Monday, April 27, 2026

Politics

Uwangaga kwiyunga kuri FDLR baramwicaga: Ubuhamya bw’Abanyarwanda bavuye muri RDC.

“FDLR na Nyatura baradufataga bagashaka kutujyana kubafasha kurwana ngo turi Abanyarwanda, uwanze ku biyungaho bakamutwara mu ijoro ntitumenye aho bamutwaye, ariko nyuma bakatubwira ko bishwe.” Aya ni amwe mu magambo ya Dushime Janvier w’imyaka 28 wahungutse aturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Dushime watahutse aturutse muri Kitchanga yavuze ko umuryango we usanzwe utuye mu […]

APR na Police VC ntiziratsindwa: uko umunsi wa gatanu wa Shampiyona Nyafurika wagenze.

Amakipe abiri muri ane ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Shampiyona Nyafurika ya ‘CAVB Club Championship 2026’ ariyo APR VC, Police VC, mu makipe ane ataratsindwa mu mikino ine imaze gukinwa mu matsinda. Mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 26 Mata 2026, ni bwo hakinwe imikino y’umunsi wa Kane ibanziriza iya nyuma mu matsinda […]

Environment

Uwangaga kwiyunga kuri FDLR baramwicaga: Ubuhamya bw’Abanyarwanda bavuye muri RDC.

“FDLR na Nyatura baradufataga bagashaka kutujyana kubafasha kurwana ngo turi Abanyarwanda, uwanze ku biyungaho bakamutwara mu ijoro ntitumenye aho bamutwaye, ariko nyuma bakatubwira ko bishwe.” Aya ni amwe mu magambo ya Dushime Janvier w’imyaka 28 wahungutse aturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Dushime watahutse aturutse muri Kitchanga yavuze ko umuryango we usanzwe utuye mu […]

APR na Police VC ntiziratsindwa: uko umunsi wa gatanu wa Shampiyona Nyafurika wagenze.

Amakipe abiri muri ane ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Shampiyona Nyafurika ya ‘CAVB Club Championship 2026’ ariyo APR VC, Police VC, mu makipe ane ataratsindwa mu mikino ine imaze gukinwa mu matsinda. Mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 26 Mata 2026, ni bwo hakinwe imikino y’umunsi wa Kane ibanziriza iya nyuma mu matsinda […]

Akagunguru k’ibikomoka kuri peteroli kageze kuri 106,3$.

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 1% kubera ibiganiro bya Amerika na Iran byasubitswe, ndetse ubwato bukomeza kudatambuka mu nzira ya Hormuz. Akagunguru k’ibikomoka kuri peteroli bidatunganyije [brent crude] kazamutseho 1,3% kagera ku Madolari ya Amerika 106,3. Icyizere cyo kugaruka kw’amahoro mu Burasirazuba bwo hagati cyayoyotse ubwo Perezida Trump yasubikaga urugendo rw’itsinda ry’abayobozi ba Amerika bagombaga […]

Follow Us

Advertisement