Friday, July 03, 2026

Sports

Ikipe ya Police FC yibitseho abakinnyi batanu ku munsi umwe.

Ikipe ya Police FC yatangaje ko yamaze gusinyisha abakinnyi batanu bashya biganjemo abanyamahanga,n’Umunyarwanda ukina nka myugariro Rushema Chris wari usanzwe akinira ikipe ya Rayon Sports FC. Duhereye kuri myugariro Rushema Chris yasinyiye Police FC amasezerano y’imyaka ibiri nyuma yo gutandukana na Rayon Sports yaramazemo umwaka umwe. Rushema yageze muri Rayon Sports avuye mu ikipe ya […]

Politics

Abantu 30 bahitanwe n’igitero cy’u Burusiya i Kyiv

Abantu 30 bahitanwe n’igitero gikomeye cy’indege zitagira abapilote na misile u Burusiya bwagabye  ku murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira  mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 03 Nyakanga 2026.‎‎Umuyobozi w’Igisirikare cya Ukraine i Kyiv, Timur Tkachenko, yatangaje ko abantu 91 bakomerekeye muri icyo gitero ndetse ko kibasiye […]

Trump yatangaje umuhuro na Iran muri Qatar, Iran ibyamaganira kure

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko intumwa z’igihugu cye zigomba guhurira mu biganiro n’iza Iran muri Qatar mu biganiro bigamije kugera ku masezerano ya nyuma, ariko Iran ibyamaganira kure. Nyuma y’uko impande zombi zishyize umukono ku masezerano y’ibanze ku wa 17 Kamena biteganijwe ko hazakomeza kubaho ibiganiro bigamije kugera ku […]

Technology

Abanyarwanda bakoze urubuga rucururizwaho imiziki.

Urwego rw’ubuhanzi mu Rwanda rumaze igihe rugaragaza ikibazo cy’nyungu y’intica ntikize abakora umuziki bakuramo kandi baba biyushye akuya. Nubwo ibihangano byabo bikoreshwa henshi mu tubari, ku maradiyo no ku mbuga zitandukanye, benshi bavuga ko amafaranga ava muri ibyo bihangano atabageraho uko bikwiye. Mu rwego rwo gushaka igisubizo kuri iki kibazo, ‘Dream Record’ yamuritse urubuga rwa […]

Kaminuza 69% za Leta muri Afurika zikoresha Ubwenge buhangano ‘AI’ mu kwigisha.

Ubushakashatsi bwakozwe ku ikoreshwa ry’ubwenge buhangano AI muri kaminuza zo muri Afurika bwagaragaje ko Kaminuza za Leta ari zo zigerageza gukoresha iri koranabuhanga cyane mu kwigisha kuko biri ku rugero rwa 69%, mu izigenga ziri kuri 57%. Byagarutsweho mu nama ya ‘ELITE Africa Workshop’ yahuje kaminuza zitandukanye zo muri Afurika igamije kungurana ubumenyi ku ikoreshwa […]

Environment

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa.

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda cyatangaje ko mu ntangiro za Gicurasi 2026, imvura nyinshi yaguye mu kwezi gushize, izagabanukaho milimetero hafi 100 ndetse muri rusange izaba nkeya ugereranyije n’impuzandengo y’imvura yari isanzwe igwa muri uku kwezi. Meteo Rwanda yagaragaje ko mu kwezi kwa Gicurasi mu Rwanda hateganjijwe imvura iri hagati milimetero 50 na 230 kandi […]

Follow Us

Advertisement