Sports
Ikipe ya Police FC yibitseho abakinnyi batanu ku munsi umwe.
Ikipe ya Police FC yatangaje ko yamaze gusinyisha abakinnyi batanu bashya biganjemo abanyamahanga,n’Umunyarwanda ukina nka myugariro Rushema Chris wari usanzwe akinira ikipe ya Rayon Sports FC. Duhereye kuri myugariro Rushema Chris yasinyiye Police FC amasezerano y’imyaka ibiri nyuma yo gutandukana na Rayon Sports yaramazemo umwaka umwe. Rushema yageze muri Rayon Sports avuye mu ikipe ya […]
Politics
Ntabwo tubarasaho: Trump ku Banya-Iran bari mu kiriyo cya Khamenei
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko batari burase muri Iran mu gihe bari mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga, Ayattolah Ali Khamenei kuko bagikeneye uwo baganira na we. Mu minsi ishize Iran yagaragaje impungenge ko Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashobora kurogoya ibikorwa […]
Mojtaba yatinye abamugirira nabi ntiyitabira ishyingurwa rya se
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei ntabwo izitabira umuhango wa gushyingura se waguye mu bitero bya Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 28 Gashyantare 2026, kubera impamvu z’umutekano we. Kuva ku wa Gatanu tariki 03 Nyakanga, kugeza tariki 09 Nyakanga 2026 Abanya-Iran n’inshuti zabo bari mu kiriyo cyo gusezera bwa nyuma kuri, […]
Technology
Abanyarwanda bakoze urubuga rucururizwaho imiziki.
Urwego rw’ubuhanzi mu Rwanda rumaze igihe rugaragaza ikibazo cy’nyungu y’intica ntikize abakora umuziki bakuramo kandi baba biyushye akuya. Nubwo ibihangano byabo bikoreshwa henshi mu tubari, ku maradiyo no ku mbuga zitandukanye, benshi bavuga ko amafaranga ava muri ibyo bihangano atabageraho uko bikwiye. Mu rwego rwo gushaka igisubizo kuri iki kibazo, ‘Dream Record’ yamuritse urubuga rwa […]
Kaminuza 69% za Leta muri Afurika zikoresha Ubwenge buhangano ‘AI’ mu kwigisha.
Ubushakashatsi bwakozwe ku ikoreshwa ry’ubwenge buhangano AI muri kaminuza zo muri Afurika bwagaragaje ko Kaminuza za Leta ari zo zigerageza gukoresha iri koranabuhanga cyane mu kwigisha kuko biri ku rugero rwa 69%, mu izigenga ziri kuri 57%. Byagarutsweho mu nama ya ‘ELITE Africa Workshop’ yahuje kaminuza zitandukanye zo muri Afurika igamije kungurana ubumenyi ku ikoreshwa […]
Environment
Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa.
Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda cyatangaje ko mu ntangiro za Gicurasi 2026, imvura nyinshi yaguye mu kwezi gushize, izagabanukaho milimetero hafi 100 ndetse muri rusange izaba nkeya ugereranyije n’impuzandengo y’imvura yari isanzwe igwa muri uku kwezi. Meteo Rwanda yagaragaje ko mu kwezi kwa Gicurasi mu Rwanda hateganjijwe imvura iri hagati milimetero 50 na 230 kandi […]
-
Dale18 commented on Perezida Tshisekedi wa Congo yatumiye Ndayishimiye w’u Burundi ngo baganire: https://shorturl.fm/eh0YD
-
Kiley2090 commented on Rayon Sports yatangaje umutoza mushya w’abazamu: https://shorturl.fm/UKDS8
-
Neil3317 commented on RIB yakiriye ikirego cya Shaddy Boo wavuye gutanga ikizamini nyuma yo “gusambanywa”.: https://shorturl.fm/28DYx
-
333985.com commented on Chris Brown yasomye umugore imbere y’umugabo we.: Enjoy every single day
-
Edgar2351 commented on Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe atemwe ijosi: https://shorturl.fm/xeAYm


