Ntabwo tubarasaho: Trump ku Banya-Iran bari mu kiriyo cya Khamenei
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko batari burase muri Iran mu gihe bari mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga, Ayattolah Ali Khamenei kuko bagikeneye uwo baganira na we. Mu minsi ishize Iran yagaragaje impungenge ko Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashobora kurogoya ibikorwa […]
Continue Reading
