Thursday, May 07, 2026

Politics

Yabeshye abaturage ko azabazanira amabuye mu isanzure.

Polisi ya Uganda yatangaje ko yafashe umugabo witwa Jonathan Ahimbisibwe wo mu gace ka Makindye, akurikiranyweho ibikorwa byo kwiyitirira umwuga w’umuhanga mu by’isanzure (astronaut) kugira ngo ashuke abaturage. Uyu mugabo ashinjwa kwakira amafaranga y’abantu batandukanye ababwira ko ashobora kubagezaho amabuye akomoka ku kwezi. Polisi ivuga ko ayo masezerano yakoreshwaga nk’amayeri yo kubambura amafaranga. Bamwe mu […]

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yasabwe ibisobanuro ku bibazo uruhuri biri mu buhinzi.

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, yasabye Minisitiri w’Intebe kuyigaragariza uko Guverinoma izakemura ibibazo bikigaragara mu ishoramari mu rwego rw’ubuhinzi. Byagarutsweho kuri uyu wa 6 Gicurasi 2026 ubwo Komisiyo y’Ubukungu n’Ubucuruzi yagezaga ku Nteko Rusange raporo yakozwe ku isesengura rya raporo y’ibikorwa bya Banki Nkuru y’u Rwanda byo kuva ku itariki ya mbere Nyakanga 2024 kugeza […]

Environment

Yabeshye abaturage ko azabazanira amabuye mu isanzure.

Polisi ya Uganda yatangaje ko yafashe umugabo witwa Jonathan Ahimbisibwe wo mu gace ka Makindye, akurikiranyweho ibikorwa byo kwiyitirira umwuga w’umuhanga mu by’isanzure (astronaut) kugira ngo ashuke abaturage. Uyu mugabo ashinjwa kwakira amafaranga y’abantu batandukanye ababwira ko ashobora kubagezaho amabuye akomoka ku kwezi. Polisi ivuga ko ayo masezerano yakoreshwaga nk’amayeri yo kubambura amafaranga. Bamwe mu […]

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yasabwe ibisobanuro ku bibazo uruhuri biri mu buhinzi.

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, yasabye Minisitiri w’Intebe kuyigaragariza uko Guverinoma izakemura ibibazo bikigaragara mu ishoramari mu rwego rw’ubuhinzi. Byagarutsweho kuri uyu wa 6 Gicurasi 2026 ubwo Komisiyo y’Ubukungu n’Ubucuruzi yagezaga ku Nteko Rusange raporo yakozwe ku isesengura rya raporo y’ibikorwa bya Banki Nkuru y’u Rwanda byo kuva ku itariki ya mbere Nyakanga 2024 kugeza […]

Ku nshuro ya mbere ye, Umuhanzi Olamide agiye gutaramira i Kigali.

Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026. Iki gitaramo kiswe ‘‘Party Next Door: BAL Edition”. Kizabera muri Zaria Court ku bufatanye na RwandAir, Visit Rwanda ndetse na BAL. Olamide […]

Follow Us

Advertisement