Thursday, June 04, 2026

Politics

Abanyarwanda biga  gutwara indege batangiye kugera ku nzozi zabo.

Abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kent State University yo muri Amerika, ku wa Gatatu tariki 3 Kamena 2026, batwaye indege bwa mbere. Abo ni Cedric Hindura, Francis Shyaka, Henry Kenny Hagenimana, Milka Isingizwe na Patricie Mugabo. Nyuma yo gukora ubugenzuzi bw’indege, buri umwe yagurukije indege nibura iminota 30 mu kirere, akabona […]

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere ‘RDB’ rwafunze by’agateganyo hoteli enye.

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwafunze by’agateganyo hoteli enye nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko zitujuje ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri. Izafunzwe ni Century Park Hotel and Residences iherereye i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, Dove Luxury Hotel yo mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, Highland Resort Ltd yo mu Karere ka Rulindo na Nengo Eden Park […]

Environment

Abanyarwanda biga  gutwara indege batangiye kugera ku nzozi zabo.

Abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda bitegura kuba abapilote babigize umwuga muri Kent State University yo muri Amerika, ku wa Gatatu tariki 3 Kamena 2026, batwaye indege bwa mbere. Abo ni Cedric Hindura, Francis Shyaka, Henry Kenny Hagenimana, Milka Isingizwe na Patricie Mugabo. Nyuma yo gukora ubugenzuzi bw’indege, buri umwe yagurukije indege nibura iminota 30 mu kirere, akabona […]

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere ‘RDB’ rwafunze by’agateganyo hoteli enye.

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwafunze by’agateganyo hoteli enye nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko zitujuje ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri. Izafunzwe ni Century Park Hotel and Residences iherereye i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, Dove Luxury Hotel yo mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, Highland Resort Ltd yo mu Karere ka Rulindo na Nengo Eden Park […]

America: Abadepite bemeje umushinga w’itegeko ubuza Trump kongera kurasa Iran

Inteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite muri America yatoye yemeza umushinga w’itegeko rigamije kwambura Perezida Donald Trump ububasha bwo kugira icyemezo cya gisirikare yongera gufata kigamije gutera Iran. Abatoye bemeza ni amajwi 215 ku majwi 208 yatoye Oya. Mu batoye bemeza uyu mushinga w’itegeko harimo bane bo mu ishyaka ry’Aba-Republican rya Perezida Donald Trump biyunze kuri […]

Follow Us

Advertisement