Abarenga ibihumbi 12 bahoze muri FDLR bamaze kwakirwa mu Rwanda

Komisiyo y’igihugu ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikare (RDRC) yatangaje ko kuva mu 2001 imaze gusubiza mu buzima busanzwe abantu 12.602 bahoze mu mitwe y’inyeshyamba ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aya makuru yatanzwe na Perezida wa RDRC, Nyirahabineza Valerie, kuri uyu wa 30 Ukwakira 2025, ubwo iyi […]

Continue Reading

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Somalia ajyanye n’ubufatanye mu nzego 5

U Rwanda na Somalia byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego eshanu zirimo ubutabera, uburezi, ubuhinzi, ikoranabuhanga (ICT) ndetse n’ubufatanye mu by’amategeko, mu rwego rwo gushimangira no kwagura imikoranire y’ibihugu byombi. Ni amasezerano yasinyiwe i Kigali, kuri uyu wa 27 Ukwakira 2025, hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane mu Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe na mugenzi […]

Continue Reading

Christopher na Siji ugezweho i Burundi mu batanze ibyishimo i Kigali

Christopher na Siji uri mu bahanzi bagezweho i Burundi by’umwihariko mu ndirimbo nka ‘Komsa’, batanze ibyishimo mu gitaramo cyabereye muri ‘Zaria Court’ ku wa 26 Ukwakira 2025. Iki gitaramo bise ‘The Somnia Mix’ cyitabiriwe n’abakunzi b’umuziki batigeze bakangwa n’imvura yabanje kugwa ku mugoroba wo ku wa 26 Ukwakira 2025 cyane ko bari bakoraniye aho cyabereye […]

Continue Reading

Rwanda Steps Up Fight Against Lead

The environmental protection organization ARECO Rwanda Nziza has launched a national campaign aimed at reducing the use of lead, a toxic chemical commonly found in paints. The initiative took center stage during the week of October 19–24, 2025, which was dedicated to raising awareness and promoting the elimination of lead-based products in Rwanda. During this […]

Continue Reading

Nyanza: Umusore akurikiranyweho kwica nyina amutemye

Polisi ikorera mu Karere ka Nyanza yatangaje ko yataye muri yombi umusore w’imyaka 33 ukekwaho kwica nyina amutemye. Byabereye mu Mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Kibirizi, mu Kagari ka Mututu, mu Mudugudu wa Kanyinya, mu ijoro ryo ku wa 23 rishyira 24 Ukwakira 2025. Uyu yatawe muri yombi akekwaho kwica nyina, biturutse ku makimbirane […]

Continue Reading

Bishop Gafaranga yashimiye ababaye hafi umuryango we mu bihe bikomeye

Bishop Gafaranga uherutse gufungurwa yashimiye umugore we Annette Murava uburyo yitwaye mu gihe umugabo we yari afunze, akabungabunga urugo n’ababaye hafi umuryango we mu bihe by’ibibazo kugeza atashye. Ni nyuma y’uko bombi bahuriye mu kiganiro bakoranye ku muyoboro wabo wa Youtube witwa Gafaranga na Murava cyari kigamije kuganiriza abakunzi babo. Cyabanjirijwe n’isengesho no kuramya byose […]

Continue Reading

Minisitiri w’ubuhinzi arasaba abaturage kubungabunga ibiti byatewe

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Ukwakira 2025 ubwo yari mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Cyanika, Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Mark Cyubahiro Bagabe yasabye abarezi , abanyeshuri n’abaturage muri rusange kubungabunga ibiti by’imbuto byatewe mu rwego rwo kurwanya inzara no kubungabunga imirire. Ibi yabigarutseho ubwo haterwaga ibiti bisaga ibihumbi 5 ubwo hizihizwaga […]

Continue Reading

Ikinyabutabire cya lead gikoreshwa mu marangi cyatangiye kuvugutirwa umuti usharira

Umuryango urengera ibidukikije ARECO Rwanda nziza watangije urugamba rwo kugabanya ikoreshwa ry’ikinyabutabire cya lead gikoreshwa mu gukora amarangi. Ibi ni ibikubiye mu bikorwa bitandukanye byaranze icyumweru cyatangiye ku itariki ya 19 – 24 Ukwakira 2025 cyo kwirinda ikoreshwa ry’iki kinyabutabire aho uyu muryango wahuje ibigo bitandukanye bifite aho bihuriye n’ikoreshwa ry’iki kinyabutabire. Umuyobozi muri ARECO […]

Continue Reading

Gicumbi: Ikiraro cyo mu kirere bubakiwe gitwaye asaga miliyoni 160 Frw kiri kuzahura imihahirane

Abaturage bishimiye ikiraro cyo mu kirere gishya cyubatswe hejuru y’umugezi, gihuza Imirenge ya Ruvune, Bwisige, Nyamiyaga, cyatwaye miliyoni 163 657 691 Frw, cyongeye kuzahura imihahiranire. Abaturage bavuga ko mbere yo kubakwa kw’iki kiraro, ubuzima bw’abantu bwahagenderaga, by’umwihariko mu bihe by’imvura nyinshi aho amazi yabuzaga abantu kwambuka. Mukamana Odette, utuye mu Murenge wa Bwisige yagize ati: “Mbere […]

Continue Reading