Sunday, June 14, 2026

Politics

Ibikubiye mu masezerano y’ibanze Iran na Amerika byitegura gusinya

Nyuma y’igihe kirenga amezi atatu Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe na Israel bahanganye mu ntambara na Iran, hari ikizere ko iyi ntambara yaba igiye guhagarara, nyuma y’uko impande zihanganye zigiye gusinya amasezerano y’ibanze mu gihe cya vuba. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa 13 Kamena 2026, yatangaje ko amasezerano […]

APR FC yasinyishije Mamadou Traore wakiniraga Stade Malien yo Muri Mali.

‎Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’umukinnyi ukina hagati asatira ukomoka muri Mali, Mamadou Traoré, amasezerano y’imyaka ibiri kugira ngo asimbure Mamadou Lamine Bah uherutse gutandukana n’iyi kipe Aya makuru yatangajwe n’umunyamakuru Bruno Taifa uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, usanzwe atangaza amakuru y’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu. Yagaragaje ko uyu musore w’imyaka 27 agiye kuva […]

Environment

Ibikubiye mu masezerano y’ibanze Iran na Amerika byitegura gusinya

Nyuma y’igihe kirenga amezi atatu Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe na Israel bahanganye mu ntambara na Iran, hari ikizere ko iyi ntambara yaba igiye guhagarara, nyuma y’uko impande zihanganye zigiye gusinya amasezerano y’ibanze mu gihe cya vuba. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa 13 Kamena 2026, yatangaje ko amasezerano […]

APR FC yasinyishije Mamadou Traore wakiniraga Stade Malien yo Muri Mali.

‎Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana n’umukinnyi ukina hagati asatira ukomoka muri Mali, Mamadou Traoré, amasezerano y’imyaka ibiri kugira ngo asimbure Mamadou Lamine Bah uherutse gutandukana n’iyi kipe Aya makuru yatangajwe n’umunyamakuru Bruno Taifa uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, usanzwe atangaza amakuru y’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu. Yagaragaje ko uyu musore w’imyaka 27 agiye kuva […]

Vestine na Dorcas batandukanye na MIE ya Murindahabi bazamukiyeho.

Itsinda ry’abahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo gutandukana na MIE ya Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné. Aba bahanzi batandukanye na MIE nyuma y’igihe cyari gushize bivugwa ko umwuka atari mwiza hagati yabo nyuma y’uko Ishimwe Vestine afashe icyemezo cyo gusigara muri Canada atabyumvikanyeho na […]

Follow Us

Advertisement