Sports
Dore ibyiza byo kubaho Utuje kandi Uvuga make.
Wigeze ubona umuntu utajya azamura ijwi rye iyo ari gutongana? Wa muntu haba ikibazo abantu bose bakabura amahwemo, ariko we akaba atuje? Wa muntu utavuga amagambo menshi y’ubusa ahubwo akavuga make y’ingenzi? Uwo muntu aba afite imbaraga nyinshi kurusha uko abantu babitekereza. Abantu benshi bitiranya gutuza no kutita ku bintu. Batekereza ko umuntu uvugira hejuru […]
Politics
Dore ibyiza byo kubaho Utuje kandi Uvuga make.
Wigeze ubona umuntu utajya azamura ijwi rye iyo ari gutongana? Wa muntu haba ikibazo abantu bose bakabura amahwemo, ariko we akaba atuje? Wa muntu utavuga amagambo menshi y’ubusa ahubwo akavuga make y’ingenzi? Uwo muntu aba afite imbaraga nyinshi kurusha uko abantu babitekereza. Abantu benshi bitiranya gutuza no kutita ku bintu. Batekereza ko umuntu uvugira hejuru […]
Perezida Tshisekedi wa Congo yatumiye Ndayishimiye w’u Burundi ngo baganire
Perezida Évariste Ndayishimiye w’u Burundi ategerejwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yatumiwemo na mugenzi we Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, rurangwa n’ibikorwa binyuranye birimo ibiganiro bibera mu muhezo. Uru ruzinduko ruteganyijwe gutangira none ku wa Mbere tariki 22 Kamena 2026 nk’uko byemejwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri DRC. Itangazo rashyizwe hanze […]
Environment
Dore ibyiza byo kubaho Utuje kandi Uvuga make.
Wigeze ubona umuntu utajya azamura ijwi rye iyo ari gutongana? Wa muntu haba ikibazo abantu bose bakabura amahwemo, ariko we akaba atuje? Wa muntu utavuga amagambo menshi y’ubusa ahubwo akavuga make y’ingenzi? Uwo muntu aba afite imbaraga nyinshi kurusha uko abantu babitekereza. Abantu benshi bitiranya gutuza no kutita ku bintu. Batekereza ko umuntu uvugira hejuru […]
Perezida Tshisekedi wa Congo yatumiye Ndayishimiye w’u Burundi ngo baganire
Perezida Évariste Ndayishimiye w’u Burundi ategerejwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yatumiwemo na mugenzi we Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, rurangwa n’ibikorwa binyuranye birimo ibiganiro bibera mu muhezo. Uru ruzinduko ruteganyijwe gutangira none ku wa Mbere tariki 22 Kamena 2026 nk’uko byemejwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri DRC. Itangazo rashyizwe hanze […]
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yamaze kwegura.
Sir Keir Starmer wari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kuva muri Nyakanga 2024, yeguye nyuma y’iminsi yotswa igitutu n’abarimo abahoze bamushyigikiye. Kuri uyu wa 22 Kamena 2026, Sir Starmer yamenyesheje Abongereza ko yanafashe icyemezo cyo kwegura ku mwanya wa Perezida w’ishyaka ry’Abakozi (Labour). Sir Starmer yasobanuye ko icyemezo cyo kwegura ku myanya yombi kigamije gushyira imbere […]
-
333985.com commented on Chris Brown yasomye umugore imbere y’umugabo we.: Enjoy every single day
-
Edgar2351 commented on Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe atemwe ijosi: https://shorturl.fm/xeAYm
-
Finn460 commented on Imirimo itangwa n’inganda z’imyenda izikuba gatanu mu myaka itatu iri imbere.: https://shorturl.fm/eF7o0
-
Celia1899 commented on Ibikubiye mu masezerano y’ibanze Iran na Amerika byitegura gusinya: https://shorturl.fm/eF7o0
-
Ruben4308 commented on Ngoma: Babanyeshuri babiri baherutse gukubita animatrice bakatiwe gufungwa: https://shorturl.fm/YRyYY


