Perezida Kagame yazindukiye i Dakar mu nama yiga ku biribwa muri Afurika
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru, yageze i Dakar muri Senegal aho yitabiriye Inama y’uyu mwaka yiga ku ruhererekane rw’Ibiribwa muri Afurika. Iyo nama yatangiye kuri uyu wa 31 Kanama ikazageza ku wa 5 Nzeri 2025, yateguwe ku bufatanye na Perezida wa Senegal Bassirou Diomaye Faye, ari na we wahaye ikaze […]
Continue Reading
