Saturday, June 06, 2026

Politics

Jose Chameleone yasabye The Ben na Melodie gukorana indirimbo

Umuhanzi w’umunyabigwi muri Uganda no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Joseph Mayanja uzwi nka Jose Chameleone yasabye abahanzi babiri bakomeye mu Rwanda The Ben na Bruce Melodie gukorana indirimbo kuko ikibahuza ari umuziki. Jose Chameleone yababwiye ko yifuza kumva indirimbo bakoranye bakareka kuhashyira imbere ibibatandukanya. Yagize ati: “Ndi umunyabigwi yego, ariko ndi umufana ukomeye wa […]

RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli.

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yagumye kuri 2.938 Frw, mu gihe litiro ya mazutu yo yavuye kuri 2205 Frw ikagera kuri 2.927 Frw, bigaragaza ko yiyongereyeho 722 Frw. Ibiciro bishya RURA yabitangaje ku wa 5 Kamena bikazatangira gukurikizwa ku wa 6 Kamena 2026, Saa Kumi n’Ebyiri za […]

Environment

Jose Chameleone yasabye The Ben na Melodie gukorana indirimbo

Umuhanzi w’umunyabigwi muri Uganda no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba Joseph Mayanja uzwi nka Jose Chameleone yasabye abahanzi babiri bakomeye mu Rwanda The Ben na Bruce Melodie gukorana indirimbo kuko ikibahuza ari umuziki. Jose Chameleone yababwiye ko yifuza kumva indirimbo bakoranye bakareka kuhashyira imbere ibibatandukanya. Yagize ati: “Ndi umunyabigwi yego, ariko ndi umufana ukomeye wa […]

RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli.

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yagumye kuri 2.938 Frw, mu gihe litiro ya mazutu yo yavuye kuri 2205 Frw ikagera kuri 2.927 Frw, bigaragaza ko yiyongereyeho 722 Frw. Ibiciro bishya RURA yabitangaje ku wa 5 Kamena bikazatangira gukurikizwa ku wa 6 Kamena 2026, Saa Kumi n’Ebyiri za […]

Abanyeshuri b’Abanyarwanda begukanye ibihembo mu Irushanwa Mpuzamahanga rya Huawei ICT ryabereye mu Bushinwa.

Amakipe atatu y’abanyeshuri b’Abanyarwanda yaserukiye igihugu yitwaye neza, yegukana umwanya wa mbere n’uwa kabiri mu irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi ry’ikoranabuhanga rya Huawei ICT Competition 2025/2026, ryaberaga i Shenzhen mu Bushinwa. Huawei ICT Competition ni irushanwa ngarukamwaka ritegurwa n’ikigo cya Huawei ku rwego rw’Isi. Ryashyiriweho abanyeshuri n’abarimu bo muri za kaminuza n’amashuri makuru. Riba ari […]

Follow Us

Advertisement