Wednesday, June 10, 2026

Politics

Amerika yategetse u Bubiligi kutemerera Abanye-Congo kubwinjiramo.

Leta Zuzunze Ubumwe za Amerika zasabye u Bubiligi kubuza abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubwinjiramo, mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola. Iby’iki cyemezo cya Amerika byatangajwe n’ikinyamakuru De Morgen ku wa 9 Kamena 2026. Cyavuze ko Amerika ibinyujije muri Ambasaderi wayo mu Bubiligi, Bill White yasabye iki gihugu cy’i Burayi gukumira Abanye-Congo bashaka […]

Ibiciro ku isoko byazamutseho 12,9% muri Gicurasi.

Ibiciro ku masoko yo mu mijyi mu Rwanda byakomeje kuzamuka muri Gicurasi 2026, aho byiyongereyeho 12,9% ugereranyije na Gicurasi 2025, bigaragaza ko ubuzima bukomeje guhenda ku baturage, cyane cyane ku bicuruzwa na serivisi bikenerwa buri munsi. Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, igaragaza ko iri zamuka ry’ibiciro mu mijyi ryagabanutseho gato ugereranyije na Mata […]

Environment

Amerika yategetse u Bubiligi kutemerera Abanye-Congo kubwinjiramo.

Leta Zuzunze Ubumwe za Amerika zasabye u Bubiligi kubuza abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubwinjiramo, mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola. Iby’iki cyemezo cya Amerika byatangajwe n’ikinyamakuru De Morgen ku wa 9 Kamena 2026. Cyavuze ko Amerika ibinyujije muri Ambasaderi wayo mu Bubiligi, Bill White yasabye iki gihugu cy’i Burayi gukumira Abanye-Congo bashaka […]

Ibiciro ku isoko byazamutseho 12,9% muri Gicurasi.

Ibiciro ku masoko yo mu mijyi mu Rwanda byakomeje kuzamuka muri Gicurasi 2026, aho byiyongereyeho 12,9% ugereranyije na Gicurasi 2025, bigaragaza ko ubuzima bukomeje guhenda ku baturage, cyane cyane ku bicuruzwa na serivisi bikenerwa buri munsi. Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, igaragaza ko iri zamuka ry’ibiciro mu mijyi ryagabanutseho gato ugereranyije na Mata […]

Amerika yarashe muri Iran mu guhorera indege yahanuwe.

Leta zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zagabye ibitero muri Iran mu rwego rwo guhorera indege yabo yo mu bwoko bwa kajugujugu zizwi nka ‘Apache Helicopter’ ivuga ko yahanuwe na Iran. Mu butumwa bwo kuri X, Ingabo za Amerika zikorera mu Burasirazuba bwo Hagati (Centcom) zanditse ko kuva saa yine z’ijoro ku isaha ngengamasaha ya […]

Follow Us

Advertisement