Wednesday, May 20, 2026

Politics

Putin na Xi Jinping baganiriye ku muhora wa Hormuz

Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bushina Xi Jinping byibanze ku kwagura umubano n’ubucuruzi hagati y’ibihumbi byombi, ndetse n’intambara yo mu Burasirazuba bwo hagati. Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Gicurasi 2026 mu ruzinduko Putin yagiriye mu Bushinwa. Uruzinduko rwa Putin mu Bushinwa ruje rukurikira urwo […]

APR FC na Rayon Sports zizakinira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro muri Sitade Amahoro

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko bidasubirwaho imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Amahoro mu bagore n’abagabo, izabera muri Sitade Amahoro. Mu cyiciro cy’abagore, Police WFC izahura na Rayon Sports WFC ku mukino wa nyuma uzatangira saa 15:00 naho mu bagabo ikipe ya APR FC izacakirana na Rayon Sports saa 18:00. Iyi mikino yombi izakinwa […]

Environment

Putin na Xi Jinping baganiriye ku muhora wa Hormuz

Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bushina Xi Jinping byibanze ku kwagura umubano n’ubucuruzi hagati y’ibihumbi byombi, ndetse n’intambara yo mu Burasirazuba bwo hagati. Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Gicurasi 2026 mu ruzinduko Putin yagiriye mu Bushinwa. Uruzinduko rwa Putin mu Bushinwa ruje rukurikira urwo […]

APR FC na Rayon Sports zizakinira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro muri Sitade Amahoro

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko bidasubirwaho imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Amahoro mu bagore n’abagabo, izabera muri Sitade Amahoro. Mu cyiciro cy’abagore, Police WFC izahura na Rayon Sports WFC ku mukino wa nyuma uzatangira saa 15:00 naho mu bagabo ikipe ya APR FC izacakirana na Rayon Sports saa 18:00. Iyi mikino yombi izakinwa […]

Gusubukura ibitero kuri Iran byari kwagura intambara no mu bindi bice

Umutwe udasanzwe w’Ingabo za  Iran, IRGC watangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel iyo bibeshya bagasubukuru ibitero baherutse gusubika, intambara bahanganyemo yari gukwira mu bice birenze Uburasirazuba bwo Hagati ikomeje kuberamo. ‎Ku Cyumweru tariki 17 Gicurasi 2026 Perezida wa Amerika Donald Trump, yatangaje ko we na Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, bashobora […]

Follow Us

Advertisement