Wednesday, May 27, 2026

Politics

Mifotra yashyize umucyo ku cyiswe izamuka ry’umushahara w’abakozi ba Leta.

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda, yatangaje ko ibyo abantu bamwe bise izamuka ry’imishahara ku bayobozi bo mu bigo bya Leta atari byo, igaragaza ko nta mpinduka zabayeho ku mafaranga abakozi batahana. MIFOTRA yatangaje ko hashingiwe ku ku iteka ryasohotse mu igazeti ya Leta ku wa 23 Mata 2026 rihindura itegeko nimero 017/2020 ryo […]

Kigali: Umusore wishimiraga igikombe Arsenal yatwaye yapfuye bitunguranye

Umusore w’imyaka 28 witwa Tuyishimire Leandre wari utuye mu Mujyi wa Kigali, mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kinyinya, mu Kagari ka Kagugu ahazwi nka Batsinda, yapfuye bitunguranye hakekwa inzoga zizwi nk’ibyuma yari amaze iminsi asangira na bagenzi be bishimira igikombe cya shampiyona ikipe ya Arsenal yatwaye. Ibi byabaye ku wa Kabiri tariki 26 Gicurasi […]

Environment

Mifotra yashyize umucyo ku cyiswe izamuka ry’umushahara w’abakozi ba Leta.

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda, yatangaje ko ibyo abantu bamwe bise izamuka ry’imishahara ku bayobozi bo mu bigo bya Leta atari byo, igaragaza ko nta mpinduka zabayeho ku mafaranga abakozi batahana. MIFOTRA yatangaje ko hashingiwe ku ku iteka ryasohotse mu igazeti ya Leta ku wa 23 Mata 2026 rihindura itegeko nimero 017/2020 ryo […]

Kigali: Umusore wishimiraga igikombe Arsenal yatwaye yapfuye bitunguranye

Umusore w’imyaka 28 witwa Tuyishimire Leandre wari utuye mu Mujyi wa Kigali, mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kinyinya, mu Kagari ka Kagugu ahazwi nka Batsinda, yapfuye bitunguranye hakekwa inzoga zizwi nk’ibyuma yari amaze iminsi asangira na bagenzi be bishimira igikombe cya shampiyona ikipe ya Arsenal yatwaye. Ibi byabaye ku wa Kabiri tariki 26 Gicurasi […]

Iran yashinje Amerika kurenga ku gahenge, iteguza kwihorera.

Guverinoma ya Iran yatangaje ko igitero Amerika yagabye mu Ntara ya Hormozgan mu majyepfo y’igihugu kigamije kwangiza aharasirwa missiles n’ubwato hafi y’inzira ya Hormuz, ari uburyo bwo kurenga ku gahenge impande zombi zumvikanyeho Ku wa 26 Gicurasi, Ingabo za Amerika ziri mu Burasirazuba bwo hagati zagabye igitero mu majyepfo ya Iran hagamijwe kurasa ubwato bashinja […]

Follow Us

Advertisement