U Burayi bwategujwe ibibazo bikomeye by’ibura ry’amavuta y’indege.

Inama Mpuzamahanga y’Ibibuga by’Indege (ACI) mu Burayi, yateguje ibigo by’ubwikorezi bwo mu kirere byaho ko mu byumweru bitatu biri imbere bishobora guhura n’ibibazo bikomeye by’ibura ry’amavuta y’indege mu gihe inzira ya Hormuz imaze igihe yarafunzwe na Iran yaba itarafungurwa. Inzira ya Hormuz ni inkingi mwikorezi mu bijyanye n’amavuta y’indege, kuko 50% byayo u Burayi bubitumiza […]

Continue Reading

Akagunguru ka peteroli kageze munsi ya 100$ nyuma y’agahenge katangajwe na Trump.

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanyutse cyane nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko igihugu cye na Iran byemeranyije agahenge ko guhagarika intambara mu gihe cy’ibyumweru bibiri ndetse no kongera gufungura inzira ya Hormuz. Nyuma y’uko Trump atangaje aka gahenge mu masaha yo mu rukererera ahagana Saa Cyenda, ibiciro by’ibikomoka […]

Continue Reading

Minisitiri Sebahizi Predunce Yakanguriye abanyarwanda Gukora ingendo ziri ngombwa.

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi yasabye Abanyarwanda bose, gukora ingendo za ngombwa hagamijwe gufasha Igihugu kugabanya amafaranga yagendaga ku gutumiza mu mahanga ibikomoka kuri peteroli, by’umwihariko muri iki gihe byahenze. Yasobanuye ko hari ingamba Igihugu cyafashe, kugira ngo ibikomoka kuri peteroli  bitabura, harimo kugabanya umuvuduko w’ibyo Abanyarwanda bakoresha bitumizwa hanze, no kongera umuvuduko mu gukoresha […]

Continue Reading

Igiciro cya lisansi cyazamutseho 314 Frw naho mazutu izamukaho 257 Frw

Kuri uyu wa 3 Mata 2026, Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya ntarengwa by’ibikomoka kuri peteroli, kimwe n’ibiciro bishya by’ingendo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara. Lisansi yazamutseho 314 Frw kuko ibiciro byaherukaga gushyirwaho tariki ya 5 Werurwe lisansi yari ku 1,989 Frw naho mazutu yari ku 1,948Frw, yo yazamutseho 257 Frw. Urwego Ngenzuramikorere […]

Continue Reading

Inoti zakozwe hagati ya 2004 na 2015 zigiye kuvanwa ku isoko.

Banki Nkuru y’u Rwanda yahaye abafite inoti zakozwe hagati y’umwaka wa 2004 ndetse na 2015 igihe cy’amezi icyenda, kugira ngo babe bamaze kuzigeza ku bigo by’imari bibegereye maze bibahe inoti zizakomeza ku isoko, kuko ziriya zavuzwe zigiye kuvanwa ku isoko. Ayo mezi icyenda yatangiye kubarwa guhera kuwa 2 Werurwe 2026, kugeza ku wa 1 Ugushyingo […]

Continue Reading

Umuhanda wa gari ya moshi uzagera mu Rwanda watangiye kubakwa.

Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Dr. William Samoei Ruto wa Kenya batangije ibikorwa byo kongera umuhanda wa gari ya moshi uzahuza ibihugu byombi, ukazakomereza mu Rwanda Uyu muhanda unyura mu karere ka Naivasha, Kisumu na Malaba muri Kenya. Biteganyijwe ko uzahava ukomereze i Kampala, hanyuma hatangire ibikorwa […]

Continue Reading

Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda wazamutseho 9,4% mu 2025.

Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda mu 2025 wazamutse ku kigero cya 9,4% ugera kuri miliyari 23.387 Frw uvuye kuri miliyari 19.918 Frw wari uriho mu mwaka wari wabanje wa 2024. Ibyagize uruhare mu kuzamuka k’ubukungu harimo serivisi zihariye 52%, urwego rw’inganda rufite 22% mu gihe ubuhinzi bwihariye 20%. Mu gihembwe cya Kane cy’umwaka wa 2025, ubukungu […]

Continue Reading

Ibiciro by’ibicuruzwa mu Rwanda byiyongereyeho 9.2% mu kwezi kwa Gashyantare.

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, (NISR) cyasohoye raporo  kuri uyu wa 10 Werurwe 2026  igaragaza ko ibiciro byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 4,6%, ibiciro by’ibinyobwa bisembuye n’itabi byiyongereyeho 18,3%, ibiciro by’amazu, amazi, amashanyarazi, gazi n’ibindi bicanwa byiyongereyeho 12,3%. Ibiciro by’ibijyanye n’ubuvuzi byiyongereyeho 71,1%, ibiciro by’ibijyanye n’ubwikorezi byiyongereyeho 8,6% mu gihe ibiciro by’amafunguro n’icumbi byiyongereyeho […]

Continue Reading

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse ku kigero kitari gisanzwe aho byaherukaka muri 2020.

Intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel byagabye kuri Iran ni yo ikomeje gutuma ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bitumbagira, cyane ko mu Burasirazuba bwo Hagati haturuka ibikomoka kuri peteroli bikenerwa hirya no hino ku Isi. Intambara yatangiye akagunguru kari kugura 77$ ariko gakomeje gutumbagira aho kuri ubu kageze kuri 119,50$. Bimwe mu bigo […]

Continue Reading

Rwanda Steps Up Fight Against Lead

The environmental protection organization ARECO Rwanda Nziza has launched a national campaign aimed at reducing the use of lead, a toxic chemical commonly found in paints. The initiative took center stage during the week of October 19–24, 2025, which was dedicated to raising awareness and promoting the elimination of lead-based products in Rwanda. During this […]

Continue Reading