Marco Rubio yagiriye uruzinduko i Vatican rugamije guhosha umwuka mubi Hagati ya Trump ba Papa Leo‎ XIV

Umunyamabanga wa Leta wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yagiranye ibiganiro n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV,  byamaze iminota 30 i Vatican, ni mu ruzinduko rwari rugamije kugabanya umwuka mubi hagati ya Perezida Donald Trump na Papa kubera intambara yo muri Iran.‎‎Rubio, usanzwe ari umuyoboke w’Itorero Gatolika ukomeye, yarafite uru […]

Continue Reading

Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Kiliziya Gatolika yiteguye Gukoresha ubwenge buhangano (AI) mu iyogezabutumwa.

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Kiliziya Gatolika yiteguye kwinjira byimazeyo mu ikoreshwa ry’ubwenge buhangano (AI) mu iyogezabutumwa, mu rwego rwo kugera ku bantu benshi cyane cyane urubyiruko ruri mu isi y’ikoranabuhanga. Yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Gicurasi 2026, […]

Continue Reading

Kiliziya Gatolika mu iperereza ku bavuga ko bimitse Papa mu Rwanda.

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Kiliziya iri gukora iperereza ku biyita Abatowe bavuga ko baheruka kwimika uwo bise Papa wabo. Ni ibintu byatunguye benshi kubona hari abavuga ko bimitse Papa mushya kandi w’Umunyarwanda nyuma y’uko bikwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga. Amashusho yakwirakwiye, yerekana itsinda ry’abantu […]

Continue Reading

Ben na Chance bahishuye ko hari abari barahanye gatanya biyungiye mu gitaramo cyabo.

Abaramyi banashakanye nk’umugore n’umugabo baririmbana mu itsinda rya Ben na Chance batangaje ko mu gitaramo baherutse gukora cyatumye umuryango wari warasenyutse wongera kwiyunga. Ni igitaramo cyabaye tariki 5 Mata 2026, cyari kigamije gufasha abakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana kwizihiza Pasika banoza umubano wabo n’Imana. Binyuze mu kiganiro Ben na Chance banyujije ku rukuta […]

Continue Reading

Pope Léon XIV agiye gutangira uruzinduko rw’iminsi 10 muri Afurika.

Papa Léon XIV agiye gutangira urugendo rwe rwa mbere ku mugabane wa Afurika, rugomba kumara iminsi icumi. Ni uruzinduko atangira kuri uyu wa Mbere muri Algeria mbere yo gukomereza muri Cameroun. Léon XIV azagera mu mijyi 11 ya Afurika, aho biteganyijwe ko azakora urugendo rwa kilometero ibihumbi 18 mu ngendo z’ingende 18 azakora. Cardinal Michael […]

Continue Reading

Papa Leo XIV yikoreye umusaraba; ibyaherukaga mu myaka irenga 30 ishize.

Ku wa Gatanu Mutagatifu, Papa Leo XIV w’imyaka 70 yagaruye umuco wa kera, ayobora abantu bagera ku bihumbi 30 mu isengesho ry’Inzira y’Umusaraba mu byiciro byose uko ari 14 mu nyubako y’amateka y’i Roma, Colosseum, abikora yikoreye umusaraba. Iki gikorwa cyari kimaze imyaka irenga 30 kitakibaho. Papa ubwe yikoreye umusaraba amasaha hafi abiri, igikorwa gisaba […]

Continue Reading

Icyemezo cya Israel kibuza abakirisitu kwizihiza umunsi wa Mashami, gikomeje kwamaganwa.

Israel yabujije abakirisitu kwizihiza Umunsi Mukuru wa Mashami ku mpamvu ivuga ko ari izo kubungabunga umutekano, kuko iki gihugu kiri mu ntambara na Iran, icyemezo gikomeje kwamaganwa n’ibihugu byinshi birimo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Polisi ya Israel yabujije kandi abakuriye Kiliziya Gatolika kwizihiza ibi birori inababuza guteranira kuri Kiliziya Ntagatifu ya Sepulchre, isurwa […]

Continue Reading

U Bwongereza: Bwa mbere mu mateka y’Abangilikani hashyizweho Musenyeri w’umugore.

Bwa mbere mu mateka y’Abangilikani mu Bwongereza, hashyizweho Musenyeri w’umugore uwo akaba ari Sarah Mullally. Mullally yimitswe ku mugaragaro ku wa Gatatu tariki tariki 25 Werurwe 2026, nk’umugore wa mbere ubaye umuyobozi w’ikirenga mu by’umwuka w’Abangilikani ku Isi, mu muhango wabereye muri katedrali ya Canterbury, mu majyepfo y’iburasirazuba bw’icyo gihugu. Uwo mugore wahoze ari umuforomo […]

Continue Reading

Umunsi w’Ilayidi wamenyekanye.

Ubuyobozi bukuru bw’ Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC), bwatangaje ko umunsi mukuru usoza igisibo cy’Ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan (EIDIL FITRI 2026) uzaba ku wa Gatanu tariki 20 Werurwe 2026. RMC yakomeje itangaza ko isengesho ryo kuri uwo munsi mukuru uzwi nk’ilayidi wa EIDIL FITRI ku rwego rw’Igihugu rizabera i Nyamirambo kuri Kigali Pele Stadium ku […]

Continue Reading

Papa Léon XIV yanenze intambara Amerika yagabye kuri Iran.

Papa Léon XIV yagaragaje ko atishimiye intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashoje kuri Iran, asaba ko imirwano ikwiye guhagarara, hakayobokwa inzira y’ibiganiro. Uyu mushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yavuze ko umutekano udashobora kubonekera mu ntambara n’ubugizi bwa nabi. Papa Léon XIV yabigarutseho mu masengesho yayoboye ku cyumweru i Vatican yabereye kuri […]

Continue Reading