Friday, May 01, 2026

Politics

Sabah FK ya Joy Lance Mickels yegukanye Igikombe cya Shampiyona.

Sabah FK ikinamo Umunyarwanda Joy Lance Mickels, yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya mbere muri Azerbaijan cya 2025/26. Iyi kipe yabigezeho nyuma y’aho Qarabağ FK ya kabiri yatsinzwe na FK Neftchi ibitego 2-1 mu mukino wabaye kuri uyu wa Kane, tariki ya 30 Mata 2026. Gutsindwa uyu mukino kuri Qarabağ FK byatumye ikinyuranyo cy’amanota ari […]

Amerika yafatiye ibihano Joseph Kabila.

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zatangaje ko zafatiye ibihano Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Urwego rw’iki gihugu rushinzwe imari ni rwo rwatangaje ko rwafatiye ibihano uriya mugabo wayoboye Congo Kinshasa mu gihe cy’imyaka 18. Ni nyuma y’uko Leta ya RDC yakunze kumushinja guha ubufasha inyeshyamba zo mu mutwe […]

Environment

Sabah FK ya Joy Lance Mickels yegukanye Igikombe cya Shampiyona.

Sabah FK ikinamo Umunyarwanda Joy Lance Mickels, yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya mbere muri Azerbaijan cya 2025/26. Iyi kipe yabigezeho nyuma y’aho Qarabağ FK ya kabiri yatsinzwe na FK Neftchi ibitego 2-1 mu mukino wabaye kuri uyu wa Kane, tariki ya 30 Mata 2026. Gutsindwa uyu mukino kuri Qarabağ FK byatumye ikinyuranyo cy’amanota ari […]

Amerika yafatiye ibihano Joseph Kabila.

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zatangaje ko zafatiye ibihano Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Urwego rw’iki gihugu rushinzwe imari ni rwo rwatangaje ko rwafatiye ibihano uriya mugabo wayoboye Congo Kinshasa mu gihe cy’imyaka 18. Ni nyuma y’uko Leta ya RDC yakunze kumushinja guha ubufasha inyeshyamba zo mu mutwe […]

Nyanza: Abaganga bane bakekwaho gutanga serivisi mbi ku mubyeyi warugiye kubyara bafunzwe.

Itsinda ry’abakozi bane b’Ibitaro by’Akarere bya Nyanza, barimo umuganga umwe n’ababyaza batatu, batawe muri yombi bakekwaho guha serivisi mbi umubyeyi witeguraga kubyara bikamuviramo ingorane. Ni igikorwa cyabaye mu mwaka wa 2025, ariko umubyeyi ageza ikirego ku Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), vuba, abo baganga bahita batabwa muri yombi ku wa 28 Mata 2026. Amakuru avuga ko […]

Follow Us

Advertisement