Mifotra yashyize umucyo ku cyiswe izamuka ry’umushahara w’abakozi ba Leta.

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda, yatangaje ko ibyo abantu bamwe bise izamuka ry’imishahara ku bayobozi bo mu bigo bya Leta atari byo, igaragaza ko nta mpinduka zabayeho ku mafaranga abakozi batahana. MIFOTRA yatangaje ko hashingiwe ku ku iteka ryasohotse mu igazeti ya Leta ku wa 23 Mata 2026 rihindura itegeko nimero 017/2020 ryo […]

Continue Reading

Kigali: Umusore wishimiraga igikombe Arsenal yatwaye yapfuye bitunguranye

Umusore w’imyaka 28 witwa Tuyishimire Leandre wari utuye mu Mujyi wa Kigali, mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kinyinya, mu Kagari ka Kagugu ahazwi nka Batsinda, yapfuye bitunguranye hakekwa inzoga zizwi nk’ibyuma yari amaze iminsi asangira na bagenzi be bishimira igikombe cya shampiyona ikipe ya Arsenal yatwaye. Ibi byabaye ku wa Kabiri tariki 26 Gicurasi […]

Continue Reading

Iran yashinje Amerika kurenga ku gahenge, iteguza kwihorera.

Guverinoma ya Iran yatangaje ko igitero Amerika yagabye mu Ntara ya Hormozgan mu majyepfo y’igihugu kigamije kwangiza aharasirwa missiles n’ubwato hafi y’inzira ya Hormuz, ari uburyo bwo kurenga ku gahenge impande zombi zumvikanyeho Ku wa 26 Gicurasi, Ingabo za Amerika ziri mu Burasirazuba bwo hagati zagabye igitero mu majyepfo ya Iran hagamijwe kurasa ubwato bashinja […]

Continue Reading

Urukiko rwatesheje agaciro ubujurire bwa Semuhungu Eric

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bwa Semuhungu rugumishaho icyemezo cyari cyafashwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro cy’uko afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Uyu ni umwanzuro w’Urukiko wafashwe ku wa 26 Gicurasi 2026, aho rwemeje ko ubujurire bwa Semuhungu Eric nta shingiro bufite ndetse n’ingwate yatanze asaba ko yarekurwa atayemerewe. Ku wa 21 Gicurasi 2026 ni […]

Continue Reading

U Rwanda rwazamuye bikomeye imishahara y’abayobozi ba Leta, bamwe imishahara yikuba kabiri.

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho impinduka zikomeye mu mishahara y’abayobozi bo mu nzego za Leta, aho amafaranga y’inshingano yahabwaga abayobozi yiyongereye ku rwego rutigeze rubaho mbere. Ni impinduka zikubiye mu Iteka rya Minisitiri w’Intebe No. 016/03 ryo mu 2026, ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Justin Nsengiyumva, rigahindura uburyo amafaranga y’inshingano abarwaga ku bakozi bafite imyanya y’ubuyobozi […]

Continue Reading

Muhanga: Abantu 9 barimo umugore batawe muri yombi

Polisi ikorera mu Murenge wa Kabacuzi, Akarere ka Muhanga yafashe abantu 9 harimo batanu bari bafite toni imwe n’ibiro 123 by’amabuye y’agaciro na bane bacukuraga mu buryo butemewe. Iyi operasiyo yo gufata aba bantu 9 bakekwaho iki cyaha, yabaye kuri uyu Mbere taliki ya 25/05/2026 mu Kagari ka Butare, Umurenge wa Kabacuzi. Umuvugizi wa Polisi […]

Continue Reading

Kitoko yongewe mu bazataramana na Bruce Melodie na The Ben.

Umuhanzi Kitoko Bibarwa azafatanya na Bruce Melodie na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu byiswe ‘2026 Summer Country Tour’ Umuhanzi Bruce Melodie aherutse gutangaza ko afatanyije na The Ben bazakora ibitaramo bizenguruka uturere tune tw’Iguhugu kuva ku wa 13 Kamena 2026 – 4 Nyakanga 2026. Ku ikubitiro iki gitaramo kizaba kirimo abahanzi batatu bari mu […]

Continue Reading

Rulindo:Ikirombe cyishe babiri bacukuraga amabuye y’agaciro.

Mu kagari ka Kajevuba mu murenge wa Ntarabana w’akarere ka Rulindo abantu babiri bagwiriwe n’ikirombe bahasiga ubuzima. Abaturage aha bavuga ko abantu babiri bapfiriye mu kirombe bacukuragamo amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa gasegereti ku bw’ibyago, ikirombe kikabagwira. Nubwo aba babiri ari bo bapfuye bagwiriwe n’ikirombe, abaturage bavuga ko aha ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe busanzwe […]

Continue Reading

MIFOTRA yatanze ikiruhuko cy’umunsi wa Eid al-Adha

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko ku wa Gatatu tariki ya 27 Gicurasi 2026, ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mukuru wa Eid al-Adha. Mu itangazo iyi Ministeri yasohoye kuri uyu wa 25 Gicurasi 2026, yagize iti “Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo iramenyesha abakoresha n’abakozi bose bo mu nzego za Leta n’iz’abikorera […]

Continue Reading

Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya.

Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya witwa Ahamadou Alhaminou Mohamed Lô, wasimbuye Ousmane Sonko aherutse kwirukana. Mu ijoro ryo ku wa 25 Gicurasi 2026 ni bwo itangazo rishyiraho Minisitiri w’Intebe mushya ryasohotse. Lô w’imyaka 60 ni umuhanga mu by’ubukungu, amabanki no mu by’imari. Muri Mata 2024, yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa Guverinoma […]

Continue Reading