Musenyeri Dr Mbanda yatorewe kuyobora RIC

Ubuyobozi bw’Angilikani mu Rwanda bwatangaje ko Musenyeri Dr. Laurent Mbanda w’Itorero Anglican mu Rwanda ari we watorewe kuyobora Umuryango uhuza amatorero, amadini na Kiliziya (Rwanda Inter-Religious Council – RIC). Ni umwanya agiyeho asimbura Musenyeri Filipo Rukamba wa Diyoseze Gatolika ya Butare wari umaze imyaka itatu kuri uyu mwanya. Mu matora yabaye ejo ku wa Gatanu […]

Continue Reading

Umugabo yishe abagore babiri abagaburira ingurube

Urukiko rwo muri Afurika y’Epfo rwatangiye kuburanisha abantu batatu barimo umugabo witwa Zachariah Olivier w’imyaka 60, ukurikiranyweho icyaha cyo kwica abagore babiri maze akagaburira ingurube ze imirambo yabo. Zachariah Olivier yagejejwe imbere y’urukiko nyuma y’uko ibisigazwa by’aba bagore babiri, bari bamaze igihe baraburiwe irengero, bibonetse mu kiraro cye cy’ingurube giherereye mu karere ka Limpopo. Ibi […]

Continue Reading

Gakenke: Abantu batatu bapfiriye mu kirombe

Abantu batatu bari bari gucukura amabuye y’agaciro mu Murenge wa Ruli mu Karere ka Gakenke bahuye n’amazi mu kirombe bacukuragamo arabica. Abo bantu bari bari gucukura mu kirombe cya Koperative isanzwe ikora ubucukuzi witwa COMIKAGI ikorera ubwo bucukuzi mu Murenge wa Ruli baguyemo ku mugoroba wo ku itariki 29 Kanama 2024. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, […]

Continue Reading

Bigenda bite ngo umusirikare yirukanwe mu Ngabo z’u Rwanda?

Umwuga w’igisirikare ni umwe mu myuga ikomeye ndetse ifite imiterere yihariye kandi mu mikorere yawo ugira amategeko awugenga ari nayo abawukora bagomba kugenderaho. Igisirikare aho kiva kikagera ku Isi kiba gifite amategeko n’amabwiriza agenga abagikoramo mu rwego rwo kurushaho gufasha abakora uwo mwuga kugendera ku murongo umwe kandi bahuje umugambi. Iyo uvuze ikinyabupfura no kugendera […]

Continue Reading

Nyuma yo gutabarizwa na Gen Muhoozi Umudepite yafunguwe

Kuri uyu wa 30 Kanama 2024, Umudepite Michael Mawanda, ukomoka mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda ndetse akaba n’umuyobozi ushinzwe ubukangurambaga mu ihuriro PLU (Patriotic League of Uganda), yafunguwe by’agateganyo nyuma yo gutanga ingwate y’amashilingi ya Uganda miliyoni 35 (angana na miliyoni 12,5 Frw). Mawanda yari yatawe muri yombi muri Kamena 2024, akekwaho kunyereza amafaranga […]

Continue Reading

RDF yashimiye Abajenerali n’abandi basirikare 1 162 bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwashiniye byimazeyo Abajenerali batanu n’abandi basirikare 1 162 batangiye ikiruhuko cy’izabukuru guhera kuri uyuwa Gatanu tariki ya 30 Kanama 2024. Byagarutsweho mu muhango wo gusezera kuri   abo basirikare bakoze imirimo yabo neza bakiri mu nshingano,  wabareye ku Birindiro Bikuru bya RDF ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo uyu munsi. Mu basezerewe harimo Gen […]

Continue Reading

Byinshi ku noti nshya ya 5000 Frw n’iya 2000 Frw za shyizweho

Ku wa 30 Kanama 2024, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yashyize ahagaragara inoti nshya za 5000 Frw na 2000 Frw zifite ibimenyetso bishya, ariko zizakomeza gukoreshwa hamwe n’inoti zisanzwe mu gihugu. Izi noti zashyizweho nyuma yo gusabwa na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi ndetse no kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 23 Kanama 2024. Ibimenyetso Biranga Inoti […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umusaza w’imyaka 75 wigeze gufungirwa urumogi yongeye kurufatanwa

Bizimungu Vianney w’imyaka 75, wo mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo nyuma yo kongera gufatanwa urumogi  kuko yari yarigeze gufungirwa kurucuruza, arangiza ibihano arataha. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyato, Harindintwali Jean Paul, yabwiye Imvaho Nshya ko uyu mugabo wari usanzwe akekwaho gucuruza […]

Continue Reading

Yago yahunze biturutse ku gatsiko kashatse kumwica

Umuhanzi Nyarwaya Innocent wamenyekanye cyane nka Yago yatangaje ko yahunze biturutse ku gatsiko kashatse kumwica mu myaka Ine ishize nkuko yabigarutseho ku rubuga rwe rwa X. Nubwo yatangaje ko yahunze kandi agahungira mu gihugu cya Uganda, yaciye amarenga ko atahunze kubera kwanga u Rwanda ahubwo ko ari abantu ku giti cyabo babiteye. Ati: “Rwanda nkunda, nkuhunze ntakwanga ahubwo […]

Continue Reading

Perezida Kagame yaganiriye n’abasirikare bakuru mu Ngabo z’u Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yaganiriye n’Abajenerali ndetse n’abandi bofisiye bakuru mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF). Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko iyo nama yateranye kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Kanama 2024. Ibyo biro byatangaje ko mu byo baganiriye byibanze ku ngingo ziribena n’amahoro n’umutekano by’u […]

Continue Reading