Uganda:Arembejwe n’inkoni yakubiswe yigize Yezu.

Dennis Zziwa wiga mu mwaka wa kabiri mu Ishami ry’Amategeko muri Kaminuza ya Kampala International University, arembeye mu bitaro kubera inkoni yakubiswe, ubwo yari mu mukino yagaragayemo yigize Yezu. Dennis Zziwa yakubiswe ku wa 3 Mata 2026, ku wa Gatanu Mutagatifu, ubwo we na bagenzi be bari mu mukino ushushanya inzira y’Umusaraba Yezu yakoze mbere […]

Continue Reading

Ibyihariye ku buryo bugezweho bwo kwiteresha ibinure by’abapfuye hongerwa ubwiza.

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hadutse uburyo bushya bw’ubuvuzi bugamije ubwiza aho abaganga bakoresha ibinure by’abantu bapfuye bakabitunganya neza bakabitera abantu bashaka kongera ingano y’ikibuno, amabere n’igituza batagombye kubagwa nk’uko bisanzwe bikorwa. Ni buryo bamwe mu mbuga nkoranyambaga bahaye izina rya ‘zombie filler’ bitewe n’uko ari bushya mu by’ubuvuzi bugamije kwita ku bwiza n’imiteterere. […]

Continue Reading

Icyo wamenya ku munsi mpuzamahanga wo kubeshya.

Umunsi mpuzamahanga witiriwe umunsi wo kubeshya, uba rimwe buri mwaka buri kuwa 1 Mata. Ni umunsi wihariye kandi utangaje abantu benshi bizihiza. Kuri uyu munsi hakunze kubaho gutebya cyane, kugera n’aho umuntu umubwira ikintu cya nyacyo ariko akanga kucyemera akeka ko umubeshya. Nk’uko bisanzwe iyo umuntu akubeshye, uramurakarira ariko kuri uyu munsi habonekana kwisanzura maze […]

Continue Reading

Polisi yafunze umugore wakase igitsina cy’umugabo we

Polisi ya Uganda yataye muri yombi umugore witwa Susan Namuganza, w’imyaka 34, nyuma y’ibyumweru birenga bitatu yihishe, akekwaho guca igitsina cy’umugabo we, Moses Kawubanya. Iki gikorwa kibabaje cyabaye ku itariki ya 10 Kamena ubwo Namuganza yakase igitsina cy’umugabo we akoresheje ikintu gityaye, nyuma akamuhunga. Umuvugizi wa Polisi mu karere ka Busoga y’Amajyaruguru, Micheal Kasadha, yemeje […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umugeni yahisemo gutega moto agiye gusezerana

Abaturage bo mu Karere ka Nyamasheke bashimye umugeni wanze kwisumbukuruza akodesha imodoka atabifitiye ubushobozi, agahitamo gutega moto agiye gusezerana imbere y’Imana. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 21 Kamena 2024, mu Murenge wa Shangi kuri Paruwasi Gatolika ya Shangi habereye igikorwa cyo gusezeranya imiryango yari isanzwe ibana ariko itarasezeranye imbere y’Imana. Mu […]

Continue Reading

Byinshi utamenye ku musoro w’umubiri wasonerwaga umuntu wese utaramera ubwoya bwo ku myanya y’ibanga

Abasheshe akanguhe bo mu Murenge wa Gakenke, Akarere ka Gakenke basobanura ko amateka y’umusoro w’umubiri mu myaka yo hambere wabonaga umugabo ugasiba undi, ugasonerwaga gusa umusore utaramera ubwoya bwo ku myanya y’ibanga. Umusaza w’imyaka 89 witwa Bararuha Claver utuye mu Kagali ka Nganzo, Umurenge wa Gakenke waganiriye na Kigali Today ducyesha iyi nkuru avuga ko […]

Continue Reading

Umupadiri yarumye umugore mu gihe cyo guhazwa

Umupadiri Gatolika wo muri Florida, muri Amerika, arashinjwa gukomeretsa umugore bari mu misa nyuma yo kumuruma amuziza kumutesha umutwe mu gih cyo guhabwa ukarisitiya Uyu mugore yabwiye abapolisi bo muri St. Cloud ko amakimbirane yatangiye ubwo padiri yangaga kumuha isakaramentu. Ati: “Ntabwo yampaye ukarisitiya. Sinzi niba byatewe n’uko nari nambaye cyangwa ikindi kintu”.   Umutangabuhamya […]

Continue Reading

Polisi yemereye akayabo uzayifasha gufata umwarimu wa kaminuza wasambanyije umwana ubana n’ubumuga bwo kutabona

Polisi ya Uganda yashyizeho igihembo cya miliyoni 10 z’amashiringi ku muntu wese uzatanga amakuru yatuma Dr Lawrence Eron atabwa muri yombi. Uyu mwarimu ufite imyaka 53,yigishaga muri Kaminuza ya Kyambogo. Akurikiranyweho gusambanya umukobwa w’imyaka 16 ufite ubumuga bwo kutabona. Umwe mu bakozi bo muri iyi kaminuza wasabye ko amazina ye atangazwa kubera ko atemerewe kuvugana […]

Continue Reading

Biratangaje umugabo yapfushije umugore ahita arongora Nyirabukwe, Sebukwe abiha umugisha

Mu Buhinde, umugabo yakunze Nyirabukwe baranashakana ndetse Sebukwe abiha umugisha. Iyo nkuru y’urwo rukundo rutangaje ngo rwatangiye ubwo umugore w’uwo mugabo witwa Sikandar Yadav yari amaze gupfa, nyuma uyu mugabo arimuka ajya kubana na Sebukwe na Nyirabukwe ahitwa i Bihar, mu Mudugudu wa Heer Moti. Uko iminsi yagendaga ishira, urukundo rw’uwo mugabo ufite imyaka 45 […]

Continue Reading

Polisi yafunze umwana w’umuhungu wihinduraga umukobwa akajujubuya abagabo

Umwana w’ingimbi wigaga ku ishuri ryisumbuye ry’abahungu rya Kabungut,yatawe muri yombi nyuma yo kwihindura nk’umukobwa akajya mu tubyiniro gutuburira abagabo kugira ngo bamuhe amafaranga. Uyu mwana w’umuhungu ngo yambaraga nk’abakobwa,akanisiga ibirungo hanyuma akajya mu tubyiniro gukarangira abagabo basinze. Uyu yakoraga ibishoboka byose akabajyana mu macumbi,bagerayo akabiba cyane ko yabaga yarebye abasinze. Yatawe muri yombi nyuma […]

Continue Reading