Thursday, June 18, 2026

Politics

Abafana b’Ikipe ya Scoltland banyweye inzoga za Boston zirashira

Uruganda rukora ibinyobwa bisembuye rwa Sam Adams, rwatangaje ko utubari two mu Mujyi wa Boston, mu mpera z’icyumweru gishize twabuze inzoga ikorwa n’uru ruganda “Boston Lager” nyuma y’uko abafana b’ikipe y’igihugu ya Scotland bitabiriye imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026 bayinyoye ku rugero rurenze uko byari bisanzwe. Nk’uko uru ruganda rwabitangaje, aba bafana banyoye iyi nzoga […]

Umuhungu wa Perezida Museveni Gen. Muhoozi yinjiye mu kibazo cya Bebe Cool na Miss Jolly Mutesi.

Bebe Cool yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane yaganiriye kuri telefone na Gen. Muhoozi Kainerugaba ku bijyanye n’amakimbirane yavutse hagati ye na Miss Mutesi Jolly, amugira inama yo kuyahagarika ndetse no gusiba ibyo yari yamuvuzeho kuri konti ye ya X ko yamutekeye umutwe. Yabasabye gukemura ibibazo bidaciye ku mbuga nkoranyambaga. Ibi Bebe […]

Environment

Abafana b’Ikipe ya Scoltland banyweye inzoga za Boston zirashira

Uruganda rukora ibinyobwa bisembuye rwa Sam Adams, rwatangaje ko utubari two mu Mujyi wa Boston, mu mpera z’icyumweru gishize twabuze inzoga ikorwa n’uru ruganda “Boston Lager” nyuma y’uko abafana b’ikipe y’igihugu ya Scotland bitabiriye imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026 bayinyoye ku rugero rurenze uko byari bisanzwe. Nk’uko uru ruganda rwabitangaje, aba bafana banyoye iyi nzoga […]

Umuhungu wa Perezida Museveni Gen. Muhoozi yinjiye mu kibazo cya Bebe Cool na Miss Jolly Mutesi.

Bebe Cool yatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane yaganiriye kuri telefone na Gen. Muhoozi Kainerugaba ku bijyanye n’amakimbirane yavutse hagati ye na Miss Mutesi Jolly, amugira inama yo kuyahagarika ndetse no gusiba ibyo yari yamuvuzeho kuri konti ye ya X ko yamutekeye umutwe. Yabasabye gukemura ibibazo bidaciye ku mbuga nkoranyambaga. Ibi Bebe […]

Minisitiri w’Intebe yavuze intwaro enye u Rwanda rukoresha mu gukumira Ebola

Minisitiri w’Intebe yabigarutseho ubwo yahagarariraga Perezida Kagame, mu Nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma muri Afurika hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye, baganiraga ku ngamba zo guhangana n’Icyorezo cya Ebola. Inama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga. Muri iyi nama yari yitabiriwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, Minisitiri w’Intebe yashimangiye ko mu Rwanda nta Ebola ihari, ibi akaba ari umusaruro […]

Follow Us

Advertisement