Monday, April 27, 2026

Politics

Chris Brown yemeje ko yibarutse umwana wa kane.

Chris Brown yemeje ko yibarutse umwana wa kane, akaba ari we wa mbere abyaranye n’umukunzi we Jada Wallace. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ry’itariki 26 Mata 2026, Jada yagaragaje amafoto ateruye uruhinja ari mu bitaro. Bikuraho urjijo ku bibazaga niba koko atwite. Nubwo Wallace atigeze avuga Chris Brown mu buryo butaziguye, […]

umutoza Haringingo yijeje aba Rayon ko bafite ikipe yatsinda APR FC.

Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis Christian, yagaragaje ko afite ikipe ikomeye yatsinda APR FC, mbere y’uko ahura na yo mu mukino w’ishiraniro uzagena ufite amahirwe menshi yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje ku Cyumweru, tariki ya 26 Mata 2026, nyuma y’umukino w’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’u Rwanda wamuhuje […]

Environment

Chris Brown yemeje ko yibarutse umwana wa kane.

Chris Brown yemeje ko yibarutse umwana wa kane, akaba ari we wa mbere abyaranye n’umukunzi we Jada Wallace. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ry’itariki 26 Mata 2026, Jada yagaragaje amafoto ateruye uruhinja ari mu bitaro. Bikuraho urjijo ku bibazaga niba koko atwite. Nubwo Wallace atigeze avuga Chris Brown mu buryo butaziguye, […]

umutoza Haringingo yijeje aba Rayon ko bafite ikipe yatsinda APR FC.

Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis Christian, yagaragaje ko afite ikipe ikomeye yatsinda APR FC, mbere y’uko ahura na yo mu mukino w’ishiraniro uzagena ufite amahirwe menshi yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje ku Cyumweru, tariki ya 26 Mata 2026, nyuma y’umukino w’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’u Rwanda wamuhuje […]

DC Clement n’abamwunganira mu mategeko basabye urukiko kumurekura by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement uregwa ibyaha birimo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, kurwanya ububasha bw’amategeko no gukubita cyangwa kugirira urugomo abayobozi mu nzego za Leta, arusaba kumurekura by’agateganyo. Ubushinjacyaha bwagaragaje ko tariki ya 27 Werurwe 2026 itsinda ry’abakozi b’Umurenge wa Jabana basuye Uragiwenimana Anatole […]

Follow Us

Advertisement