Abaganga bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda “bararegwa kwica”
Abaganga bo ku bitaro bya Nyanza bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda umwana we agapfa, bagejejwe imbere y’urukiko bahakana gusiragiza uwo mubyeyi n’ibyaha baregwa. Ubushinjacyaha bw’u Rwanda burarega abaganga batatu bakorera ku Bitaro bya Nyanza icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake, aho buvuga ko basiragije umubyeyi wari ugiye kubyara umwana agapfa, gusa abaregwa bahakana ibyo baregwa. […]
Continue Reading
