Sunday, May 03, 2026

Politics

Perezida Ruto yongereye 12% ku mushahara w’abakozi ba leta.

Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yatangaje ko umushahara w’abakozi ba Leta bose mu gihugu uziyongeraho 12%, uw’abakora mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi wiyongereho 15%. Yatangaje aya makuru meza ku wa 1 Gicurasi 2026, ubwo Abanyakenya bizihizaga umunsi mpuzamahanga w’umurimo, asobanura ko yafashe iki cyemezo kugira ngo bazashobore no guhangana n’ikibazo cy’ibiciro biri gukomeza kuzamuka. […]

Perezida Kagame ategerejwe muri Tanzania

Perezida Paul Kagame ategerejwe muri Tanzania, mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe azagirira muri iki gihugu ku Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026. Amakuru y’uru ruzinduko yemejwe na Perezidansi ya Tanzania, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2 Gicurasi. Muri uru ruzinduko, Perezida Paul Kagame azakirwa anagirane ibiganiro na mugenzi we wa Tanzania, […]

Environment

Perezida Ruto yongereye 12% ku mushahara w’abakozi ba leta.

Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yatangaje ko umushahara w’abakozi ba Leta bose mu gihugu uziyongeraho 12%, uw’abakora mu rwego rw’ubuhinzi n’ubworozi wiyongereho 15%. Yatangaje aya makuru meza ku wa 1 Gicurasi 2026, ubwo Abanyakenya bizihizaga umunsi mpuzamahanga w’umurimo, asobanura ko yafashe iki cyemezo kugira ngo bazashobore no guhangana n’ikibazo cy’ibiciro biri gukomeza kuzamuka. […]

Perezida Kagame ategerejwe muri Tanzania

Perezida Paul Kagame ategerejwe muri Tanzania, mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe azagirira muri iki gihugu ku Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026. Amakuru y’uru ruzinduko yemejwe na Perezidansi ya Tanzania, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2 Gicurasi. Muri uru ruzinduko, Perezida Paul Kagame azakirwa anagirane ibiganiro na mugenzi we wa Tanzania, […]

‎Mu misifurire itavugwaho rumwe Rayon Sports yanganyije na APR FC yuzuza imyaka itatu idatsinda mukeba

‎Ikipe ya Rayon Sports n’iya APR FC zagabanye amanota nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 29 wa Shampiyona (BK Pro League) wabereye kuri Stade Amahoro. Muri uyu mukino wari witabiriwe n’abafana bari ku kigero cya 80%, Rayon Sports ni yo yafunguye amazamu ku gitego cyatsinzwe na Ndikumana Asman ku munota wa 32 […]

Follow Us

Advertisement