Umuhanzi King James wavuzweho ubuhemu n’umushinja kumwambura amamiliyoni, yasobanuye imiterere y’iki kibazo, avuga ko yatunguwe no kuba yaramureze muri RIB. Uyu Pastor Blaise mu butumwa yanyujije...
Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan ari murukundo n’undi musore mushya ndetse yemereye ko azabera umugore. Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan Mu butumwa...
Umubyinnyi General Benda, yakuyemo imyenda ku karubanda, yishimira ko Bruce Melodie yinjiye mu mubare w’abamukurikira ku rubuga rwa Instagram. General Benda yavuze ko ibi yabikoze kuko...
Minisitiri w’urubyiruko no guteza imbere ubuhanzi, Utumatwishima yavuze ko yinjiye mu kibazo cya King James uri kwishyuzwa arenga miliyoni 30Frw n’uwahoze ari inshuti ye witwa Pastor...
Mu kiganiro yagiranye na Chita Magi TV Sunny, ahamya ko yashoye muri iyi ndirimbo agahomba kandi ko ari ibisanzwe mu bucuruzi. Yahishuye ko amajwi y’iyi ndirimbo...
Ibi byose byaje nyuma y’uko Madebeats ahishuye ko The Ben na Bruce Melodie muri 2017 bashatse gukorana indirimbo bikarangira itabayeho. The Ben nyuma yayo makuru yaragiye...
Niyo Bosco yamaze kumenyesha ubujyanama bwe ko uretse amashusho y’indirimbo Ndabihiwe aherutse gusohora, nta yindi ndirimbo isanzwe azakora. Ibi Niyo Bosco yabishimangiye ubwo yari mu kiganiro...