Kuberiki igiciro cy’Ibirayi gikomeza kuzamuka kandi n’umusaro wabyo wariyongereye.
ibirayi ni kimwe mu bihingwa biribwa n’abantu benshi mu Rwanda ndetse izamuka ry’ibiciro byabyo biri mu ngingo zigarukwaho kenshi umunsi ku wundi aho abacuruzi babyo n’abaguzi bavuga ko biteye impungenge. Ku masoko atandukanye mu bice binyuranye by’u Rwanda igiciro cy’ibirayi ntigihwema kuzamuka nyamara imibare igaragaza ko buri mwaka umusaruro wabyo wiyongera, ibituma benshi bibaza impamvu […]
Continue Reading
