Umuhanzi Bruce melody ari mu byishimo nyuma yo kuzuza miliyoni y’abantu bamukurikira kuri YouTube.

Umuhanzi Nyarwanda Bruce Melodie yongeye kwandika andi mateka aho yujuje abamukurikira ‘Subscribers’ , miliyoni imwe kuri shene ye ya Youtube maze izina rye rihita ryandikwa ku rutonde ruriho  abahanzi  mbarwa mu Muziki Nyarwanda. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Gicurasi 2026 Bruce Melodie yashimiye abafana be bamubaye hafi mu […]

Continue Reading

Indirimbo ‘ celebrate me’ yakozwe na AI iyoboye Isi

Indirimbo ya R&B yakozwe hifashishijwe ubwenge buhangano (AI) yitwa “Celebrate Me” iri ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa iTunes ku Isi hose, ibintu bikomeje kugaragaza uko umuziki ukozwe n’imashini uri kwigarurira isoko. Iyi ndirimbo yakozwe n’umuhanzi w’ikoranabuhanga witwa IngaRose, aho iri kugurwa cyane kurusha izindi ndirimbo zose ku rwego mpuzamahanga. Aya makuru yatangajwe n’urubuga […]

Continue Reading

Indirimbo y’umunyarwanda “let me be” ikomeje kwigarurira imitima ya benshi.

Indirimbo “Let Me Be” imaze kwamamara cyane ku mbuga nkoranyambaga zirimo TikTok na YouTube, benshi bayumvise bishimira ijwi ryoroshye n’injyana ya ’amapiano,’ ariko batitaye cyane ku waba ayiri inyuma. Iyi ndirimbo imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 13, yageze no ku rutonde rw’indirimbo zikunzwe mu Burayi no muri Afurika, yakozwe n’umuhanzi w’umunyarwanda Elvin Cena w’imyaka 21 […]

Continue Reading

Umuhanzi Runup ashobora guhindura izina kubera ibibazo yagiranye nabo bakorana.

Umuhanzi RunUp ahamya ko nyuma yo kunanirwa kumvikana n’Umunya-Nigeria bakoranaga, yatangiye gutekereza uko yahindura amazina agatangira umuziki bundi bushya. Ibi uyu muhanzi ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru IGIHE nibwo yavuze ku bibazo yahuye nabyo bituma atagisohora indirimbo. RunUp yavuze ko afitanye ikibazo n’Umunya-Nigeria bakoranaga nyuma bakaza kugirana ibibazo byatumye bashaka gutandukana. Ati “Havutse ibibazo biba ngombwa ko […]

Continue Reading

Chris Brown yasomye umugore imbere y’umugabo we.

Umuhanzi w’icyamamare Chris Brown yagaragaye asomana n’umugore wari kumwe n’umugabo we, amashusho y’umugabo aba gikwira ku mbuga nkoranyambaga. Chris Brown yasomye uyu mugore mu ruherekanerwo kuwa 30 werurwe 2026 mu bitaramo bye yise “Under The Influence Tour”. Iyi nkundura yatangiye ubwo umugore witwa Tanisha Coetzee yajyaga ku rubyiniro, maze Chris Brown akamubyinisha mu ndirimbo ye […]

Continue Reading

Joshua Baraka yaciye kuri Diamond Platnumz ku rubuga rwa sportfy.

Umuhanzi wo muri Uganda Joshua Baraka niwe wumvwa cyane ku rubuga rwa Spotify mu karere k’Afurika y’I Burasirazuba.  Urebye imibare y’abumva abahanzi bo muri Afurika y’I Burasirazuba, Joshua Baraka ni we ufite abamwumva basaga miliyoni 1.7. ku rundi ruhande ariko Diamond Platnumz yumvwa n’abasaga miliyoni 1.6. Abantu bumva umuhanzi buri kwezi kuri Spotify,kubatangaza bifasha umuhanzi […]

Continue Reading

Kera kabaye umuhanzi Davis D agiye kugarara mu bitaramo bya Iwacu muzika Festival.

Nyuma y’imyaka irindwi atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Davis D yatangajwe mu bazataramira abakunzi b’umuziki muri iri serukiramuco rigeze ku nshuro ya karindwi. Nyuma y’imyaka irindwi atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Davis D yatangajwe mu bazataramira abakunzi b’umuziki muri iri serukiramuco rigeze ku nshuro ya karindwi. Ibi […]

Continue Reading