Saturday, May 02, 2026

Politics

Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Kiliziya Gatolika yiteguye Gukoresha ubwenge buhangano (AI) mu iyogezabutumwa.

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Kiliziya Gatolika yiteguye kwinjira byimazeyo mu ikoreshwa ry’ubwenge buhangano (AI) mu iyogezabutumwa, mu rwego rwo kugera ku bantu benshi cyane cyane urubyiruko ruri mu isi y’ikoranabuhanga. Yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Gicurasi 2026, […]

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025.

Gufata ibyemezo bidakurikije amategeko byatumye Leta y’u Rwanda ijya mu manza n’abakozi ndetse itsindwa  23% byazo mu mwaka ushize wa 2025, yishyura asaga miliyoni 46 Frw arimo n’indishyi z’akababaro. Raporo y’ibikorwa by’umwaka wa 2024/2025 ya Komisiyo y’ Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), igaragaza ko yakurikiranye imanza zirebana n’umurimo zaciwe, igasanga inzego za Leta 22 […]

Environment

Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Kiliziya Gatolika yiteguye Gukoresha ubwenge buhangano (AI) mu iyogezabutumwa.

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Kiliziya Gatolika yiteguye kwinjira byimazeyo mu ikoreshwa ry’ubwenge buhangano (AI) mu iyogezabutumwa, mu rwego rwo kugera ku bantu benshi cyane cyane urubyiruko ruri mu isi y’ikoranabuhanga. Yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Gicurasi 2026, […]

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025.

Gufata ibyemezo bidakurikije amategeko byatumye Leta y’u Rwanda ijya mu manza n’abakozi ndetse itsindwa  23% byazo mu mwaka ushize wa 2025, yishyura asaga miliyoni 46 Frw arimo n’indishyi z’akababaro. Raporo y’ibikorwa by’umwaka wa 2024/2025 ya Komisiyo y’ Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta (NPSC), igaragaza ko yakurikiranye imanza zirebana n’umurimo zaciwe, igasanga inzego za Leta 22 […]

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa.

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda cyatangaje ko mu ntangiro za Gicurasi 2026, imvura nyinshi yaguye mu kwezi gushize, izagabanukaho milimetero hafi 100 ndetse muri rusange izaba nkeya ugereranyije n’impuzandengo y’imvura yari isanzwe igwa muri uku kwezi. Meteo Rwanda yagaragaje ko mu kwezi kwa Gicurasi mu Rwanda hateganjijwe imvura iri hagati milimetero 50 na 230 kandi […]

Follow Us

Advertisement