Sports
Abanyarwanda biga gutwara indege batangiye kugera ku nzozi zabo.
Abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kent State University yo muri Amerika, ku wa Gatatu tariki 3 Kamena 2026, batwaye indege bwa mbere. Abo ni Cedric Hindura, Francis Shyaka, Henry Kenny Hagenimana, Milka Isingizwe na Patricie Mugabo. Nyuma yo gukora ubugenzuzi bw’indege, buri umwe yagurukije indege nibura iminota 30 mu kirere, akabona […]
Politics
Abanyarwanda biga gutwara indege batangiye kugera ku nzozi zabo.
Abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kent State University yo muri Amerika, ku wa Gatatu tariki 3 Kamena 2026, batwaye indege bwa mbere. Abo ni Cedric Hindura, Francis Shyaka, Henry Kenny Hagenimana, Milka Isingizwe na Patricie Mugabo. Nyuma yo gukora ubugenzuzi bw’indege, buri umwe yagurukije indege nibura iminota 30 mu kirere, akabona […]
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere ‘RDB’ rwafunze by’agateganyo hoteli enye.
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwafunze by’agateganyo hoteli enye nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko zitujuje ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri. Izafunzwe ni Century Park Hotel and Residences iherereye i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, Dove Luxury Hotel yo mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, Highland Resort Ltd yo mu Karere ka Rulindo na Nengo Eden Park […]
Environment
Abanyarwanda biga gutwara indege batangiye kugera ku nzozi zabo.
Abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kent State University yo muri Amerika, ku wa Gatatu tariki 3 Kamena 2026, batwaye indege bwa mbere. Abo ni Cedric Hindura, Francis Shyaka, Henry Kenny Hagenimana, Milka Isingizwe na Patricie Mugabo. Nyuma yo gukora ubugenzuzi bw’indege, buri umwe yagurukije indege nibura iminota 30 mu kirere, akabona […]
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere ‘RDB’ rwafunze by’agateganyo hoteli enye.
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwafunze by’agateganyo hoteli enye nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko zitujuje ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri. Izafunzwe ni Century Park Hotel and Residences iherereye i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, Dove Luxury Hotel yo mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, Highland Resort Ltd yo mu Karere ka Rulindo na Nengo Eden Park […]
America: Abadepite bemeje umushinga w’itegeko ubuza Trump kongera kurasa Iran
Inteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite muri America yatoye yemeza umushinga w’itegeko rigamije kwambura Perezida Donald Trump ububasha bwo kugira icyemezo cya gisirikare yongera gufata kigamije gutera Iran. Abatoye bemeza ni amajwi 215 ku majwi 208 yatoye Oya. Mu batoye bemeza uyu mushinga w’itegeko harimo bane bo mu ishyaka ry’Aba-Republican rya Perezida Donald Trump biyunze kuri […]
-
Enrique1632 commented on Iran yashinje Amerika kurenga ku gahenge, iteguza kwihorera.: https://shorturl.fm/xmjDH
-
Gabriel3359 commented on APR FC na Rayon Sports zizakinira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro muri Sitade Amahoro: https://shorturl.fm/l2NMC
-
Zachary2829 commented on Urukingo rwa Ebola rushobora kuboneka mu mezi icyenda: https://shorturl.fm/HmUQL
-
Allen3187 commented on Perezida Kagame na Madamu Jeannette bifatanyije n’abana kwizihiza umunsi wahariwe ba sogokuru muri Green Hills Academy.: https://shorturl.fm/lUZhO
-
Harlan2733 commented on U Rwanda n’u Burusiya mu biganiro ku bufatanye mu bya gisirikare.: https://shorturl.fm/AR07x


