DGPR izagabanya imyaka ya Pansion inashyireho umushahara fatizo

kuri iki cyumweru tariki ya 30 Kamena 2024, ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR ku munsi wa 9 wo kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika n’abadepite ryatangaje ko niriramuka ritowe rizagabanya imyaka ya pansiyo,gushyiraho umushahara fatizo ndetse no kongera umubare w’abadepite.Ibi byatangarijwe mu kagari ka Rango A umurenge wa Mukura mu KARERE ka […]

Continue Reading

Kagame yijeje ubufasha umuturage wiyemeje kongerera ikijumba agaciro

Perezida Kagame, akaba n’Umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, yijeje ubufasha Ndayambaje Christian wo mu Karere ka Nyamasheke wiyemeje kongerera agaciro ibijumba akabikoramo ibisuguti, divayi n’ibindi. Ni ubufasha Perezida Kagame yemeye kuri uyu wa 29 Kamena 2024 ubwo yiyamamariza ku Kibuga cya Kagano, mu Murenge wa Kagano, mu Karere ka Nyamasheke. Perezida Kagame yavuze […]

Continue Reading

Perezida Tshisekedi yateguje intambara karundura akagarura uduce M23 yafashe

Perezida Tshisekedi yayoboye inama nkuru yaguye ya gisirikare nyuma y’ifatwa rya Kanyabayonga n’ibindi bice bitandukanye muri Teritwariya Lubero, muri Kivu ya ruguru. Kuri uyu wa 29 Kamena 2024, nibwo Perezida Tshisekedi yayoboye inama yihutirwa y’ingabo n’abapolisi, baganira ku ifatwa rya Kanyabayonga n’ibindi bice byo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’uko Leta yabyigarurira, nk’uko byasobanuwe n’ibiro […]

Continue Reading

Perezida Kagame niwe uzafungura ku mugaragaro Stade Amahoro menya byose bijyanye nuyu muhango

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko Perezida Paul Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro ku wa Mbere, tariki ya 1 Nyakanga. Umukuru w’Igihugu azanakurikirana umukino uzahuza APR FC na Police FC kuri uwo munsi, guhera saa Kumi n’Imwe z’umugoroba. Amarembo y’iyi Stade iheruka gushyirwa ku rwego rwo kwakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza, azafungurwa saa Tanu, […]

Continue Reading

Umucungagereza w’umugore yagaragaye ari gusambana n’imfungwa muri gereza

Mu Bwongereza, inkuru iri guca ibintu ni iy’umucungagereza w’umugore wafashwe amashusho ari gusambana n’imfungwa ashinzwe kurinda mu kumba yari ifungiwemo, byatumye ahita atangira gukorwaho iperereza. Aya mashusho yafashwe n’indi mfungwa yari itunze telefoni mu buryo butemewe. Mu gufata ayo mashusho, iyi mfungwa yayafashe yagize iti: “Uko niko twibereyeho muri Wandsworth.” Abapolisi ndetse n’abayobozi ba gereza […]

Continue Reading

Niyonzima Olivier Sefu yasinye muri Rayon Sports

Niyonzima Olivier yasubiye muri Rayon Sports nyuma yo guca muri APR FC, AS Kigali na Kiyovu Sports. Sefu wagaragaye mu mukino wa gicuti uheruka guhuza APR FC na Rayon Sports, akina hagati mu kibuga afasha ba myugariro, yasinye amasezerano y’umwaka umwe. Yari akina muri Rayon Sports kuva 2015 kugera 2019, atwaramo igikombe cy’amahoro na shampiyona. […]

Continue Reading

DGPR yijeje abaturage ba Kabaya uruganda rukora Peteroli ndetse na Minisiteri y’itangazamakuru

Ku munsi wa 8 ubwo ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR mu murenge wa Kabaya mu KARERE ka Ngororero ryatangaje ku mugaragaro ko nibatora Dr Frank Habineza nka Perezida ndetse n’abadepite baryo ko rizabazanira uruganda rutunganya Peteroli ndetse na Minisiteri y’itangazamakuru. Perezida w’ishyaka DGPR akaba na Kandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, imbere […]

Continue Reading

“Ntabwo tuzategereza udutera” – Kagame yaburiye abavuze ko bazatera u Rwanda yiyamamariza i Nyamasheke

Perezida Kagame yaburiye abayobozi b’ibihugu birimo u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigambye ko bashaka gutera u Rwanda ko rutera rudaterwa. Ibi yabivuze kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 29 Kamena 2024, yiyamamariza mu Karere ka Nyamasheke nyuma yo kuva mu twa Musanze, Rubavu, Ngororero, Muhanga, Nyarugenge, Huye, Nyamagabe na Rusizi. Ati: “Bavuga […]

Continue Reading

Ikiganiro Mpaka Hagati ya Joe Biden na Donald Trump Kibanziriza Amatora ya 2024

Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Donald Trump yasimbuye ku butegetsi, bahuriye mu kiganiro mpaka kibanziriza amatora y’Umukuru w’Igihugu, hagamijwe kugaragaza ibitekerezo bibafasha gushaka amajwi. Iki kiganiro mpaka cyabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa 28 Kamena 2024 cyayobowe na Televiziyo CNN. Ingingo zibanzweho zirimo ubukungu bwa Amerika, ikibazo cy’abimukira binjirira […]

Continue Reading

Paul Kagame Yatangaje ko Urubyiruko Rukwiriye Kurinda Ibyagezweho mu Karere ka Rusizi

Umukandida w’umuryango wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yabwiye abaturage bo mu karere ka Rusizi, by’umwihariko urubyiruko, ko bakwiriye gukomeza kurinda ibyagezweho kuko utakubaka inyubako nziza ngo wemere ko hari undi uyisenya. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kamena 2024, Umukandida wa FPR Inkotanyi yakomereje kwiyamamaza muri aka Karere ka Rusizi, kakaba aka munani agezemo […]

Continue Reading