Monday, May 25, 2026

Politics

Umunyamategeko wise umuntu ‘igikuri’ yasabiwe gufungwa no kwishyura indishyi ya miliyoni 10 Frw.

Umunyamategeko usanzwe ari umuhesha w’inkiko w’Umwuga, Me Munyakaragwe Aline, yasabiwe gufungwa amezi abiri no gutanga ihazabu y’ibihumbi 200 Frw no kwishyura indishyi ya miliyoni 10 Frw, kubera kwita ‘igikuri’ Ingabire Nelly uzwi ku izina rya Mignonne usanzwe afite ubumuga bw’ubugufi bukabije. Uru rubanza rwabaye kuri uyu wa 25 Gicurasi 2026 mu Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge, […]

Ubushyamirane hagati y’umufana wa Arsenal n’uwa Manchester United muri Uganda bwasize umwe ahasize ubuzima.

Polisi ya Uganda yatangiye iperereza ku rupfu rw’umusore w’imyaka 34 usanzwe ari umumotari akaba ari n’umufana wa Arsenal FC bikekwa ko yishwe nyuma yo gushyamirana n’umufana wa Manchester United. Uru rupfu rwabaye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru saa kumi n’ebyiri n’igice i Bukuri mu Mujyi wa Kampala rwagati, nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wa Polisi yo […]

Environment

Umunyamategeko wise umuntu ‘igikuri’ yasabiwe gufungwa no kwishyura indishyi ya miliyoni 10 Frw.

Umunyamategeko usanzwe ari umuhesha w’inkiko w’Umwuga, Me Munyakaragwe Aline, yasabiwe gufungwa amezi abiri no gutanga ihazabu y’ibihumbi 200 Frw no kwishyura indishyi ya miliyoni 10 Frw, kubera kwita ‘igikuri’ Ingabire Nelly uzwi ku izina rya Mignonne usanzwe afite ubumuga bw’ubugufi bukabije. Uru rubanza rwabaye kuri uyu wa 25 Gicurasi 2026 mu Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge, […]

Ubushyamirane hagati y’umufana wa Arsenal n’uwa Manchester United muri Uganda bwasize umwe ahasize ubuzima.

Polisi ya Uganda yatangiye iperereza ku rupfu rw’umusore w’imyaka 34 usanzwe ari umumotari akaba ari n’umufana wa Arsenal FC bikekwa ko yishwe nyuma yo gushyamirana n’umufana wa Manchester United. Uru rupfu rwabaye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru saa kumi n’ebyiri n’igice i Bukuri mu Mujyi wa Kampala rwagati, nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wa Polisi yo […]

Mu mujyi wa Kigali hagiye kongerwamo bisi muri bimwe mu byerekezo by’imihanda.

Umujyi wa Kigali watangaje ko ukomeje gahunda yo kwagura ibyerekezo bijyamo bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange no kongera bisi nini zitwara abagenzi mu byerekezo bimwe bigenda byiyongeramo abazikoresha. Ubwikorezi rusange mu Mujyi wa Kigali bukomeje gushyirwamo imbaraga aho abantu bari kwitabira ikoreshwa rya bisi nk’uburyo bwo gukora ingendo umunsi ku wundi. Umuvugizi w’Umujyi […]

Follow Us

Advertisement