Monday, May 18, 2026

Politics

Amerika na Israel bashobora gusubukura ibitero kuri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora guhura n’akaga gakomeye, mu gihe yakomeza kwinangira akanga gusinya amazerano yo guhagarika intambara bahanganyemo.‎‎Trump yabitangaje unyuze ku rubuga rwa Truth Social kuri iki Cymweru, avuga ko igihe gikomeje kugenda ndetse ko bigabanya amahirwe ya Iran yo gusinya amasezerani yo guhagarika intambara.‎‎Iran ihakana […]

Yampano Yatandukanye n’umugore we.

Uwari Umugore w’Umuhanzi yampano abinyujije mu kiganiro kuri Tiktok ubwo yaganiraga n’umu influencer uzwi kw’izina rya Godfather yahamije ko yamaze gutandukana n’uyu muhanzi. Uyu mugore akaba yemeje ko bamaze gutandukana ndetde biba mu buryo bubi. nyuma y’uko Yampano amukubise ndetse akanamugongesha imodoka ari kuri moto, kubw’amahirwe ntahasige ubuzima ariko agakomereka cyane we n’umu Motari wari […]

Environment

Amerika na Israel bashobora gusubukura ibitero kuri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko Iran ishobora guhura n’akaga gakomeye, mu gihe yakomeza kwinangira akanga gusinya amazerano yo guhagarika intambara bahanganyemo.‎‎Trump yabitangaje unyuze ku rubuga rwa Truth Social kuri iki Cymweru, avuga ko igihe gikomeje kugenda ndetse ko bigabanya amahirwe ya Iran yo gusinya amasezerani yo guhagarika intambara.‎‎Iran ihakana […]

Yampano Yatandukanye n’umugore we.

Uwari Umugore w’Umuhanzi yampano abinyujije mu kiganiro kuri Tiktok ubwo yaganiraga n’umu influencer uzwi kw’izina rya Godfather yahamije ko yamaze gutandukana n’uyu muhanzi. Uyu mugore akaba yemeje ko bamaze gutandukana ndetde biba mu buryo bubi. nyuma y’uko Yampano amukubise ndetse akanamugongesha imodoka ari kuri moto, kubw’amahirwe ntahasige ubuzima ariko agakomereka cyane we n’umu Motari wari […]

Imipaka uhuza u Rwanda na Goma muri RDC yafunzwe mu kwirinda ikwirakwira rya Ebola

Kuva kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Gicurasi 2026, u Rwanda rwafunze by’agateganyo imipaka ihuza Rubavu na Goma kubera icyorezo cya Ebola gikomeje gukwirakwira muri Repubulika Iharabira Demokalasi ya Congo (RDC)‎‎Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yabwiye IGIHE ko iki cyemezo kigamije kurinda ubuzima bw’abaturage, anasaba abaturage kwihanganira izi mpinduka.‎‎Imipaka ya Petite Barrière, Grande Barrière […]

Follow Us

Advertisement