Coothegim ku isonga mu kwita ku banyamuryango bayo, bageze ku 189% mu guteza imbere ubuhinzi bw’icyayi

Cooperative y’abahinzi ba Gisovu Muko Coothegim abayigize barashima imiyoborere myiza ya komite nyobozi yabo ndetse no kwita cyane ku mibereho myiza y’abanyamuryango bayigize. Ibi bikaba byaratumye aba banyamuryango bose babasha kwiteza imbere ndetse bazamura imibereho myiza yabo. Ibi bakaba barabiganirije Rwandanews24 nyuma y’inteko rusange yo kuwa 21/03/2025.   Muri iyi nteko rusange, hagaragaye ibikorwa byinshi […]

Continue Reading

Angola yahagaritse kuba umuhuza mu bibazo byashegeshe Congo

Angola yahagaritse inshingano z’ubuhuza hagati y’impande zihuriye mu kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa DRC. Guverinomaya Angola yavuze ko yafashe inshingano z’ubuhuza kuva mu myaka ine ishize, maze ngo igeza abagomba kugirana ibiganiro “ku ntambwe ishimishije.” Yavuze ko yari yabigiyemo yabihaye agaciro, ariko ngo hagiye habamo kubura umwe mu bagombaga kuganira, nko mu kwezi k’Ukuboza […]

Continue Reading

M23 yavuze ku byo kuba yatakaza Bukavu na Goma

Ihuriro AFC/ M23 ryatangaje ko nubwo ku bwumvikane na leta ya Congo, bisabwe n’abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na RDCongo, bemeye gukura ingabo zabo mu gace ka Walikale , uyu mutwe udashobora kuzakura ingabo zabo mu tundi duce turimo Bukavu na Goma. Tariki ya 22 Werurwe 2025, AFC/M23 yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gukura abarwanyi muri […]

Continue Reading

Umubiri wa Jean Lambert Gatare wagejejwe mu Rwanda

Umubiri wa Jean Lambert Gatare uherutse kwitaba Imana aguye mu Buhinde, wagejejwe mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Werurwe 2025, wakirwa n’abo mu muryango we mbere y’uko ujyanwa mu buruhukiro. Jean Lambert Gatare wamamaye mu itangazamakuru ry’u Rwanda yitabye Imana ku wa wa Gatandatu tariki 22 Werurwe 2025. Jean Lambert Gatare yapfiriye […]

Continue Reading

AFC/M23 yavuze impamvu itarakura ingabo zayo mu mujyi wa Walikale

Lawrence kANYUKA ,umuvugizi w’ihuriro AFC/M23 yatangaje ko igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo [FARDC] n’indi mitwe ifatanya nacyo batigeze bakura indenge z’intambara zikoreshwa mu bitero bya Walikale. Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 kuwa 23 werurwe 2025 nibwo batangaje ko bagiye gukura abarwanyi bayo mu mujyi wa Walikale kugirango hubahirizwe agahenge,nyamara abaturage batuye uwo mujyi bo bakomeje […]

Continue Reading

Bemba yongeye gushinja Kabila kuba Umunyarwanda

Visi Minisitiri w’Intebe wa RDC akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi, Jean-Pierre Bemba, yongeye kwifatira ku gahanga Joseph Kabila wahoze ari Perezida, avuga ko atari Umunyekongo ahubwo akomoka ku babyeyi b’Abanyarwanda. Jean-Pierre Bemba yabivugiye mu nama i Kintambo muri Kinshasa ku wa Gatandatu, mu ruzinduko rwo gukunda igihugu amaze iminsi akorera hirya no hino muri RDC. Bemba, […]

Continue Reading

U Rwanda rwakiriye neza icyemezo cya M23 cyo gusubira inyuma

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cy’umutwe wa M23, watangaje ko wasubiye inyuma, ukava mu gace ka Walikale wari wigaruriye ku itariki ya 19 Werurwe. Iki cyemezo cyatunguranye, M23 yavuze ko kigamije kwerekana ubushake bwayo mu biganiro bya politiki bigamije guhosha amakimbirane. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, kuri uyu wa 22 Werurwe yatangaje […]

Continue Reading

FARDC yasabye ingabo zayo kutazongera kugaba ibitero kuri M23/AFC

Igisirikare cya Congo cyasabye ingabo zacyo na Wazalendo kutazongera kurwanya umutwe wa M23 ufatanya na Alliance Fleuve Congo kurwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi. Umuvugizi w’igisirikare cya Congo, FARDC yavuze ko bakiriye icyemezo cya M23/AFC cyo kuva mu gace ka Walikale izi nyeshyamba zari zimaze iminsi zifashe. Yavuze ko icyemezo cya M23/AFC yafashe kijyanye n’itangazo ryasinywe n’abakuru […]

Continue Reading

Menya umushahara n’ibindi bigenerwa Mayor w’umujyi wa Kigali

Ni kenshi abaturage bibaza uko abayobozi bakuru b’igihugu bahembwa ndetse n’ibindi bagenerwa kugira ngo bashobore gusohoza inshingano zabo. Muri iyi nkuru, turasesengura ibyo umuyobozi w’Umujyi wa Kigali agenerwa n’amategeko kugira ngo akore akazi ke neza. Iteka rya Perezida Nº004/01 ryo ku wa 16 Gashyantare 2017, rigena imishahara y’abayobozi bakuru b’igihugu ndetse n’ibindi bigenerwa, rikaba ryarasohotse […]

Continue Reading

AFC/M23 yavuye mu Mujyi wa Walikale

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ryavuye mu Mujyi wa Walikale no mu bice biwukikije, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Abarwanyi ba AFC/M23 bafashe uyu mujyi tariki ya 19 Werurwe 2025 n’Ikibuga cy’Indege gito cya Kigoma nyuma yo gufata ibindi bice biwukikije birimo Ngora, Kisima na Mubanda. Umuvugizi wa […]

Continue Reading