Nshuti Innocent yambitse impeta umukunzi we bitegura kurushinga.

Nshuti Innocent, rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” na Wedfaq Ajdabiya yo muri Libya, yambitse impeta umukunzi we, Uwase Nice bamaze igihe bakundana amusaba kumubera umugore. Kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Mata 2026, ni bwo uyu mukinnyi yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze buhuriyeho na bombi, abukurikiza amagambo yuje urukundo. Yagize ati: “Ndacyishimiye ko […]

Continue Reading

Dore ibintu 10 wakorera umukunzi wawe agahora akwirahira.

Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya kumubwira akantu gasekeje cyangwa se k’ibanga ujye ukoresha kumwongorera, kuko ibi bituma yumva ibizongamubiri n’itandukaniro […]

Continue Reading

Umugore yakubise umugabo wanze ko baryamana.

Polisi yo muri Mexico yataye muri yombi umugore w’imyaka 25 witwa Sara Michelle, ukekwaho gukubita umugabo bakundanaga witwa Martín Octavio, nyuma y’amakimbirane yabereye mu rugo. Nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano, ibi byabaye nyuma y’uko Martín Octavio atangaje ko adashaka kuryamana n’uwo mugore, ibintu byateje impaka hagati yabo. Bivugwa ko Sara Michelle yafashe umukandara atangira gukubita uwo […]

Continue Reading

Ni ryari ngomba gufata umwanzuro wo gutandukana n’umukunzi wanjye?

Urukundo ni rwiza ndetse usanga umuntu uri mu rukundo aba yishimye, asa n’uwageze mu ijuru rito. Ariko ibi ni ku muntu wahiriwe mu rukundo, ufite umukunzi umwitaho, kandi babanye neza. Nyamara ushobora kuba uri mu rukundo, utishimye na gato, muhora mutongana, nta mahoro mufite mu rukundo rwanyu. Gutandukana n’umukunzi, ni icyemezo kigoranye cyane. Usanga abenshi […]

Continue Reading

Abagabo bashegeshwa no gutandukana n’abo bakundanaga kurusha abagore – Ubushakashatsi

Nubwo benshi batekereza ko abagabo batita cyane ku rukundo nk’uko abagore babigenza, ubushakashatsi bwerekanye ko ari bo baba bafite intimba nyinshi iyo batandukanye n’abo bakundanaga. Abahanga mu by’imitekerereze bo muri kaminuza zo mu Bwongereza no mu Busuwisi bakoze ubushakashatsi bwagutse ari nabwo bwa mbere bukozwe ku ngaruka zo gutandukana n’uwo mwakundanaga, dore ko hari abo […]

Continue Reading

Umusore ubaho adafite umukunzi n’umwe birangira arushinze n’umukobwa mwiza – Ubushakashatsi

Abasore bamara igihe kirekire badafite abakunzi b’abakobwa kuva mu bwana bwabo baba bafite amahirwe yo “gutsinda cyane” mu rukundo rwabo bakuze, bagashyingirwa abagore beza b’imico n’ubwiza budasanzwe. Iyi ngingo iri kwibandwaho cyane mu biganiro n’imbuga zitandukanye z’imyidagaduro ku Isi. Inzira y’iki gitekerezo ni uko bashingiye ku myumvire y’uko abasore badafite abakunzi bakunze kugira kwihangana, kwibanda ku ntego ndende, […]

Continue Reading

Ibi bintu ukwiye kubyitondera mu gihe ugiye gutereta bwa mbere

  Ni kenshi usanga umusore akubwira ko yabuze umukundi kandi mu by’ukuri ntacyo abuze ahubwo ari uko atazi inzira abandi banyuramo ngo babashe kwigarurira imitima y’abakobwa. Kugira ngo umukobwa akwemerere urukundo ni uko hari imico aba yakubonyeho akayikunda ndetse akaba yizeye ko atazakorwa n’isoni mu gihe azaba akubwira bagenzi be. Dore ibintu 10 uzitondera rero […]

Continue Reading