The Ben yateye imitoma umugore we Uwicyeza Pamella.

Kuri uyu wa gatatu  tariki ya 31 mutarama 2024 nibwo  Uwicyeza Pamella yagize isabukuru y’amavuko maze umugabo we The Ben aramutomagiza karahava.                 The Ben yafashe umwanya ahamya urwo akunda umugore we Uwicyeza Pamella, ni mu butumwa yanyujije k’urukuta rwe rwa Instagram aho yanditse amagambo menshi  y’urukundo aho […]

Continue Reading

Rusizi ku isonga mu kubyara benshi, Harakekwa Ubushyuhe bwugarije Bugarama

Akarere ka Rusizi niko kaje ku isonga mu turere 30 tugize Igihugu cy’u Rwanda mu kubyara cyane hashyizwe mu majwi ubushyuhe bwo mu bugarama. Nk’uko imibare yavuye mu ibarura rusange ryo mu 2022 ibigaragaza, kaza ku isonga gafite 4.5%, gakurikirwa n’akarere ka Gisagara ifite 4,4 %, Nyaruguru na Nyagatare zifite 4.2% mu gihe Nyanza iza […]

Continue Reading

Ni iki wagakoze mu gihe ubyutse kugirango ugire umunsi mwiza?

Kenshi Abantu ducurika ibintu cyangwa se tukibwira ibitari byo  kubwo kumva ibintu bitandukanye hirya no hino ku mbugankoranyambaga cyangwa se wenda ahandi ubyumvira, kuko bavuga byinshi bitandukanye rero bituma bicanga benshi bikanabatera kutabikurikiza kugirango bagire umunsi mwiza, niyo mpamvu rero tugiye kurebera hamwe iby’ibanze wagakoze mu gihe ubyutse bikagufasha kugira umunsi mwiza.       […]

Continue Reading

Davido yamaze kugera k’urutonde rwa Billbord Hot 100.

Kabuhariwe mu muziki wa Nigeria Davido ubu nawe yamaze kugera ku gahigo kari gasanganywe na Rema,C kay , Wiz Kid n’abandi.           Davido umwe mu bahanzi bagezweho muri Nigeria nahandi ku Isi mu njana ya Afro beats n’izindi kandi akaba n’umwe mubamaze kwigarurira imitima ya benshi ndetse nabo bakabimwereka, urugero rwa […]

Continue Reading

Ayra Starr ati Mama ampozaho ijisho.

Ayra Starr umuhanzi kazi wo muri Nigeria  ugezweho cyane, yahishuye ukuntu burya Mama we amuhozaho ijisho nubwo benshi bamubona nkufite uburenganzira busesuye kuri we.           Umuhanzikazi Oyinkansola Sarah Aderibibge wamamaye nka Ayra Starr yahishuye ukuntu Nyina umubyara amuhozaho ijisho kuri buri kantu kose akoze. Ayra Starr ngo ntashobora kugura isakoshi ihenze […]

Continue Reading

Icyo Abagabo barengeje imyaka 50 bagakwiye gukora.

Kenshi  kuri benshi yewe nabakiri bato usanga yicara agatekereza ukuntu mu myaka mirongo itanu azaba ameze, agatekereza ibyiza byose azaba yaragezeho nko kuzaba yarabyaye umwana we w’imfura arimo kuminuza, urugo rwiza azaba afite, akazi keza k’inzozi ze, icyubahiro mu bantu n’ibindi. ariko  sikenshi Abntu batekereza ndetse ngo bapange uburyo bwiza bwo kuzita k’umibiri yabo kugira […]

Continue Reading

Ibitaravuzwe ku basirikari ba FARDC bafatiwe ku butaka bw’u Rwanda, Umwe akaharasirwa

Murukerera rwo kuwa kabiri, tariki 16 Mutarama 2024, mu ma saha ashyira saa saba z’ijoro, mu murenge wa Rubavu, ho mu karere ka Rubavu nibwo hafatiwe Abasirikari 2 ba FARDC, uwa gatatu muri bo araraswa arapfa, bari barenze imbibe zitandukanya Ibihugu byombi maze bavogera Igihugu cy’u Rwanda.   Nyuma y’uko aya makuru amenyekanye haba Igisirikari […]

Continue Reading

Narebye Budget y’Ubukwe bwa The Ben, numva nakoreramo ubwanjye “Green P”

Umuraperi Rukundo Elia, wamenyekanye muri muzika nyarwanda, mu njyana ya HipHop by’umwihariko mu itsinda rya Tuff Gang, mu makuru ya Radio ya Rwanda yo ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, tariki 27 Mutarama 2024 yatangaje byinshi kuri we.   Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo zirimo ‘Inkuta’ amaze igihe abarizwa mu Mujyi wa Dubai muri […]

Continue Reading

Nyuma yo kwibasira WizKid uwitwa Dj Chicken yongeye kwibasira muka Davido.

Dj Chicken yongeye kuvugisha benshi kumbuga nkoranyambaga ubwo yavugaga ko ashaka kuryamana n’Umugore wa Davido witwa Chioma akanamutera inda.         Ntagihe kinini giciyeho uwitwa Dj Chicken ashinyaguriye Wiz Kid  uherutse kugira ibyago Mama we umubyara akitaba Imana muri kanama 2023 birumvikana ko Wiz Kid atarakira neza urupfu rwa nyina, nibwo uwitwa  Dj […]

Continue Reading

Rubavu: Mukeshimana mu marira menshi nyuma y’uko umwana we yishwe arashwe, Harakekwa FARDC

Mukeshimanamana Jean Bosco, wo mu karere ka Rubavu avuga ko ari mu gahinda kenshi nyuma y’Uko umwana we witwa Icyimanishaka Sifa w’imyaka 22, wari uvuye gucuruza High (Tungurusumu) yishwe n’abo yita ko ari Ingabo za FARDC.   Uyu mubyeyi avuga ko ibi byabaye kuri uyu wa kabiri, tariki 23 Mutarama 2024, mu kagari ka Ryabizige […]

Continue Reading