Umunyamerika Ashton Hall na Kagarara Ashton Small bageze mu Rwanda bakiranwa ubwuzu

Umunyamerika Ashton Hall wamamaye mu myitozo ngororamubiri, umaze iminsi agirira ingendo mu Bihugu binyuranye ku Mugaban wa Afurika akorana n’Umunyarwanda wamenyekanye nka Kagarara ubu wiswe Ashton Small, bageze mu Rwanda bakiranwa ubwuzu. Aba bombi kimwe n’Umuhindi na we bise Indian Ashton Hall, bamaze iminsi bakorera ingendo mu Bihugu binyuranye ku Mugabane wa Afurika, kuri iyi […]

Continue Reading

Umunyezamu Ntwari Fiacre yabonye ikipe nshya

‎Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Ntwari Fiacre, yatijwe mu ikipe nshya ya Kruger United ikina Icyiciro cya Mbere muri Afurika y’Epfo avuye muri Kaizer Chiefs Uyu munyezamu w’imyaka 26 yahawe amasezerano y’umwaka umwe w’intizanyo kugira ngo abone umwanya uhagije wo gukina bityo yongere agarure icyizere ndetse n’urwego rwe rwo hejuru. ‎Iki cyemezo cyafashwe nyuma […]

Continue Reading

Tombola ya CECAFA yasize amakipe yo Mu Rwanda yisanze mu matsinda Akomeye.

Ikipe ya Rayon Sports yisanze mu itsinda rikomeye hamwe n’ibigugu birimo Al Hilal SC na Tusker FC muri tombola y’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup yabaye kuri uyu wa Gatanu mu cyumba cy’itangazamakuru cya Stade Amahoro. ‎APR FC na yo ihagarariye u Rwanda yashyizwe mu rindi tsinda rigoye rigizwe n’amakipe akomeye mu Karere arimo Gor Mahia […]

Continue Reading

Ingabo za RDF zirwanira ku butaka zasoje amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru.

Brigade ya 507 y’ Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka yasoje amahugurwa ya gisirikare yo ku rwego rwisumbuye yagenewe Ingabo zirwanira ku butaka yari amaze amezi atanu abera mu Kigo cy’Amahugurwa cya Gisirikare i Gabiro mu Karere ka Gatsibo. Aya mahugurwa yari agamije kongerera abasirikare ubumenyi, ubuhanga n’ubushobozi mu bikorwa bya gisirikare kugira ngo barusheho […]

Continue Reading

Umunyarwenya Tenge Tenge agiye gusura u Rwanda.

Ku nshuro ye ya mbere, umunyarwenya Saad Ssozi, uzwi nka Rango Tenge Tenge nku mbuga nkoranyambaga muri Uganda, agiye gusura u Rwanda. Uyu munyarwenya abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yatangaje ko azaba aje mu gitaramo azahakorera mu iserukiramuco rya ‘Tintin Summer Festival’, ku wa 1 Kanama 2026. Ati “Muraho nshuti zanjye zo mu Rwanda? Ku […]

Continue Reading

Abantu 44 bishwe n’inzoga zitujuje ubuziranenge mu mezi atandatu.

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko mu mezi atandatu ashize kugeza muri Kamena 2026, abantu 44 bamaze kwicwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge. Dr. Nsanzimana yabitangaje ubwo yari kuri Televiziyo y’u Rwanda, ku mugoroba wo ku wa 8 Nyakanga 2026. Ati “Ni ikibazo gikomeye cyane. Navuga ko ari icyorezo mu bindi…. Kuva mu kwezi kwa mbere […]

Continue Reading

Burundi : Bariyeri ziri gushyirwa mu bice byinshi zikomeje kuguvisha benshi

Muri Komini nyinshi zo mu Ntara ya Burunga yo mu majyepfo y’u Burundi, haravugwa ishyirwaho rya bariyeri nyinshi mu mihanda ryazahaje urujya n’uruza rw’ibinyabiziga n’ibicuruzwa, ndetse abahatuye bakavuga ko batumva impamvu yazo mu gihe bazi ko ntakibazo cy’umutekano gihari. Izi bariyeri ziri gushyirwaho ku bwinshi n’Igipolici cy’u Burundi, ziravugwa mu mihanda yo mu bice bya […]

Continue Reading

Abafite ubumuga 900 bari gufashwa byihariye mu bizamini bya leta bisoza amashuri abanza

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yavuze ko abanyeshuri bafite ubumuga bari gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, bari gufashwa byihariye ngo bakore neza kimwe n’abandi asaba abarezi gushyiraho akabo. Mu banyeshuri 277,452 bari gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka w’amashuri wa 2025/26, harimo 928  bafite ubumuga barimo ab’igitsina gabo […]

Continue Reading

Portugal ya Cristiano Ronaldo yasezerewe mu Gikombe cy’Isi.

Ikipe y’Igihugu ya Portugal, ikinamo Cristiano Ronaldo, yasezerewe mu Gikombe cy’Isi cya 2026 itarenze muri 1/8, nyuma yo gutsindwa na Espagne igitego 1-0 cyinjijwe na Mikel Merino mu minota y’inyongera. Ni umukino wihariwe na Espagne ku rwego rwa 55% ndetse ni yo yabonye uburyo bukomeye bwashoboraga kuvamo igitego hakiri kare. Mikel Oyarzabal yananiwe gufungura amazamu […]

Continue Reading

Bugesera : Umwana w’imyaka 16 yiyahuye nyuma yo kubuzwa gukoresha telefone

Umwana w’umukobwa wo mu Karere ka Bugesera, umurenge wa Rweru ufite imyaka 16 yiyahuye kubera kubuzwa gukoresha telefone. Byabaye ku wa 4 Nyakanga 2026, ubwo uyu mwana wigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, yari amaze igihe kingana n’icyumweru yaragiye kubana na mukuru we. Uyu mwana yari yarimenyereje gukoresha telefone ku buryo mukuru yagize impungenge […]

Continue Reading

Meteo Rwanda yateguje ubushyuhe bugera kuri 32°C mu kwezi kwa Nyakanga.

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Nyakanga 2026 mu Rwanda hateganyijwe ibihe by’izuba risanzwe ryo mu mpeshyi aho hateganyijwe ubushyuhe bwo hejuru ku manywa buzaba buri hagati ya 20°C na 32°C naho nijoro bukazaba buri hagati ya 9°C na 18°C. Hateganyijwe kandi imvura iri hagati ya milimetero (mm) 0 na 35 hirya no […]

Continue Reading