Perezida Kagame yashimye imikorere y’Ikigo gikusanya amakuru y’ubuzima .

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaratiye amahanga imikorere y’Ikigo cy’Igihugu gikusanya kikanasesengura amakuru y’ubuzima cyifashishije ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (National Health Intelligence Center/ NHIC) gikomeje gufasha u Rwanda gufata ibyemezo by’ubuzima biboneye. Mu Nama Mpuzamahanga yiga ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) mu guharanira iterambere iteraniye i Geneva mu Busuwisi, Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rwungukira byinshi […]

Continue Reading

Wari umukozi wa CIA, none ategerejwe kuba Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda: Menya Nicholas Checker

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatanze izina rya Nicholas Checker nk’umukandida wo kuzibera ambasaderi mushya mu Rwanda. Perezida w’Amerika Donald Trump yashyikirije iryo zina Sena ku itariki ya 21 y’ukwa karindwi mu 2026. Ariko mbere yuko atangira inshingano, Checker agomba kubanza kwemezwa na Sena y’Amerika. Naramuka yemejwe, azasimbura Eric Kneedler, wari ambasaderi w’Amerika mu Rwanda kugeza […]

Continue Reading

Mukuru VS&L yashyize hanze umwanya w’umutoza mukuru

Ikipe ya Mukura VS&L yashyize hanze itangazo ry’akazi ku muntu wifuza gutoza iyi kipe yo mu karere ka Huye. Bimwe mu bisabwa ikipe ya Mukura yatangaje ku mutoza yifuza harimo kuba afite ibyangombwa bimwemerera gutoza mu kiciro cya mbere mu Rwanda (CAF A Diploma cyangwa UEFA Pro License cyangwa ikindi cyangombwa bihwanye), kuba amazi byibuze […]

Continue Reading

USM Alger yegukanye igikombe cya CAF Confederation Cup bwa kabiri mu mateka yayo

Ikipe ya USM Alger yo muri Algérie yegukanye igikombe cya CAF Confederation Cup nyuma yo gutsinda Zamalek yo mu Misiri kuri Penaliti 8-7 nyuma y’uko amakipe yari yanganyije igitego 1-1. Kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Gicurasi 2026 nibwo hakinwe umukino wo kwishyura wa nyuma wabereye mu Misiri hagati ya Zamalek na USM Alger. Umukino […]

Continue Reading

Perezida Xi Jinping yaburiye Trump ko ibihugu byombi bishobora kwisanga mu ntambara

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yaburiye mugenzi we, Donald Trump,wa Amerika ko ibihugu byombi bishobora kugirana amakimbirane akomeye kubera ikibazo cya Taiwan mu gihe kitakwitabwaho neza. Aya magambo akakaye, Xi Jinping yayatangaje ubwo basozaga inama yabereye i Beijing yahurije hamwe abakuru b’ibihugu byombi ndetse n’abayobozi bakuru kuri uyu wa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 mu […]

Continue Reading

Kigali: Abasore 2 bafashwe bibye moto bagiye kuyigurisha ibihumbi 100.

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yagaruje moto y’umuturage yari yibwe mu Karere ka Gicumbi, nyuma yo guhabwa amakuru n’abaturage, abayibye bagiye kuyigurisha ibihumbi 100 by’amafaranga y’u Rwanda. Polisi ivuga ko tariki ya 14 Werurwe 2026, abaturage bo mu Murenge wa Bumbogo, mu Kagali ka Mvuzo, mu Mudugudu wa Kigabiro, bayihamagaye bavuga ko […]

Continue Reading

Minisitiri Umutoni yasabye urubyiruko guhanga ibishya bifashishije ikoranabuhanga

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Umutoni Sandrine, yasabye urubyiruko kwifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI) mu guhanga ibishya hagamijwe guhangana n’imihindagurikire y’ibihe. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Kanama 2025, ubwo yifatanyaga n’urubyiruko rwo mu Karere ka Rwamagana kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’urubyiruko. Ni umunsi wabanjirijwe n’imurikabikorwa no kwerekana impano by’urubyiruko […]

Continue Reading

AFC/M23 yigaruriye akandi gace nyuma y’igitero yagabweho na Wazalendo

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafashe agace ka Mulema muri teritwari ya Masisi nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo. Ni mu gihe mu ijoro ryo ku wa 24 rishyira uwa 25 Nyakanga 2025, Wazalendo yagabye igitero ku birindiro bya AFC/M23 muri Luke na Katobotobo muri gurupoma ya Nyamaboko 1, igamije […]

Continue Reading

Aho wataramira muri izi mpera z’icyumweru

Hari ubushyuhe hanze aha, gusa birashoboka ko ubw’izi mpera z’icyumweru buzaburusha! Abashyitsi bari kugenda berekeza hirya no hino bitewe naho bifuza gutaramira, ibirori nabyo bimwe byatangiye ku mugoroba w’ejo hashize bigakomeza muri iyi weekend. Twaguteguriye urutonde rw’ibirori by’ingenzi biri kubera wakwitabira muri izi mpera z’icyumweru ku buryo wahitamo icyo wiyumvamo maze nawe ukizihirwa ari byo […]

Continue Reading