Umunyamerika Ashton Hall na Kagarara Ashton Small bageze mu Rwanda bakiranwa ubwuzu

Umunyamerika Ashton Hall wamamaye mu myitozo ngororamubiri, umaze iminsi agirira ingendo mu Bihugu binyuranye ku Mugaban wa Afurika akorana n’Umunyarwanda wamenyekanye nka Kagarara ubu wiswe Ashton Small, bageze mu Rwanda bakiranwa ubwuzu. Aba bombi kimwe n’Umuhindi na we bise Indian Ashton Hall, bamaze iminsi bakorera ingendo mu Bihugu binyuranye ku Mugabane wa Afurika, kuri iyi […]

Continue Reading

Umunyarwenya Tenge Tenge agiye gusura u Rwanda.

Ku nshuro ye ya mbere, umunyarwenya Saad Ssozi, uzwi nka Rango Tenge Tenge nku mbuga nkoranyambaga muri Uganda, agiye gusura u Rwanda. Uyu munyarwenya abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yatangaje ko azaba aje mu gitaramo azahakorera mu iserukiramuco rya ‘Tintin Summer Festival’, ku wa 1 Kanama 2026. Ati “Muraho nshuti zanjye zo mu Rwanda? Ku […]

Continue Reading

Umugore mwabonaga mu mashusho ya kera yarahindutse– Shaddyboo ku buzima yaciyemo.

Shaddyboo yavuze ko yamaze guhinduka nyuma y’igihe yaraheranywe n’agahinda katumye yifuza gushakira amahoro aho atari, akishora mu nzoga. Ni ubutumwa uyu mugore yatambukije ku mbuga nkoranyambaga ze, agaragaza uburyo yigeze kugira agahinda yatewe n’ibihe yanyuzemo ndetse aca amarenga ko yahindutse. Ati “Uyu munsi nshaka gusangiza ikintu cyanjye bwite. Bamwe muri mwe mwibuka umugore mwabonaga mu […]

Continue Reading

Ashton Hall yiyemeje gufasha Kagarara gukurikirwa n’abarenga miliyoni.

Umunyamerika Ashton Hall wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera gukora siporo zidasanze by’umwihariko kwiruka yiyemeje gufasha Enock Uwizeye uzwi nka ‘Kagarara’ kugira abamukurikira miliyoni ku rubuga rwa Instagram. Ibi yabitangaje ku wa 30 Kamena 2026 abinyujije ku mbuga ze aho yavuze ko yagize ibihumbi 200 by’abamukurikira mu cyumweru ndetse intego ari kugira miliyoni. Ati “Kugira […]

Continue Reading

Impanuka yabujije Bwiza kuririmba muri Summer Country Tour i Bugesera.

Umuhanzikazi Bwiza yasabye imbabazi abakunzi be nyuma yo kubura mu gitaramo cya Summer Country Tour mu karere ka Bugesera kuri uyu wa Gatandatu bitewe n’impanuka yakoze. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Instagram  , Bwiza yavuze ko yagize impanuka ubwo yari mu nzira agana aho igitaramo cyabereye, bikamuviramo kutabasha kuhagera nk’uko biteganyijwe. Yagize ati:“Mbabajwe cyane no […]

Continue Reading

Nate Ament ufite inkomoko mu Rwanda yigaragaje muri ‘NBA Draft 2026’

Umukinnyi ufite inkomoko mu Rwanda, Nate Ament wakiniraga Tennessee Basketball ibarizwa muri Shampiyona ya Kaminuza muri Amerika (NCAA), uvuka ku mubyeyi [mama] w’Umunyarwandakazi, yatoranyijwe na Miami Heat, ariko imutanga muri Milwaukee Bucks muri ‘NBA Draft’ za 2026 zabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu. Uyu mukinnyi ufite imyaka, 19 yaserutse yambaye ikote ririho amagambo […]

Continue Reading

RIB yakiriye ikirego cya Shaddy Boo wavuye gutanga ikizamini nyuma yo “gusambanywa”.

Nyuma y’uko Shaddy Boo atabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umusore witwa Iradukunda Aimable, benshi bazi nka Yugi Umukaraza, amushinja kumusambanya ku gahato, uru rwego rwemeje ko rwakiriye iki kirego. Kuri uyu wa 22 Kamena 2026 ni bwo Shaddy Boo yashyize ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa butabaza RIB, nyuma ahamya ko yasabwe kujya kwa muganga […]

Continue Reading

Vestine na Dorcas batandukanye na MIE ya Murindahabi bazamukiyeho.

Itsinda ry’abahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo gutandukana na MIE ya Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné. Aba bahanzi batandukanye na MIE nyuma y’igihe cyari gushize bivugwa ko umwuka atari mwiza hagati yabo nyuma y’uko Ishimwe Vestine afashe icyemezo cyo gusigara muri Canada atabyumvikanyeho na […]

Continue Reading

Hateguwe ibirori byo kwishimira igikombe cya BAL ‘RSSB Tigers’ yegukanye.

Abahanzi batandatu batoranyijwe kuzatanga ibyishimo ku bakunzi b’ikipe ya RSSB Tigers n’ab’umukino wa Basketball, bagiye kwishimira igikombe cya BAL iyi kipe iherutse kwegukana. Abahanzi batoranyijwe kuzasusurutsa abazitabira ibi birori bizabera muri ‘rond-point’ yo kuri Kigali Convention Centre ku wa 13 Kamena 2026 ni Kenny Sol, Juno Kizigenza, Bull Dogg, Angell Mutoni, Ariel Wayz na Kivumbi […]

Continue Reading

Urukiko rwategetse ko Yampano afungwa iminsi 30 Y’agateganyo.

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Uworizagwira Florient alias Yampano afungwa iminsi 30 y’agateganyo muri gereza ya Mageragere. Urukiko rwasomeye mu ruhame umwanzuro w’urubanza, Ubushinjacyaha bukurikiranyeho Yampano. Ku itariki 9 Kamena 2026 nibwo Urukiko rwasuzumye impamvu zikomeye zishingiye ku bimenyetso bishobora gushingirwaho mu guhabwa iminsi 30 y’agateganyo.  Ku cyaha cyo gukoresha ibikangisho n’icyaha cy’ifungirana ry’umuntu […]

Continue Reading

Umuhanzi uri mu bagezweho muriyi minsi Kirikou Akili arembeye mu Bufaransa

Kirikou Akili uri mu bahanzi bagezweho muri iyi minsi i Burundi arembeye mu Bufaransa aho amaze iminsi. Bivugwa ko yarozwe. Uyu muhanzi agifatwa yahise ajyanwa kwa muganga ikitaraganya ndetse ubu ari gutora agatege. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Kamena 2026 ni bwo Kirikou yagiriye ikibazo mu Mujyi wa Lille aho yari amaze iminsi, […]

Continue Reading