Tuesday, May 26, 2026

Politics

Muhanga: Abantu 9 barimo umugore batawe muri yombi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabacuzi, Akarere ka Muhanga yafashe abantu 9 harimo batanu bari bafite toni imwe n’ibiro 123 by’amabuye y’agaciro na bane bacukuraga mu buryo butemewe. Iyi operasiyo yo gufata aba bantu 9 bakekwaho iki cyaha, yabaye kuri uyu Mbere taliki ya 25/05/2026 mu Kagari ka Butare, Umurenge wa Kabacuzi. Umuvugizi wa Polisi […]

Kitoko yongewe mu bazataramana na Bruce Melodie na The Ben.

Umuhanzi Kitoko Bibarwa azafatanya na Bruce Melodie na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu byiswe ‘2026 Summer Country Tour’ Umuhanzi Bruce Melodie aherutse gutangaza ko afatanyije na The Ben bazakora ibitaramo bizenguruka uturere tune tw’Iguhugu kuva ku wa 13 Kamena 2026 – 4 Nyakanga 2026. Ku ikubitiro iki gitaramo kizaba kirimo abahanzi batatu bari mu […]

Environment

Muhanga: Abantu 9 barimo umugore batawe muri yombi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabacuzi, Akarere ka Muhanga yafashe abantu 9 harimo batanu bari bafite toni imwe n’ibiro 123 by’amabuye y’agaciro na bane bacukuraga mu buryo butemewe. Iyi operasiyo yo gufata aba bantu 9 bakekwaho iki cyaha, yabaye kuri uyu Mbere taliki ya 25/05/2026 mu Kagari ka Butare, Umurenge wa Kabacuzi. Umuvugizi wa Polisi […]

Kitoko yongewe mu bazataramana na Bruce Melodie na The Ben.

Umuhanzi Kitoko Bibarwa azafatanya na Bruce Melodie na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu byiswe ‘2026 Summer Country Tour’ Umuhanzi Bruce Melodie aherutse gutangaza ko afatanyije na The Ben bazakora ibitaramo bizenguruka uturere tune tw’Iguhugu kuva ku wa 13 Kamena 2026 – 4 Nyakanga 2026. Ku ikubitiro iki gitaramo kizaba kirimo abahanzi batatu bari mu […]

Rulindo:Ikirombe cyishe babiri bacukuraga amabuye y’agaciro.

Mu kagari ka Kajevuba mu murenge wa Ntarabana w’akarere ka Rulindo abantu babiri bagwiriwe n’ikirombe bahasiga ubuzima. Abaturage aha bavuga ko abantu babiri bapfiriye mu kirombe bacukuragamo amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa gasegereti ku bw’ibyago, ikirombe kikabagwira. Nubwo aba babiri ari bo bapfuye bagwiriwe n’ikirombe, abaturage bavuga ko aha ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe busanzwe […]

Follow Us

Advertisement