Monday, May 04, 2026

Politics

Ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz bugiye gutangira kurindirwa umutekano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,  Donald Trump, yatangaje ko Ingabo z’iki gihugu zigiye gutangira kurindira umutekano ubwato  bunyura mu muhora wa Hormz.‎‎Ubuyobozi bw’Ingabo za Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati, CENTCOM, bwavuze ko ibi bizakorwa binyuze mu gushyira amato  mu muhora wa Hormuz ya gisirikare arasa za misile ndetse n’indege zirenga 100, hamwe n’abasirikare […]

Umusifuzi wagaragaye akubita umugeri umukinnyi wa Mukura ashobora gufatirwa ibihano.

Ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs yamaze kurega umusifuzi Nsengiyumva Jean Paul wakubise myugariro wayo umugeri mu bugabo, mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Uyu mugeri watewe Mbonyamahoro Serieux watumye uyu mukinnyi ajyanwa kwa muganga. Ibi byabaye mu mukino Mukura VS yatsindiwe mu rugo na Rutsiro ibitego 2-1. Hari mu mukino w’umunsi wa […]

Environment

Ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz bugiye gutangira kurindirwa umutekano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,  Donald Trump, yatangaje ko Ingabo z’iki gihugu zigiye gutangira kurindira umutekano ubwato  bunyura mu muhora wa Hormz.‎‎Ubuyobozi bw’Ingabo za Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati, CENTCOM, bwavuze ko ibi bizakorwa binyuze mu gushyira amato  mu muhora wa Hormuz ya gisirikare arasa za misile ndetse n’indege zirenga 100, hamwe n’abasirikare […]

Umusifuzi wagaragaye akubita umugeri umukinnyi wa Mukura ashobora gufatirwa ibihano.

Ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs yamaze kurega umusifuzi Nsengiyumva Jean Paul wakubise myugariro wayo umugeri mu bugabo, mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Uyu mugeri watewe Mbonyamahoro Serieux watumye uyu mukinnyi ajyanwa kwa muganga. Ibi byabaye mu mukino Mukura VS yatsindiwe mu rugo na Rutsiro ibitego 2-1. Hari mu mukino w’umunsi wa […]

Manchester United yabonye itike ya Champions League itsinze mukeba Liverpool.

‎Ikipe ya Manchester United yabonye itike yo gukina imikino ya UEFA Champions League y’umwaka utaha nyuma yo gutsinda Liverpool ibitego 3-2 mu mukino wa Shampiyona y’u Bwongereza wabereye kuri Stade ya Old Trafford kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026. ‎Imbere y’abafana 74,027, Manchester United yatozwaga na Michael Carrick yinjiye mu mukino isatira cyane […]

Follow Us

Advertisement