Imirimo itangwa n’inganda z’imyenda izikuba gatanu mu myaka itatu iri imbere.

Inganda zitunganya imyenda zizongerera ubushobozi ibikorwa byazo ku rugero rwa 100% bitarenze mu 2029, ndetse umubare w’akazi zizatanga uziyongera uve ku mirimo 11,900 ugere ku 50,500. Biteganyijwe ko u Rwanda ruzajya ruzigama miliyoni 28 z’amadolari buri mwaka ku myenda yatumizwaga hanze, mu gihe amafaranga azajya asigara imbere mu gihugu kubera gukora ibitambaro bikorwamo imyenda mu […]

Continue Reading

Ibiciro ku isoko byazamutseho 12,9% muri Gicurasi.

Ibiciro ku masoko yo mu mijyi mu Rwanda byakomeje kuzamuka muri Gicurasi 2026, aho byiyongereyeho 12,9% ugereranyije na Gicurasi 2025, bigaragaza ko ubuzima bukomeje guhenda ku baturage, cyane cyane ku bicuruzwa na serivisi bikenerwa buri munsi. Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, igaragaza ko iri zamuka ry’ibiciro mu mijyi ryagabanutseho gato ugereranyije na Mata […]

Continue Reading

RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli.

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yagumye kuri 2.938 Frw, mu gihe litiro ya mazutu yo yavuye kuri 2205 Frw ikagera kuri 2.927 Frw, bigaragaza ko yiyongereyeho 722 Frw. Ibiciro bishya RURA yabitangaje ku wa 5 Kamena bikazatangira gukurikizwa ku wa 6 Kamena 2026, Saa Kumi n’Ebyiri za […]

Continue Reading

Ibiciro bya peteroli byagabanyutseho 6%

Icyizere cy’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bishobora kumvikana ku guhagarika intambara burundu, cyatumye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bigabanyukaho 6%. Amakuru dukesha Reuters agaragaza ko igiciro cy’akagunguru ka peteroli cyagabanyutseho 5,85$ bingana na 5,7%, kigera kuri 97,69$. Igiciro cy’akagungura ka peteroli icukurwa muri Texas izwi nka ‘U.S. West Texas Intermediate’ cyo cyagabanyutseho 6%, […]

Continue Reading

BNR igiye kugabanya ubukana bw’izamuka ry’ibiciro.

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yazamuye urwunguko rwayo mu rwego rwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku masoko rikomeje kwiyongera. Ni urwunguko rwazamutseho 1% ugereranyije n’urwo yaherukaga gushyiraho muri Gashyantare uyu mwaka, kuko rwavuye kuri 7,25% rugashyirwa ku 8,25%, hagamijwe gusubiza hasi umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko ukaguma mu mbago z’iyo Banki nk’imwe mu ngingo […]

Continue Reading

Imipaka uhuza u Rwanda na Goma muri RDC yafunzwe mu kwirinda ikwirakwira rya Ebola

Kuva kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Gicurasi 2026, u Rwanda rwafunze by’agateganyo imipaka ihuza Rubavu na Goma kubera icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira muri Repubulika Iharabira Demokalasi ya Congo (RDC)‎‎Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yabwiye IGIHE ko iki cyemezo kigamije kurinda ubuzima bw’abaturage, anasaba abaturage kwihanganira izi mpinduka.‎‎Imipaka ya Petite Barrière, Grande Barrière […]

Continue Reading

BRD yasinyanye na BADEA amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 25$ zo gutera inkunga imishinga.

Banki y’Amajyambere y’u Rwanda (BRD) yasinyanye na Banki y’Abarabu yita ku Iterambere rya Afurika (BADEA), amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 25 z’amadolari ya Amerika, azafasha BRD kongera ubushobozi bwo gutera inkunga imishinga ishyigikira iterambere rirambye no guhanga imirimo. Mu mishinga izaterwa inkunga harimo iyo kohereza ibicuruzwa mu mahanga, inganda, amacumbi aciriritse, ndetse n’iyobowe n’abagore byose bikajyana […]

Continue Reading

U Rwanda rugiye kwakira inama yiga ku ikoresha ry’ingufu za nucléaire muri Africa

U Rwanda rugiye kwakira Inama Nyafurika yiga ku ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire izateranira i Kigali kuva ku wa 18-21 Gicurasi 2026 muri Kigali Convention Centre. Iyi nama izwi nka “Nuclear Energy Innovation Summit for Africa” ihuriza hamwe, abakuru b’ibihugu, abahagarariye ibihugu byabo, abahanga mu ikoranabuhanga, ndetse n’abahanga mu bijyanye n’ingufu za nucléaire, harebwa uko izi […]

Continue Reading

Afurika ibyaje umusaruro umutungo ifite yatsinda ibibazo byugarije ubukungu ku Isi-Perezida Kagame.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ifite amahirwe menshi yo kuba umugabane ukize ku rwego rw’Isi, ariko ko ikibura ari ukubyaza umusaruro umutungo ifite urimo ingufu zitangiza ibidukikije, amabuye y’agaciro akenewe cyane ku Isi ndetse n’umubare munini w’abaturage bafite imbaraga zo gukora. Yashimangiye ko ibihugu bya Afurika bikwiye gushyira hamwe no […]

Continue Reading

U Rwanda mu mushinga w’uruganda rw’amazi ruzatanga meterokibe ibihumbi 150 ku Munsi muri Kigali.

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko hari gutegurwa umushinga w’uruganda rw’amazi ruzaba rushamikiye ku kiyaga gihangano kiri ku rugomero rwa Nyabarongo II, ruzajya rutunganya meterokibe ibihumbi 150 ku munsi, rukazakemura ikibazo cy’amazi meza mu Mujyi wa Kigali. Imibare igaragaza ko mu Rwanda amazi meza agera ku baturage ku rugero rwa 82%. Umujyi wa Kigali […]

Continue Reading