Musenyeri Dr Mbanda yatorewe kuyobora RIC
Ubuyobozi bw’Angilikani mu Rwanda bwatangaje ko Musenyeri Dr. Laurent Mbanda w’Itorero Anglican mu Rwanda ari we watorewe kuyobora Umuryango uhuza amatorero, amadini na Kiliziya (Rwanda Inter-Religious Council – RIC). Ni umwanya agiyeho asimbura Musenyeri Filipo Rukamba wa Diyoseze Gatolika ya Butare wari umaze imyaka itatu kuri uyu mwanya. Mu matora yabaye ejo ku wa Gatanu […]
Continue Reading
