Tuesday, April 28, 2026

Politics

Bugesera: Arembeye mu bitaro nyuma yo gusukwaho amavuta yatuye n’umugore we kubera ifuhe.

Inzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera zataye muri yombi umugore wasutse amavuta yatuye ku mugabo we ndetse akanamutera icyuma, amuziza ko yamubonanye n’undi mugore mu kabari bari gusangira inzoga. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki ya 26 bibera mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera. […]

Kigali: RIB yafashe uwasambanyaga abakobwa abashukisha akazi

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umugabo ukurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abakobwa batandukanye abizeza akazi. Iperereza ryagaragaje ko ukurikiranyweho icyaha yabaga muri groupe ya WhatsApp yitwa ’shaka umukunzi’ hakaba haranacishwaga amatangazo y’akazi n’abagakeneye. Uyu igihe yabonaga umukobwa wanditse muri uru rubuga avuga ko akeneye akazi, yacaga mu gikari bakavugana akamubeshya ko akazi ashaka yakamuboneye i […]

Environment

Bugesera: Arembeye mu bitaro nyuma yo gusukwaho amavuta yatuye n’umugore we kubera ifuhe.

Inzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera zataye muri yombi umugore wasutse amavuta yatuye ku mugabo we ndetse akanamutera icyuma, amuziza ko yamubonanye n’undi mugore mu kabari bari gusangira inzoga. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki ya 26 bibera mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera. […]

Kigali: RIB yafashe uwasambanyaga abakobwa abashukisha akazi

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umugabo ukurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abakobwa batandukanye abizeza akazi. Iperereza ryagaragaje ko ukurikiranyweho icyaha yabaga muri groupe ya WhatsApp yitwa ’shaka umukunzi’ hakaba haranacishwaga amatangazo y’akazi n’abagakeneye. Uyu igihe yabonaga umukobwa wanditse muri uru rubuga avuga ko akeneye akazi, yacaga mu gikari bakavugana akamubeshya ko akazi ashaka yakamuboneye i […]

Kigali: Hari kugeragezwa ikoranabuhanga rifasha abagenzi kumenya aho bisi igeze n’imyanya ifite

Sosiyete ya Leta ishinzwe gutwara abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali (Ecofleet Solutions) yatangaje ko yatangiye kugera uburyo bw’ikoranabuhanga mu gutega bisi, aho umugenzi amenya aho igeze n’imyanya ifite Ni amakuru biteganyijwe azajya afasha abantu kudahagarara umwanya munini ku cyapa bategereje bisi, batazi niba niza ari bubonemo umwanya cyangwa atazi igihe iribumugerereho […]

Follow Us

Advertisement