U Rwanda mu mushinga w’uruganda rw’amazi ruzatanga meterokibe ibihumbi 150 ku Munsi muri Kigali.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko hari gutegurwa umushinga w’uruganda rw’amazi ruzaba rushamikiye ku kiyaga gihangano kiri ku rugomero rwa Nyabarongo II, ruzajya rutunganya meterokibe ibihumbi 150 ku munsi, rukazakemura ikibazo cy’amazi meza mu Mujyi wa Kigali. Imibare igaragaza ko mu Rwanda amazi meza agera ku baturage ku rugero rwa 82%. Umujyi wa Kigali […]
Continue Reading
