Tuesday, May 12, 2026

Politics

Mu irahira rya Museveni basengeye Janet Museveni urwaye.

Umuhango wo kurahira kuyobora Uganda muri manda ye ya karindwi, Perezida Yoweli Kaguta Museveni yaje atari kumwe n’umugore we Janet Kataha Museveni. Umushumba mukuru wa Anglikani muri Uganda, afashe umwanya wo gusenga, yagize ati “Mana turagushumira ko ukiza Mama Jeannette Museveni urwaye, ndetse ugakomeza kwita ku muryango we, ukabashoboza.” Museveni, yambaye ishati yera, n’ipantaro y’umukara […]

Perezida Suluhu yahaye umuraperi Professor Jay miliyoni 16,7 Frw yo kwiyondora nyuma y’uburwayi.

Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan, yahaye umuraperi Professor Jay ufatwa nk’umunyabigwi muri Hip Hop miliyoni 30 z’Amashilingi ya Tanzania (asaga miliyoni 16,7 z’amafaranga y’u Rwanda) yo kwiyondora wari umaze igihe arwaye. Ni igikorwa cyabaye ku mugoroba w’itariki 11 Gicurasi 2026, ubwo Minisitiri wungirije ushinzwe itangazamakuru, umuco, ubuhanzi na siporo muri Tanzania, Hamis Mwinjuma, yasuraga […]

Environment

Mu irahira rya Museveni basengeye Janet Museveni urwaye.

Umuhango wo kurahira kuyobora Uganda muri manda ye ya karindwi, Perezida Yoweli Kaguta Museveni yaje atari kumwe n’umugore we Janet Kataha Museveni. Umushumba mukuru wa Anglikani muri Uganda, afashe umwanya wo gusenga, yagize ati “Mana turagushumira ko ukiza Mama Jeannette Museveni urwaye, ndetse ugakomeza kwita ku muryango we, ukabashoboza.” Museveni, yambaye ishati yera, n’ipantaro y’umukara […]

Perezida Suluhu yahaye umuraperi Professor Jay miliyoni 16,7 Frw yo kwiyondora nyuma y’uburwayi.

Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan, yahaye umuraperi Professor Jay ufatwa nk’umunyabigwi muri Hip Hop miliyoni 30 z’Amashilingi ya Tanzania (asaga miliyoni 16,7 z’amafaranga y’u Rwanda) yo kwiyondora wari umaze igihe arwaye. Ni igikorwa cyabaye ku mugoroba w’itariki 11 Gicurasi 2026, ubwo Minisitiri wungirije ushinzwe itangazamakuru, umuco, ubuhanzi na siporo muri Tanzania, Hamis Mwinjuma, yasuraga […]

Batse gatanya nyuma y’iminota 3 bashyingiranwe.

Muri Kuwait, habaye inkuru yatunguye benshi nyuma y’uko umugabo n’umugore bari bamaze gushyingiranwa batandukanye hashize iminota itatu gusa bakoze ubukwe bwemewe n’amategeko. Amakuru avuga ko nyuma yo gusinya impapuro z’ubukwe mu rukiko, aba bombi bari basohotse mu nyubako bishimira ko babaye umugabo n’umugore. Icyo gihe umugeni ngo yatsikiye imbere y’abantu benshi. Aho kugira ngo umugabo […]

Follow Us

Advertisement