Friday, May 15, 2026

Politics

Perezida Xi Jinping yaburiye Trump ko ibihugu byombi bishobora kwisanga mu ntambara

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yaburiye mugenzi we, Donald Trump,wa Amerika ko ibihugu byombi bishobora kugirana amakimbirane akomeye kubera ikibazo cya Taiwan mu gihe kitakwitabwaho neza. Aya magambo akakaye, Xi Jinping yayatangaje ubwo basozaga inama yabereye i Beijing yahurije hamwe abakuru b’ibihugu byombi ndetse n’abayobozi bakuru kuri uyu wa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 mu […]

Afurika ibyaje umusaruro umutungo ifite yatsinda ibibazo byugarije ubukungu ku Isi-Perezida Kagame.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ifite amahirwe menshi yo kuba umugabane ukize ku rwego rw’Isi, ariko ko ikibura ari ukubyaza umusaruro umutungo ifite urimo ingufu zitangiza ibidukikije, amabuye y’agaciro akenewe cyane ku Isi ndetse n’umubare munini w’abaturage bafite imbaraga zo gukora. Yashimangiye ko ibihugu bya Afurika bikwiye gushyira hamwe no […]

Environment

Perezida Xi Jinping yaburiye Trump ko ibihugu byombi bishobora kwisanga mu ntambara

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yaburiye mugenzi we, Donald Trump,wa Amerika ko ibihugu byombi bishobora kugirana amakimbirane akomeye kubera ikibazo cya Taiwan mu gihe kitakwitabwaho neza. Aya magambo akakaye, Xi Jinping yayatangaje ubwo basozaga inama yabereye i Beijing yahurije hamwe abakuru b’ibihugu byombi ndetse n’abayobozi bakuru kuri uyu wa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 mu […]

Afurika ibyaje umusaruro umutungo ifite yatsinda ibibazo byugarije ubukungu ku Isi-Perezida Kagame.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ifite amahirwe menshi yo kuba umugabane ukize ku rwego rw’Isi, ariko ko ikibura ari ukubyaza umusaruro umutungo ifite urimo ingufu zitangiza ibidukikije, amabuye y’agaciro akenewe cyane ku Isi ndetse n’umubare munini w’abaturage bafite imbaraga zo gukora. Yashimangiye ko ibihugu bya Afurika bikwiye gushyira hamwe no […]

Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga menshi – Perezida Kagame yavuze buryo Afurika yamburwa ikanahanwa.

Perezida Kagame yavuze ko ibihano bimaze iminsi bishyirirwaho ibihugu birimo n’u Rwanda, bitaboneye, kuko biba biri mu nyungu za bamwe bitewe n’ibyo bemereye ibihugu bikomeye Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’Umunyamakuru wa CNN, Eleni Giokos, gifungura inama ya Africa CEO Forum. Abayobozi barenga 2800 bitabiriye iyi nama barimo abakuru b’ibihugu n’abayobozi b’ibigo bikomeye byo […]

Follow Us

Advertisement