Wednesday, June 17, 2026

Sports

Minisitiri w’Intebe yavuze intwaro enye u Rwanda rukoresha mu gukumira Ebola

Minisitiri w’Intebe yabigarutseho ubwo yahagarariraga Perezida Kagame, mu Nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma muri Afurika hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye, baganiraga ku ngamba zo guhangana n’Icyorezo cya Ebola. Inama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga. Muri iyi nama yari yitabiriwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, Minisitiri w’Intebe yashimangiye ko mu Rwanda nta Ebola ihari, ibi akaba ari umusaruro […]

Politics

Minisitiri w’Intebe yavuze intwaro enye u Rwanda rukoresha mu gukumira Ebola

Minisitiri w’Intebe yabigarutseho ubwo yahagarariraga Perezida Kagame, mu Nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma muri Afurika hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye, baganiraga ku ngamba zo guhangana n’Icyorezo cya Ebola. Inama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga. Muri iyi nama yari yitabiriwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, Minisitiri w’Intebe yashimangiye ko mu Rwanda nta Ebola ihari, ibi akaba ari umusaruro […]

Zabyaye Amahari hagati ya Bebe cool na Mutesi jolly amushinja kumurya utwe.

Miss Jolly Mutesi yibukije Umuhanzi wo muri Uganda, Bebe Cool, ko ari icyamamare atakabaye avuga ibyo abonye, atabanje gukora ubushakashatsi cyangwa ngo ashake amakuru mbere yo kuvuga ibintu bishobora kwangiza izina ry’uwo avuga. Ibi Miss Jolly Mutesi yabigarutseho ubwo yasubizaga Bebe Cool wari umaze kumushinja kuba yarigeze kumutuburira yitwaje u Rwanda n’ikipe ya Arsenal. Abinyujije […]

Environment

Minisitiri w’Intebe yavuze intwaro enye u Rwanda rukoresha mu gukumira Ebola

Minisitiri w’Intebe yabigarutseho ubwo yahagarariraga Perezida Kagame, mu Nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma muri Afurika hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye, baganiraga ku ngamba zo guhangana n’Icyorezo cya Ebola. Inama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga. Muri iyi nama yari yitabiriwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, Minisitiri w’Intebe yashimangiye ko mu Rwanda nta Ebola ihari, ibi akaba ari umusaruro […]

Zabyaye Amahari hagati ya Bebe cool na Mutesi jolly amushinja kumurya utwe.

Miss Jolly Mutesi yibukije Umuhanzi wo muri Uganda, Bebe Cool, ko ari icyamamare atakabaye avuga ibyo abonye, atabanje gukora ubushakashatsi cyangwa ngo ashake amakuru mbere yo kuvuga ibintu bishobora kwangiza izina ry’uwo avuga. Ibi Miss Jolly Mutesi yabigarutseho ubwo yasubizaga Bebe Cool wari umaze kumushinja kuba yarigeze kumutuburira yitwaje u Rwanda n’ikipe ya Arsenal. Abinyujije […]

Bimwe mu bibazo by’ingutu byugarije uburezi mu Rwanda.

Raporo nshya y’isuzuma ry’imyigire mu mashuri yo mu Rwanda, Learning Achievement in Rwandan Schools 2025, LARS 2025, igaragaza ko nubwo hari aho abanyeshuri bagaragaza iterambere, hari ibibazo bikomeye bikomeje kugira ingaruka ku ireme ry’uburezi, by’umwihariko mu gusoma no gusobanukirwa mu Cyongereza n’Imibare. Iri suzuma ryakozwe muri Gicurasi 2025 n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, […]

Follow Us

Advertisement