Perezida Xi Jinping yaburiye Trump ko ibihugu byombi bishobora kwisanga mu ntambara

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yaburiye mugenzi we, Donald Trump,wa Amerika ko ibihugu byombi bishobora kugirana amakimbirane akomeye kubera ikibazo cya Taiwan mu gihe kitakwitabwaho neza. Aya magambo akakaye, Xi Jinping yayatangaje ubwo basozaga inama yabereye i Beijing yahurije hamwe abakuru b’ibihugu byombi ndetse n’abayobozi bakuru kuri uyu wa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 mu […]

Continue Reading

Afurika ibyaje umusaruro umutungo ifite yatsinda ibibazo byugarije ubukungu ku Isi-Perezida Kagame.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ifite amahirwe menshi yo kuba umugabane ukize ku rwego rw’Isi, ariko ko ikibura ari ukubyaza umusaruro umutungo ifite urimo ingufu zitangiza ibidukikije, amabuye y’agaciro akenewe cyane ku Isi ndetse n’umubare munini w’abaturage bafite imbaraga zo gukora. Yashimangiye ko ibihugu bya Afurika bikwiye gushyira hamwe no […]

Continue Reading

Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga menshi – Perezida Kagame yavuze buryo Afurika yamburwa ikanahanwa.

Perezida Kagame yavuze ko ibihano bimaze iminsi bishyirirwaho ibihugu birimo n’u Rwanda, bitaboneye, kuko biba biri mu nyungu za bamwe bitewe n’ibyo bemereye ibihugu bikomeye Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’Umunyamakuru wa CNN, Eleni Giokos, gifungura inama ya Africa CEO Forum. Abayobozi barenga 2800 bitabiriye iyi nama barimo abakuru b’ibihugu n’abayobozi b’ibigo bikomeye byo […]

Continue Reading

Ngororero: Ukora kwa Muganga yatawe muri yombi akekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi wo mu rugo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore wo mu Murenge wa Gatumba, Akarere ka Ngororero, usanzwe akora kwa muganga  aho akekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi we wo mu rugo. Mu butumwa bwanyujijwe ku rubuga rwa X rwa RIB kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 13 Gicurasi 2026, yavuze ko uyu mugore afungiye kuri Sitasiyo ya RIB […]

Continue Reading

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90.

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka. Mu itangazo inzego zishinzwe ubutabazi muri Uttar Pradesh zanyujije ku mbuga nkoranyambaga zatangaje ko inkubi y’umuyaga yibasiye iyi ntara ku wa 13 Gicurasi 2026. Riti “Ibiza birimo inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura byibasiye Intara ya Uttar […]

Continue Reading

Nyanza:Polisi yafashe itsinda ry’abagabo 3 bakekwaho ubujura bwa moto.

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage bakomeje gukumira abakora ibikorwa bitemewe bihungabanya umutekano n’ituze by’abaturage birimo n’ubujura bwa Moto. Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage bakomeje gukumira abakora ibikorwa bitemewe bihungabanya umutekano n’ituze by’abaturage birimo n’ubujura bwa Moto. Ni muri urwo […]

Continue Reading

Polisi yafunze batandatu bakekwaho kubeshya ko bafasha abantu kujya kwiga muri Canada.

Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko ku bufatanye n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), yataye muri yombi abantu batandatu bakekwaho gushuka urubyiruko barwizeza kubona amahirwe yo kujya kwiga muri Canada. Ni mu itangazo RNP yashyize hanze ku wa 13 Gicurasi 2026. Mu itangazo RNP yanyujije ku mbuga nkoranyambaga yagize iti “Abafashwe barimo kubazwa kugira ngo hakorwe iperereza no […]

Continue Reading

PSG yegukanye igikombe cya Shampiyona y’Ubufaransa

Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye igikombe cya Shampiyona y’Ubufaransa, Ligue 1, ku nshuro ya 14 mu mateka yayo, ikaba inshuro ya 5 yikurikiranya. Paris Saint Germain yateye iyi ntambwe nyuma yo gutsinda Lens ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 33 wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu tariki 13 Gicurasi 2026 kuri Stade […]

Continue Reading

Peace Cup 2026: APR FC yanyagiye Etincelles isanga Rayon Sports ku mukino wa nyuma

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera Etincelles FC iyitsinze ku giteranyo cy’ibitego 6-2. APR FC yageze ku mukino wa nyuma ihasanga Rayon Sports nyuma yo gutsinda Etincelles FC ibitego 3-1 mu mukino wo kwishyura wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa gatatu tariki 13 Gicurasi 2026, […]

Continue Reading