Abafana b’Ikipe ya Scoltland banyweye inzoga za Boston zirashira

Uruganda rukora ibinyobwa bisembuye rwa Sam Adams, rwatangaje ko utubari two mu Mujyi wa Boston, mu mpera z’icyumweru gishize twabuze inzoga ikorwa n’uru ruganda “Boston Lager” nyuma y’uko abafana b’ikipe y’igihugu ya Scotland bitabiriye imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026 bayinyoye ku rugero rurenze uko byari bisanzwe. Nk’uko uru ruganda rwabitangaje, aba bafana banyoye iyi nzoga […]

Continue Reading

Umuhungu wa Perezida Museveni Gen. Muhoozi yinjiye mu kibazo cya Bebe Cool na Miss Jolly Mutesi.

Bebe Cool yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane yaganiriye kuri telefone na Gen. Muhoozi Kainerugaba ku bijyanye n’amakimbirane yavutse hagati ye na Miss Mutesi Jolly, amugira inama yo kuyahagarika ndetse no gusiba ibyo yari yamuvuzeho kuri konti ye ya X ko yamutekeye umutwe. Yabasabye gukemura ibibazo bidaciye ku mbuga nkoranyambaga. Ibi Bebe […]

Continue Reading

Minisitiri w’Intebe yavuze intwaro enye u Rwanda rukoresha mu gukumira Ebola

Minisitiri w’Intebe yabigarutseho ubwo yahagarariraga Perezida Kagame, mu Nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma muri Afurika hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye, baganiraga ku ngamba zo guhangana n’Icyorezo cya Ebola. Inama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga. Muri iyi nama yari yitabiriwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, Minisitiri w’Intebe yashimangiye ko mu Rwanda nta Ebola ihari, ibi akaba ari umusaruro […]

Continue Reading

Zabyaye Amahari hagati ya Bebe cool na Mutesi jolly amushinja kumurya utwe.

Miss Jolly Mutesi yibukije Umuhanzi wo muri Uganda, Bebe Cool, ko ari icyamamare atakabaye avuga ibyo abonye, atabanje gukora ubushakashatsi cyangwa ngo ashake amakuru mbere yo kuvuga ibintu bishobora kwangiza izina ry’uwo avuga. Ibi Miss Jolly Mutesi yabigarutseho ubwo yasubizaga Bebe Cool wari umaze kumushinja kuba yarigeze kumutuburira yitwaje u Rwanda n’ikipe ya Arsenal. Abinyujije […]

Continue Reading

Bimwe mu bibazo by’ingutu byugarije uburezi mu Rwanda.

Raporo nshya y’isuzuma ry’imyigire mu mashuri yo mu Rwanda, Learning Achievement in Rwandan Schools 2025, LARS 2025, igaragaza ko nubwo hari aho abanyeshuri bagaragaza iterambere, hari ibibazo bikomeye bikomeje kugira ingaruka ku ireme ry’uburezi, by’umwihariko mu gusoma no gusobanukirwa mu Cyongereza n’Imibare. Iri suzuma ryakozwe muri Gicurasi 2025 n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, […]

Continue Reading

Karongi: Umusore akurikiranyweho kwica nyina akamushyingura munsi y’urugo.

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi yataye muri yombi umusore w’imyaka 30 ukekwaho kwica nyina akamushyira mu ifumbire munsi y’urugo. Uwo musore wo mu Mudugudu wa Rugusa, Akagari ka Rwufi, Umurenge wa Mutuntu mu Karere ka Karongi yafashwe n’abanyerondo ubwo yari avuye mu rugo mu masaha y’ijoro ahetse igikapu. Ni umusore wari warananiwe […]

Continue Reading

APR FC yasinyishije Mamadou Traore wakiniraga Stade Malien yo Muri Mali.

‎Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’umukinnyi ukina hagati asatira ukomoka muri Mali, Mamadou Traoré, amasezerano y’imyaka ibiri kugira ngo asimbure Mamadou Lamine Bah uherutse gutandukana n’iyi kipe Aya makuru yatangajwe n’umunyamakuru Bruno Taifa uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, usanzwe atangaza amakuru y’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu. Yagaragaje ko uyu musore w’imyaka 27 agiye kuva […]

Continue Reading

Vestine na Dorcas batandukanye na MIE ya Murindahabi bazamukiyeho.

Itsinda ry’abahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo gutandukana na MIE ya Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné. Aba bahanzi batandukanye na MIE nyuma y’igihe cyari gushize bivugwa ko umwuka atari mwiza hagati yabo nyuma y’uko Ishimwe Vestine afashe icyemezo cyo gusigara muri Canada atabyumvikanyeho na […]

Continue Reading

RwandAir yahembwe nk’ikigo cya mbere gitanga serivisi nziza muri Afurika.

RwandAir yegukanye igikombe cy’ikigo cy’ubwikorezi bwo mu kirere gitanga serivisi nziza zo mu ndege kurusha ibindi muri Afurika kizwi nka ‘Best Cabin Service in Africa’. Iki gihembo kigaragaza urwego rwo hejuru RwandAir imaze kugeraho mu guha abakiliya bayo serivisi nziza, zishingiye ku kwita ku mugenzi no kumufasha kugira urugendo rwiza no kugira ibihe byiza. Ubuyobozi […]

Continue Reading

Imirimo itangwa n’inganda z’imyenda izikuba gatanu mu myaka itatu iri imbere.

Inganda zitunganya imyenda zizongerera ubushobozi ibikorwa byazo ku rugero rwa 100% bitarenze mu 2029, ndetse umubare w’akazi zizatanga uziyongera uve ku mirimo 11,900 ugere ku 50,500. Biteganyijwe ko u Rwanda ruzajya ruzigama miliyoni 28 z’amadolari buri mwaka ku myenda yatumizwaga hanze, mu gihe amafaranga azajya asigara imbere mu gihugu kubera gukora ibitambaro bikorwamo imyenda mu […]

Continue Reading