Thursday, May 28, 2026

Politics

Kenya: Abanyeshuri b’abakobwa 16 bishwe n’inkongi y’umuriro.

Abanyeshuri b’abakobwa 16 baguye mu nkongi y’umuriro yibasiye ishuri ryisumbuye rya Utumishi Girls School riherereye mu Mujyi wa Gilgil muri Kenya. Iyi nkongi yatangiye mu masaha y’igicuku gishyira kuri uyu wa Kane ubwo abanyeshuri bari baryamye. Yibasiye icyumba kiraramo abanyeshuri bagera kuri 220. Bahise batangira kugerageza guhunga iyi nkongi bitera umuvundo ukomeye, aho abagera kuri […]

Dr Semwaga Emmanuel wafashaga mu kubyara yarafunzwe! Abantu 50 buri munsi yafashaga bazaba aba nde ?.

Ibitaro yakoragaho bivuga ko yari afite ubushobozi bwo kwakira abakiriya 50 ku munsi bakeneye ziriya serivisi z’urubyaro. Yari umuganga muri ‘Mediheal Diagnostic and Fertility Centre’ Ibitaro byo mu mujyi wa Kigali. Nyuma y’ibyumweru bibiri afungiye muri kasho, Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo muri gereza ya Mageragere. Dr Semwaga Emmanuel ari […]

Environment

Kenya: Abanyeshuri b’abakobwa 16 bishwe n’inkongi y’umuriro.

Abanyeshuri b’abakobwa 16 baguye mu nkongi y’umuriro yibasiye ishuri ryisumbuye rya Utumishi Girls School riherereye mu Mujyi wa Gilgil muri Kenya. Iyi nkongi yatangiye mu masaha y’igicuku gishyira kuri uyu wa Kane ubwo abanyeshuri bari baryamye. Yibasiye icyumba kiraramo abanyeshuri bagera kuri 220. Bahise batangira kugerageza guhunga iyi nkongi bitera umuvundo ukomeye, aho abagera kuri […]

Dr Semwaga Emmanuel wafashaga mu kubyara yarafunzwe! Abantu 50 buri munsi yafashaga bazaba aba nde ?.

Ibitaro yakoragaho bivuga ko yari afite ubushobozi bwo kwakira abakiriya 50 ku munsi bakeneye ziriya serivisi z’urubyaro. Yari umuganga muri ‘Mediheal Diagnostic and Fertility Centre’ Ibitaro byo mu mujyi wa Kigali. Nyuma y’ibyumweru bibiri afungiye muri kasho, Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo muri gereza ya Mageragere. Dr Semwaga Emmanuel ari […]

Abagura indaya baburiwe – icyo itegeko rivuga

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwibukije Abanyarwanda ko gutanga amafaranga cyangwa ikindi gihembo, ikiguzi hagamijwe gukora imibonano mpuzabitsina ari icyaha gihanwa n’amategeko y’u Rwanda. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, ku wa 25 Gicurasi 2026, mu kiganiro cyateguwe ku bufatanye bwa Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) na RIB, cyagarukaga ku kurwanya ibikorwa byo […]

Follow Us

Advertisement