Béatrice Munyenyezi yongeye gutakambarira umucamanza asaba kurenganurwa

  Ubushinjacyaha bwasabye ko Béatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya Jenoside yafungwa burundu, abunganizi be basaba ko yarekurwa.   Byasabwe kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Gashyantare ubwo Urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda, rwahaga ijambo impande zombi.   Mu gihe mu iburanisha ryabanje ijambo […]

Continue Reading

U Bubiligi bwateye ishoti icyifuzo cya Tshisekedi

  Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, yimye amatwi Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasabiye u Rwanda ibihano, ubwo yari yongeye kurushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23.   Tshisekedi yageze mu Bubiligi ku wa 28 Gashyantare 2024. Yari avuye i Luanda muri Angola, aho yaganiriye na mugenzi we, Joăo […]

Continue Reading

Iburengerazuba: Amakipe azahagararira intara mu murenge KagameCup yamenyekanye

Imikino ya nyuma yo kumenya amakipe azaserukira Intara y’iburengerazuba yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Gashyantare 2024, mu mikino y’Umurenge Kagame Cup 2023-2024, aho yasojwe hamenyekanye azahagararira ibyiciro bitandukanye.     Mu mupira w’amaguru, imikino yabereye kuri Sitade Umuganda ho mu karere ka Rubavu.     Aho mu cyiciro cy’abagabo umurenge wa Rubengera wo […]

Continue Reading

Rutsiro: Abarenga 1551 bamazaze imyaka 12 bishyuza Kiliziya Gaturika amaso yaheze mu kirere

Paruwasi ya Biruyi ibarizwa muri Kiliziya gaturika yashyizwe mu majwi n’abaturage 1551 bahoze ari abanyamuryango ba Koperative yo kubitsa no kugurizanya Coopec-Dukire yashyizwe mu bihombo kubera imicungire mibi y’umutungo, abari barabikijemo ayabo imyaka ibaye 12 barihanaguye, kuko babuze uwabarengera.     Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko Ibihombo bya Coopec Dukire byatumye ihita ifunga imiryango, […]

Continue Reading

Rutsiro: Harerimana yishwe n’Umwicanyi utaramenyekana, Umugore we arakomeretswa

Urugo rwa Harerimana Vianney wo mu karere ka Rutsiro rwatewe n’umwicanyi utaramenyekana aramwica ndetse akomeretsa umugore we.     Ibi byabaye mu rukerera rwa tariki 25 Gashyantare 2024, mu murenge wa Gihango ho mu kagari ka Ruhingo, ku isaha ya saa saba z’ijoro.     Kayitesi Dative, Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro yahamije aya makuru.   […]

Continue Reading

Pochettino yizeye ubutabera kuva ku musifuzi uzasifura umukino wa nyuma wa Carabao Cup ejo

  Ku cyumweru, Mauricio Pochettino yizeye ko umusifuzi Chris Kavanagh azabera neza impande zombi ubwo Chelsea izaba ikina na Liverpool ku mukino wanyuma wa Carabao Cup.   Pochettino aracyafite agahinda kubera ibyemezo byokwiba Chelsea muri shampiyona bagatsindirwa 4-1 i Anfield ukwezi gushize. Umutoza mukuru wa Chelsea yemeza ko Conor Gallagher na Christopher Nkunku bari bakwiye […]

Continue Reading

Rubavu: Ubuyobozi ntibuvuga rumwe n’Abaturage ku mpamvu zateye uwahoze ari Sedo kwiyahura

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kanama bwahakanye amakuru avuga ko Nzitatira Naphtal wahoze ari Sedo w’akagari yaba yiyahuye anyweye Tiyoda kubera ko yafatiye undi mugabo mu buriri bwe.       Ibi byabereye mu karere ka Rubavu, Umurenge wa Kanama ho mu kagari ka Musabike muri iki cyumweru turi kugana ku musozo.     Nzitatira wahoze ari […]

Continue Reading

Rubavu: Urujijo kuri TVET imaze imyaka 11 yubakwa ikaba itaruzura

Hari abaturage bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko batiyumvisha impamvu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (Rambo TVET) mu murenge wa Nyamyumba rimaze imyaka 11 ryubakwa ariko rikaba ritaruzura.     Ubwo imirimo y’ubwubatsi yatangiraga, Uruganda rwa Bralirwa nirwo rwemeye gutanga ingengo y’imari yagombaga kuzakoreshwa nk’umufatanyabikorwa w’Akarere, abaturage nabo batanga ubutaka rizubakwaho dore ko ryari ryitezweho guhindura […]

Continue Reading

Intambara z’urudaca zugarije Isi zateye Pasiteri Ndanyuzwe kwandika Igitabo “Love Across All Languages”

Umwanditsi w’ibitabo, Pasitori Jotham Ndanyuzwe utuye mu gihugu cya Canada, Alberta, muri Edmonton, agiye kumurika igitabo yise “Love Across All Languages”.     N’igitabo azamurika tariki ya 9 Werurwe 2024, muri Canada, ahitwa 6712 Delwood Rd Edmon.     Pasiteri Jotham usengera mu Itorero ryitwa New Jerusalem Ministries yagiranye na Rwandamews24 yatangaje ko intambara z’urudaca […]

Continue Reading

Rutsiro: Umukozi wa REG yishwe n’umuriro w’amashanyarazi

Umukozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu REG ishami rya Rutsiro, yapfuye yishwe n’amashanyarazi.     Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko Uwiringiyimana Japhet, wari umukozi wa REG yapfuye yishwe n’amashanyarazi, kuri uyu wa kabiri, tariki 20 Gashyantare 2024.     Ibi byabereye mu murenge wa Musasa, mu masaha ashyira saa 15:00′ ubwo uyu mukozi yari mukazi […]

Continue Reading