Tuesday, June 09, 2026

Politics

Urukiko rwategetse ko Yampano afungwa iminsi 30 Y’agateganyo.

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Uworizagwira Florient alias Yampano afungwa iminsi 30 y’agateganyo muri gereza ya Mageragere. Urukiko rwasomeye mu ruhame umwanzuro w’urubanza, Ubushinjacyaha bukurikiranyeho Yampano. Ku itariki 9 Kamena 2026 nibwo Urukiko rwasuzumye impamvu zikomeye zishingiye ku bimenyetso bishobora gushingirwaho mu guhabwa iminsi 30 y’agateganyo.  Ku cyaha cyo gukoresha ibikangisho n’icyaha cy’ifungirana ry’umuntu […]

Umusifuzi wa mbere muri Afurika ntazasifura Igikombe cy’Isi nyuma yo kwangirwa kwinjira muri Amerika.

Omar Artan wari ugiye gukora amateka yo kuba Umunya-Somalia wa mbere usifuye Igikombe cy’Isi, yakuwe ku rutonde rw’abazasifura iri rushanwa nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Artan yatowe nk’Umusifuzi w’umwaka wa 2025 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF). Yari ku rutonde rw’abasifuzi barindwi bo muri Afurika bazasifura Igikombe cy’Isi kizatangira ku […]

Environment

Urukiko rwategetse ko Yampano afungwa iminsi 30 Y’agateganyo.

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Uworizagwira Florient alias Yampano afungwa iminsi 30 y’agateganyo muri gereza ya Mageragere. Urukiko rwasomeye mu ruhame umwanzuro w’urubanza, Ubushinjacyaha bukurikiranyeho Yampano. Ku itariki 9 Kamena 2026 nibwo Urukiko rwasuzumye impamvu zikomeye zishingiye ku bimenyetso bishobora gushingirwaho mu guhabwa iminsi 30 y’agateganyo.  Ku cyaha cyo gukoresha ibikangisho n’icyaha cy’ifungirana ry’umuntu […]

Umusifuzi wa mbere muri Afurika ntazasifura Igikombe cy’Isi nyuma yo kwangirwa kwinjira muri Amerika.

Omar Artan wari ugiye gukora amateka yo kuba Umunya-Somalia wa mbere usifuye Igikombe cy’Isi, yakuwe ku rutonde rw’abazasifura iri rushanwa nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Artan yatowe nk’Umusifuzi w’umwaka wa 2025 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF). Yari ku rutonde rw’abasifuzi barindwi bo muri Afurika bazasifura Igikombe cy’Isi kizatangira ku […]

Ingabo z’u Rwanda ziri mu mwiherero ugamije guteza imbere uburinganire n’ubwuzuzanye.

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zigize Urwego rushinzwe uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo mu Ngabo z’Igihugu zatangije umwiherero ugamije kwiga ku buryo bwo kurushaho kwimakaza ihame ry’uburinganire no kongerera ubushobozi abagore n’abagabo bakorera mu Ngabo z’u Rwanda. Uyu mwiherero w’iminsi itatu, watangiye ku wa Mbere, tariki ya 8 Kamena 2026, uri kubera mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare […]

Follow Us

Advertisement