Burundi: Miss yambuwe ikamba nyuma yo kwaka ubuhungiro mu Gihugu cy’ i Burayi.

Abategura irushanwa rya Miss Burundi batangaje ko umukobwa wakunzwe cyane mu irushanwa rya Miss Burundi 2025 (Miss Populaire) yambuwe ikamba kuva ku wa 18 Gicurasi 2026, ndetse abuzwa kongera gukoresha ibirango by’iri rushanwa. Kompanyi INGO s.a itegura ayo marushanwa y’ubwiza yavuze ko Mugisha Monica Celeste yambuwe ikamba yari yahawe kubera amakosa yo gukora ingendo mu […]

Continue Reading

Yampano Yatandukanye n’umugore we.

Uwari Umugore w’Umuhanzi yampano abinyujije mu kiganiro kuri Tiktok ubwo yaganiraga n’umu influencer uzwi kw’izina rya Godfather yahamije ko yamaze gutandukana n’uyu muhanzi. Uyu mugore akaba yemeje ko bamaze gutandukana ndetde biba mu buryo bubi. nyuma y’uko Yampano amukubise ndetse akanamugongesha imodoka ari kuri moto, kubw’amahirwe ntahasige ubuzima ariko agakomereka cyane we n’umu Motari wari […]

Continue Reading

Umunyamakuru Murindahabi Iréné agiye gukora ubukwe n’inkumi yo mu Bubiligi.

Murindahabi Iréné wamenyekanye nka M. Iréné yemeje itariki y’ubukwe bwe na Nishimwe Liliane, umukobwa utuye mu Bubiligi bamaze igihe bakundana. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, M. Iréné yateguje ko ubukwe bwe buzaba ku wa 15 Kanama 2026. Yabwiye uyu mukobwa ati “Ndagukunda cyane”. Nta makuru menshi aratangazwa ku bukwe bwa M. Iréné na Nishimwe Liliane cyane […]

Continue Reading

Umuhanzi Yampano yasabiye imbabazi abakwirakwije amashusho ye.

Abinyujije mu ibaruwa ifunguye yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye ari gutera akabariro. Ni ibaruwa Yampano ahamya ko yaturutse ku cyemezo yafashe mu rwego rwo gushaka uko yabaho ubuzima burimo amahoro nta nkomanga afite ku mutima. Yampano yavuze ko hari igihe abantu bakora amakosa bitewe n’uburakari, ubusinzi, ubuto cyangwa […]

Continue Reading

Ese Netflix yaba igiye gusubukura filime La Casa de Papel yakunzwe cyane?

Ikigo Netflix kiri mu bikomeye ku Isi mu bijyanye na sinema, cyaguye umushinga wa filime yitwa Money Heist Universe cyangwa se La Casa de Papel, giteguza igice gishya, nubwo yari yararangiye. Mu Isi ya sinema La Casa de Papel iri muri filime nke zabashije kugira abafana benshi. Nyuma y’imyaka myinshi ishize ishyizweho akadomo igiharawe, Netflix […]

Continue Reading

Shakira na Burna Boy bahuriye mu ndirimbo y’Igikombe cy’Isi.

Mu gihe isi y’umupira w’amaguru ikomeje kwitegura Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Amerika, Canada na Mexico, umuhanzikazi Shakira yamaze gukura urujijo ku ndirimbo nshya yari amaze iminsi ateguza, ahamya ko ari yo ndirimbo yihariye ya ‘FIFA World Cup 2026’ ndetse anayihuriramo n’icyamamare muri Afrobeats, Burna Boy. Ni inkuru yatunguye benshi ndetse ikomeza kongera ibyishimo […]

Continue Reading

Ku nshuro ya mbere ye, Umuhanzi Olamide agiye gutaramira i Kigali.

Umuraperi w’icyamamare Olamide wo muri Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu ifasha abahanzi ya YBNL, agiye gutaramira i Kigali ku nshuro ye ya mbere, mu gitaramo kizaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026. Iki gitaramo kiswe ‘‘Party Next Door: BAL Edition”. Kizabera muri Zaria Court ku bufatanye na RwandAir, Visit Rwanda ndetse na BAL. Olamide […]

Continue Reading

Kimenyi Yves yahamije ko ari mu rukundo n’udi mugore nyuma yo gutandukana na Muyango.

Nyuma y’igihe havugwa amakuru y’uko yaba atabanye neza n’umugore we Muyango Claudine, Kimenyi Yves yahamije ko ari mu rukundo n’umugore uba muri Australia wemeje ko banafitanye abana b’impanga. Ibi uyu wahoze ari umukinnyi wa ruhago n’uyu mugore ubusanzwe inshuti ze zizi nka Nana, babigarutseho mu kiganiro cya ‘Live’ kuri TikTok bagiranaga n’uwitwa GodFather. Muri iki […]

Continue Reading

Iminsi itatu gusa yarihagije ngo Amatike y’igitaramo cya King james abe ashize kwisoko.

Nyuma y’iminsi itatu hashyizwe ku isoko amatike y’igitaramo cya King James, yashize ku isoko mu gihe hasigaye amezi atatu ngo igitaramo cy’uyu muhanzi kibe ku wa 1 Kanama 2026. Aya matike yashyizwe ku isoko ku wa 2 Gicurasi 2026 yashize ku isoko kuri uyu wa 5 Gicurasi 2026, byemeza ko acurujwe iminsi itatu gusa akaba […]

Continue Reading

Umuhanga mu kuvanga imiziki DJ Toxxyk yafunguwe.

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Shema Arnold de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk ibyaha yari akurikiranyweho, rumuhanisha gutanga ihazabu ya 1.050.000 Frw no gukora imirimo y’inyungu rusange mu gihe cy’amezi atatu ariko asubitse mu gihe cy’amezi atandatu. Urukiko Rwategetse ko DJ Toxxyk ahita arekurwa icyemezo cy’Urukiko kikimara gusomwa. DJ Toxxyk yari akurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi […]

Continue Reading