Friday, June 05, 2026

Politics

America yizeye ko u Rwanda ruzacyura ingabo rufite muri Congo.

Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yabwiye Abadepite ko afite icyizere ko u Rwanda ruzacyura ingabo zarwo ziri muri Congo. Ku mugaragaro ntabwo u Rwanda rwigeze rwemera ko rufite ingabo ku butaka bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyakora ruvuga ko rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi za kurinda imbibe zarwo. Ubwo yaganiraga n’Abadepite […]

Isomwa ry’urubanza ruregwamo Yampano ryasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ruregwamo Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano wasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ubushinjacyaha bwari bwasabye Urukiko kumufunga by’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho birimo icyo gukubita no gukomeretsa, ubwinjiracyaha mu cyaha cy’ubwicanyi, ifungiranwa ry’umuntu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwangiza ikintu cy’undi n’ibindi. […]

Environment

America yizeye ko u Rwanda ruzacyura ingabo rufite muri Congo.

Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yabwiye Abadepite ko afite icyizere ko u Rwanda ruzacyura ingabo zarwo ziri muri Congo. Ku mugaragaro ntabwo u Rwanda rwigeze rwemera ko rufite ingabo ku butaka bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyakora ruvuga ko rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi za kurinda imbibe zarwo. Ubwo yaganiraga n’Abadepite […]

Isomwa ry’urubanza ruregwamo Yampano ryasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ruregwamo Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano wasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ubushinjacyaha bwari bwasabye Urukiko kumufunga by’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho birimo icyo gukubita no gukomeretsa, ubwinjiracyaha mu cyaha cy’ubwicanyi, ifungiranwa ry’umuntu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwangiza ikintu cy’undi n’ibindi. […]

Ku myaka 42 yiga mu wa mbere ‘secondaire’: Inkuru ya Gumyusenge

Gumyusenge Jean Pierre ni umugabo w’abana bane w’imyaka 42 wiga mu mashuri yisumbuye mu mwaka wa mbere. Yavukiye mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo, igihe cyo kujya kwiga kigeze ajyayo nk’abandi bana, ariko kubera ubushobozi buke byatumye ava mu ishuri ageze mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza. Uyu munyeshuri utangaza benshi ubwo yari mu […]

Follow Us

Advertisement