41,1% by’abahawe gatanya mu Rwanda bari bataramarana imyaka 10.
Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yagaragaje ko ingo 2.629 zahawe gatanya zinashyirwa muri muri sisiteme mu 2025, ndetse 41,1% bari bamaranye imyaka itageze ku 10 babana, mu gihe ingo 18 gusa mu zahawe gatanya ari zo zari zimaranye igihe kirenze imyaka 45. Raporo yitwa Rwanda Vital Statistics report 2025 yashyizwe hanze ku wa 15 Mata […]
Continue Reading
