Friday, April 17, 2026

Politics

Nyamasheke: Umurambo w’umusore wabonywe mu mugezi hakekwa ubusinzi.

Umurambo w’umusore w’imyaka 31 witwaga Nkinzingabo Jean Baptiste wabaga mu Mudugudu wa Gikangaga, Akagari ka Gasovu, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke, wasanzwe munsi y’ikiraro kiri ku mugezi wa Ryamunyu hakekwa ko yaba yanyereyeho yasinze nijoro akitura muri uwo mugezi akabura gitabara agapfa. Muhayimana Donatille wamugezeho bwa mbere, yavuzeko ko hari mu ma saa moya […]

U Rwanda, Kenya na Uganda byiyemeje kwihutisha iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi.

Abaminisitiri b’imari baturutse muri Kenya, u Rwanda na Uganda bemeye gushyira imbere gushakira amafaranga umushinga wadindiye w’iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi wa Standard Gauge Railway (SGR), mu rwego rwo guhuza akarere ufatwa nk’umwe mu mishinga y’ibikorwaremezo ikomeye muri Afurika y’Iburasirazuba. Iyi nama yabereye iruhande rw’inama za IMF na Banki y’Isi zo mu mpeshyi 2026 […]

Environment

Nyamasheke: Umurambo w’umusore wabonywe mu mugezi hakekwa ubusinzi.

Umurambo w’umusore w’imyaka 31 witwaga Nkinzingabo Jean Baptiste wabaga mu Mudugudu wa Gikangaga, Akagari ka Gasovu, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke, wasanzwe munsi y’ikiraro kiri ku mugezi wa Ryamunyu hakekwa ko yaba yanyereyeho yasinze nijoro akitura muri uwo mugezi akabura gitabara agapfa. Muhayimana Donatille wamugezeho bwa mbere, yavuzeko ko hari mu ma saa moya […]

U Rwanda, Kenya na Uganda byiyemeje kwihutisha iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi.

Abaminisitiri b’imari baturutse muri Kenya, u Rwanda na Uganda bemeye gushyira imbere gushakira amafaranga umushinga wadindiye w’iyubakwa ry’umuhanda wa gari ya moshi wa Standard Gauge Railway (SGR), mu rwego rwo guhuza akarere ufatwa nk’umwe mu mishinga y’ibikorwaremezo ikomeye muri Afurika y’Iburasirazuba. Iyi nama yabereye iruhande rw’inama za IMF na Banki y’Isi zo mu mpeshyi 2026 […]

Rurageretse hagati ya Super Manager na MTN Rwanda yishyuza miliyoni 380 Frw.

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza, Gakumba Patrick alias Super Manager yareze sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda aho ayishyuza miliyoni 380 Frw. Ku wa 15 Mata 2026 Super Manager yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge mu gukurikira urubanza yarezemo MTN Rwanda. Ni urubanza rwabereye mu ruhame ndetse iyo sosiyete yari yunganiwe n’umunyamategeko.  Super Manager yavuze ko […]

Follow Us

Advertisement