Yiyamamaje amaze icyumweru kimwe afunguwe Bassirou Diomaye Faye niwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Senegal

Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi  muri Sénégal, , Bassirou Diomaye Faye niwe usatira kwegukana itsinzi  mu matora y’umukuru w’Igihugu. Mugenzi we bari bahanganye ,Amadou Ba,yamuhamagaye kuri  telefoni amubwira ko yemeye ko yatsinzwe na we mu matora ya perezida yabaye ku cyumweru, nkuko byavuzwe n’umutegetsi wo muri leta. Inkuru dukesha ikinyamakuru BBC ivuga ko,ibyavuye mu matora […]

Continue Reading

Byiringiro Lague yakubitswe akanyafu kunda n’umutoza w’amavubi

Byiringiro Lague umutoza Frank Spittler yahisemo kumukura mu bakinnyi baraye bakinnye na Madagascar, niyuma y’imyitwarire yagaragaje ku mukino wa mbere wa gicuti Amavubi yanganyijemo na Botswana. Lague utarishimiye gusimbuzwa kuri uyu munota, yahise asohoka maze agana ku meza y’abasifuzi akubitana umujinya agacupa kari kahateretse kitura hasi, ari nako yahise akomeza mu rwambariro aho kujya ku ntebe […]

Continue Reading

Byagenze bite ngo Abdul Rwatubyaye yisange mu mirambo

Rwatubyaye yakuriye mu bakinnyi b’ingimbi (academy) ba APR FC aho yavuyemo yerekeza muri APR FC ayigiriramo ibihe byiza mbere yo kwerekeza muri Rayon Sports yavuyemo mu mwaka wa 2019 ari naho yaje kwisanga mu mirambo ubwo yerekezaga muri mukeba. Abdul Rwatubyaye yari umukinnyi wa APR FC Academy akaba yari umwe mu bo yifuzaga kugurisha muri […]

Continue Reading

Amavubi akoze ibidasanzwe muri Madagascar {AMAFOTO}

Amavubi yasoje imikino ya gicuti atsinda Madagascar ibitego 2-0, wari umukino wa kabiri wa gicuti ku Rwanda, ni nyuma y’uko ku wa Gatanu w’icyumweru gishize rwari rwanganyije ubusa ku busa na Botswana, umukino na wo wabereye muri Madagascar. Uyu munsi Amavubi y’u Rwanda yakinaga na Madagascar mbere y’uko agaruka mu Rwanda. Ni umukino umutoza Frank […]

Continue Reading

Nyiri Chelsea, Todd Boehly arifuza gusinyisha abakinnyi babiri bikingi za mwamba ba Real madrid

Nyiri Chelsea Todd Boehly arifuza  gusinyisha Luka Modric na Toni Kroos bikingi za mwamba muri Real madrid. Ikipe ya Chelsea  muri  shampiyona, iri ku mwanya wa 11 nubwo yakoresheje miliyari zisaga 1 zama pound mu gusinyisha kuva Boehly yagura  iyi kipe muri 2022. Boehly yerekeje ibitekerezo ku bakinnyi babiri b’inararibonye Modric na Kroos, bombi  amasezerano […]

Continue Reading

Sobanukirwa n’indwara y’umuvuduko ukabije w’amaraso

Umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension arterielle) ni indwara yibasira abantu benshi ariko idakunze kumenyekana kubera ko akenshi itagira ibimenyetso bigaragara. Nubwo nta mibare y’abantu barwaye iyo ndwara mu Rwanda igaragazwa, muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, 32% by’abirabura n’abafite inkomoko muri Afrika (Afro-americans) barwaye hypertension. 23% by’abakomoka mu bihugu byo muri Amerika yo hagati n’iyo Amajyepfo (whites […]

Continue Reading

Myugariro wa APR FC mu biganiro bya nyuma na Azam FC

Azam FC yifuza ba myugariro babiri, uwo hagati n’uw’ibumoso. Iri mu biganiro na Ishimwe Christian nyuma yo kunyarukira mu Rwanda kuhashakira ibisubizo ariko ntiyanyurwa n’urwego rwa Mitima Isaac wa Rayon Sports. Iyi kipe yaje kwisanga kandi yaratinze kuganiriza Umunya-Cameroun Salomon Bindjeme yegereye kuko yasanze yarumvikanye na Al-Shorta SC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Iraq. […]

Continue Reading

Chairman wa APR FC yavuze ko abavuga ko yo na Rayon Sports ari abakeba ngo nukugereranya ibitagereranywa

Ibi Col Karasira yabitangaje nyuma y’umukino APR WFC yatsinzemo Forever WFC ibitego 3-0 ku Cyumweru, ikegukana Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri mu Bagore. Ubwo yari abajijwe n’abanyamakuru niba APR WFC ayobora, yiteguye guhangana na mukeba Rayon Sports WFC yatwaye Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere ku wa Gatandatu, Col Richard Karasira yavuze ko abageraranya amakipe […]

Continue Reading

Umuhanzi The Ben yasubije Bruce Melodie nyuma yo kumubwira ko gukina biza nyuma y’akazi

Ibi byose byaje nyuma y’uko Madebeats ahishuye ko The Ben na Bruce Melodie muri 2017 bashatse gukorana indirimbo bikarangira itabayeho. The Ben nyuma yayo makuru yaragiye hanze yahise agirana ikiganiro n’itangazamakuru The Ben yavuze ko atiyiziho gusuzugura bityo ko niba hari ibyo yijeje Bruce Melodie bitabayeho amusabye imbabazi. Ati “Niba naramuhamagaye nkigira mu byanjye ambabarire  […]

Continue Reading