye Igihugu cya Kenya n’Umukuru wacyo, William Ruto. Ni nyuma yuko i Nairobi […]

Continue Reading

Bien Aimé yongewe mu bazaririmba mu mikino ya nyuma ya BAL i Kigali.

Umuhanzi Bien-Aimé Baraza wo muri Kenya, yongewe mu bazataramira abazitabira Imikino ya nyuma y’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) rigiye kubera mu Mujyi wa Kigali. Iri rushanwa rya BAL rigarutse mu Rwanda ku nshuro ya gatandatu rizatangira ku wa 22 kugeza ku wa 31 Gicurasi 2026. Ni mu mikino izabera muri BK Arena, ndetse abahanzi […]

Continue Reading