Abagenzacyaha bashya ba RIB basabwe gushyira imbaraga mu kurwanya ibyaha by’ikoranabuhanga

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel, yasabye abagenzacyaha bashya basoje amahugurwa gushyira imbaraga mu kurwanya ibyaha by’ikoranabuhanga bikomeje kwiyongera mu Rwanda Ibi yabigarutseho kuri uyu wa 31 Nyakanga 2025, mu gikorwa cyo gusoza amahugurwa y’ibanze ku banyeshuri 115 mu Ishuri Rikuru rya Polisi mu Karere ka Musanze (National Police College). Uyu […]

Continue Reading

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na uherutse gutorerwa kuyobora AfDB

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Perezida Kagame yahuye na Dr Sidi Ould Tah, uherutse gutorerwa kuyobora Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, AfDB. Baganiriye ku bufatanye bw’u Rwanda n’iyi banki, aho impande zombi zakorana mu bihe biri imbere. Dr Sidi Ould Tah azatangira ishingano ze muri Nzeri 2025. Yatowe ku wa 29 Gicurasi 2025 n’Inama […]

Continue Reading

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho wafashe abasirikare benshi b’u Burundi

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo watangaje ko wafashe mpiri abasirikare benshi barimo ab’iki gihugu n’ab’u Burundi. Umuvugizi wa Twirwaneho, Kamasa Ndakize Welcome, ku wa 30 Nyakanga 2025, yatangaje ko kuva mu ntangiriro za Werurwe, ingabo za RDC n’iz’u Burundi zagabye ibitero bitandukanye mu bice bituwe n’Abanyamulenge mu ntara ya […]

Continue Reading

MTN Rwanda yafatiwe ibihano na RURA

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ko rwafatiye MTN Rwandacell ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi kubera ibibazo bimaze iminsi bigaragara muri serivisi zayo. Itegeko N°24/2016 ryo ku wa 18/06/2016 rigenga ikoranabuhanga mu itangazabumenyi n’itumanaho rigaragaza ko ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi bishobora kuba ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda, bitandukana […]

Continue Reading

MINEDUC yavuze ku Abarimu batazi Icyongereza

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yavuze ko hari abarimu n’abayobozi b’ibigo bahuguwe ndetse hakiri n’abandi bari guhugurwa ku rurimi rw’Icyongereza kandi ko nyuma y’isuzuma abazatsindwa batazirukanwa ahubwo bazakomeza guhugurwa kugeza bageze ku rugero rwifuzwa. Mu nama Nyunguranabitekerezo n’abarimu bo mu mashuri y’uburezi bw’ibanze kuri uyu wa 31 Nyakanga, agaruka ku bazatsindwa icyo kizamini niba bashobora kwirukanwa Minisitiri […]

Continue Reading

Hagaragajwe impamvu zitera abarimu gusaba kwimurwa aho bakorera

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda (MINEDUC) yagaragaje ishusho rusange y’umwuga w’uburezi mu Rwanda, aho yerekanye ko abarimu benshi bakunze gusaba kuva mu turere tumwe bajya mu tundi. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Politiki z’Uburezi muri MINEDUC, Dr Baguma Rose yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 31 Nyakanga 2025, mu nama nyunguranabitekerezo yahuje MINEDUC n’abarimu bahagarariye abandi. Hagaragajwe […]

Continue Reading

Rutsiro: Batatu barimo umunyerondo bafungiye gutobora butiki bakayisahura

Kuri sitasiyo ya RIB ya Kivumu mu Karere ka Rutsiro hafungiye abagabo 3 barimo umunyerondo witwa Ndungutse w’imyaka 35, bakurikiranyweho gutobora butiki y’umucuruzi Habyarimana Gilbert ukorera kuri santere y’ubucuruzi yo kwa Shuni iri mu Mudugudu wa Kabuye, Akagari ka Kabujenje, Umurenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro. Umwe mu bacururiza muri iyi santere y’ubucuruzi yavuze […]

Continue Reading

Umunyamakuru Rugaju Reagan na Jangwani batawe muri yombi

Umunyamakuru Rugaju Reagan ukora kuri RBA, Radio Rwanda Rugaju Reagan,Umuvugizi w’Abafana ba APR FC Mugisha Frank ‘Jangwani’ na Kalisa Georgine Kalisa Georgine wahoze ashinzwe umutungo muri APR FC  bari mu bantu batawe muri yombi, mu gihe hakorwa iperereza ku mafaranga ya APR FC yanyerejwe. Uko ari batatu batawe muri yombi ku mugoroba wo ku wa […]

Continue Reading

Impunzi z’Abanye-Congo ziri mu Rwanda zatangaje ko zizataha ari uko FDLR iranduwe

Impunzi z’Abanye-Congo zimaze imyaka igera kuri 25 ziba mu nkambi zitandukanye mu Rwanda, zatangaje ko zititeguye gutaha mu gihe ibyatumye zihunga igihugu cyabo byaba bidakemutse. Mu Rwanda habarirwa impunzi zose hamwe zingana 136.713 muri zo izingana na 60,83% ni izituruka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo harimo 207 zageze mu Rwanda hagati ya Mata na […]

Continue Reading

Guverinoma yemeje ibiciro byo gupimisha ibyuka by’ibinyabiziga byangiza ikirere

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu, tariki ya 30 Nyakanga, yemeje iteka rya Minisitiri rigena amafaranga y’ipimwa ry’imyuka ihumanya ikirere, iva mu binyabiziga bidakoresha amashanyarazi, harimo na moto. Iri teka rya Minisitiri w’Ibidukikije rigamije kuzamura ireme ry’ubwiza bw’ikirere no kurinda ubuzima bw’abaturage. Rigamije kongerera imbaraga ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza y’igihugu yo gushyira mu bikorwa amabwiriza […]

Continue Reading