Wednesday, May 13, 2026

Politics

Gen.Mamadi Doumbouya wa Guinea yabaye Umukuru w’Igihugu wa mbere ugeze mu Rwanda mu bahategerejwe.

Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea, yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo muri Afurika (Africa CEO Forum), itegerejwemo Abakuru b’Ibihugu batandatu, barimo n’u Rwanda Paul Kagame. Mamadi Doumbouya yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Gicurasi 2026, aho ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’u […]

Perezida w’u Bufaransa Macron yishimiye ibihe yagiriye muri Kenya birimo gusonga kawunga no kuyirya.

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje ibyishimo yatewe n’ibihe byiza yagiriye muri Kenya, birimo gusonga (kwarika) ubugari bwa kawunga no kuburisha imboga za Sukuma Wiki zikunzwe muri Kenya. Mu mashusho yashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida Emmanuel Macron yashimiye Igihugu cya Kenya n’Umukuru wacyo, William Ruto. Ni nyuma yuko i Nairobi […]

Environment

Gen.Mamadi Doumbouya wa Guinea yabaye Umukuru w’Igihugu wa mbere ugeze mu Rwanda mu bahategerejwe.

Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea, yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo muri Afurika (Africa CEO Forum), itegerejwemo Abakuru b’Ibihugu batandatu, barimo n’u Rwanda Paul Kagame. Mamadi Doumbouya yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Gicurasi 2026, aho ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’u […]

Perezida w’u Bufaransa Macron yishimiye ibihe yagiriye muri Kenya birimo gusonga kawunga no kuyirya.

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje ibyishimo yatewe n’ibihe byiza yagiriye muri Kenya, birimo gusonga (kwarika) ubugari bwa kawunga no kuburisha imboga za Sukuma Wiki zikunzwe muri Kenya. Mu mashusho yashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida Emmanuel Macron yashimiye Igihugu cya Kenya n’Umukuru wacyo, William Ruto. Ni nyuma yuko i Nairobi […]

Bien Aimé yongewe mu bazaririmba mu mikino ya nyuma ya BAL i Kigali.

Umuhanzi Bien-Aimé Baraza wo muri Kenya, yongewe mu bazataramira abazitabira Imikino ya nyuma y’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) rigiye kubera mu Mujyi wa Kigali. Iri rushanwa rya BAL rigarutse mu Rwanda ku nshuro ya gatandatu rizatangira ku wa 22 kugeza ku wa 31 Gicurasi 2026. Ni mu mikino izabera muri BK Arena, ndetse abahanzi […]

Follow Us

Advertisement