Trump yaciye amarenga ko amasezerano yo guhagarika intambara muri Iran ari hafi kugerwaho

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko yahagaritse ibitero byari bimaze iminsi utatu yikurikiranya bigabwa kuri Iran, aca amarenga ko amasezerano yo guhagarika iyi intambara yaba agiye kugerwaho. Umwuka mubi wongeye kwaduka hagati y’imbande zombi mu minsi ishize, nyuma y’uko Amerika itangaje ko Iran yarashe indege yayo ya kajugujugu yagenzura umutekano […]

Continue Reading

Abasare batatu bo mu Buhinde baguye mu gitero cya Amerika

Leta y’u Buhinde yatangaje ko yababajwe n’ipfu z’abasare batatu baguye mu gitero cy’indege Ingabo za Amerika zikorera mu Burasirazuba bwo Hagati zagabye ku bwato barimo ubwo bwageragezaga gutambuka, aho Ingabo za Amerika zafungiye umuhoro wa Hormuz. Iri sanganya ryabaye mu ijoro rishyira ku wa Kane tariki 11 Kemena 2026, ubwo ubu bwato bwari butwaye ibikomoka […]

Continue Reading

Umuhora wa Hormuz wongeye gufungwa

Umutwe udusanzwe w’Igisirikare cya Iran, IRGC watangaje ko umuhora wa Hormuz wafunzwe, nyuma y’uko hashize iminsi itatu umwuka mubi wongeye kubura hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu itangazo ryashyizwe hanze na IRGC, yasobanuye ko umuhora wa Hormuz ufunze ndetse ko ugerageza kuhanyura afatwa nk’umwanzi cyangwa ufatanya n’umwanzi. Ni icyemejo kije nyuma […]

Continue Reading

Uganda: Ubwenegihugu bwinshi n’uburwayi byatumye ba Minisitiri batanu batarahirira inshingano

Ku wa Mbere tariki 08 Kamena ni bwo hari hateganyijwe umuhango wo kurahiza abagize Guverinoma baherutse gushyirwaho na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, ariko batanu muri bo ntibarahiriye izi nshingano kubera ikibazo cy’ubwenegihugu burenze bumwe, n’aho undi we afite ibibazo by’uburwayi. Nyuma y’uko Museveni atangaje Guverinoma y’abo bazafatanya muri manda nshya yatorewe, abayigize bagombaga […]

Continue Reading

Ibiganiro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bigeze he?

Kuri iki Cyumweru tariki 07 Kamena 2026, ni umunsi w’ijna (100) intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel batangije kuri Iran, imaze itangiye kuko yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026. Kimwe mu byo abantu bakomeje kwibaza ni iherezo ryayo, ni nyuma y’uko bemeranyije agahenge muri Mata, abantu bagatekereza ko amasezerano y’amahoro arambye yaba agiye […]

Continue Reading

Ibitero by’u Burusiya muri Ukraine byayobeye muri Romania bikomeretsa babiri

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Romania yatangaje ko indege nto zitangira abapilot(drones) z’u Burusiya zarashe ku nyubako yo guturamo iri Mujyi wa Galati uherereye mu Majyepfo y’Uburasirazuba bw’iki gihugu hakomereka abantu babiri.  Reuters yatangaje ko icyo gitero cyabaye mu ijoro ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu tariki 29 Gicurasi 2026, ubwo u Burusiya bwashakaga kurasa […]

Continue Reading

Umuyobozi w’Ingabo za Pakistan yasuye Iran

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Pakistan, Asim Munir, yagiriye uruzinduko muri Iran rwetezweho kuganirirwamo ingingo zikomeye zikomeje gutuma Leta zunze Ubumwe za Amerika na Iran batagera ku masezerano y’amahoro yo guhagarika intambara. Munir yageze muri Iran kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Gicurasi 2026 yakirwa mu cyubahiro arinzwe bikomeye. Igihugu cya Pakistan gikomeje gukora nk’umuhuza hagati […]

Continue Reading

Putin na Xi Jinping baganiriye ku muhora wa Hormuz

Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bushina Xi Jinping byibanze ku kwagura umubano n’ubucuruzi hagati y’ibihumbi byombi, ndetse n’intambara yo mu Burasirazuba bwo hagati. Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Gicurasi 2026 mu ruzinduko Putin yagiriye mu Bushinwa. Uruzinduko rwa Putin mu Bushinwa ruje rukurikira urwo […]

Continue Reading

Gusubukura ibitero kuri Iran byari kwagura intambara no mu bindi bice

Umutwe udasanzwe w’Ingabo za  Iran, IRGC watangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel iyo bibeshya bagasubukuru ibitero baherutse gusubika, intambara bahanganyemo yari gukwira mu bice birenze Uburasirazuba bwo Hagati ikomeje kuberamo. ‎Ku Cyumweru tariki 17 Gicurasi 2026 Perezida wa Amerika Donald Trump, yatangaje ko we na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, bashobora […]

Continue Reading

Uganda: Mu rugo rwa Anita Among wahoze ari Perezida w’inteko Ishinga Amategeko hasanzwe intwaro

Inzego z’Umutekano muri Uganda zafatiye intwaro mu rugo rw’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Anita Annet Among, nyuma y’iminsi itanu basaka urugo rwe. Izi ntwaro zije zikururikira gufatira imodioka ze ebyiri zirimo Range Rover na Rolls-Royce Cullinan ifite agaciro k’ibihumbi 400 by’Amadolari zajyanywe ku cyicaro cya Polisi ku wa 18 Gicurasi 2026. Among yayoboye Inteko […]

Continue Reading