AS Kigali WFC yamanutse mu Cyiciro cya Kabiri nyuma y’imyaka 18.

Nyuma y’imyaka 18, AS Kigali WFC yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Abagore inshuro 12, yamanutse mu Cyiciro cya Kabiri mu gihe habura umukino umwe ngo FERWAFA Women’s Super League ya 2025/26 irangire. Ku wa Gatandatu, tariki ya 21 Werurwe 2026, ni bwo iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali yanganyije na Inyemera WFC igitego 1-1, mu […]

Continue Reading

Ibyo wamenya kuri rutahizamu Joy lance mickels ugiye gukinira amavubi bwa mbere .

Rutahizamu Joy Lance Mickels ukinira ikipe ya Sabah Fk ikina mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Azerbaijan ari mu bitezwe gufasha ikipe y’Igihugu amavubi mu mikino ya FIFA series. Yatangiye gukina umupira w’amaguru afite imyaka ine mu ikipe y’abato ya VSF Amern, nyuma yinjira mu ishuri ry’umupira rya Borussia Mönchengladbach aho yamaze imyaka umunani. […]

Continue Reading

Kwizera Olivier yongewe mu Amavubi yitegura FIFA Series.

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Shema Ngoga Fabrice, yemeje ko umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier yongewe mu bakinnyi 31 bagomba kwitabira umwiherero w’Amavubi utegura imikino ya FIFA Series. Ni amakuru yatangarijwe mu kiganiro cya RTV Kick-Off cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 21 Werurwe 2026. Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yahamije […]

Continue Reading

Ntibisanzwe mu Bwongereza kwitabira imikino nta tike byagizwe icyaha gihanwa n’amategeko.

Amashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Bwongereza no muri wales, yemeje kwinjira muri stade ukajya kureba umukino nta tike ufite bizajya bifatwa nk’icyaha gihanishwa kudasubira ku kibuga mu myaka itanu no kwishyura amande ya 1000 y’Amapawundi nukuvuga angana na miliyoni 2 Frw. Iri tegeko rizatangira gushyirwa mu bikorwa guhera ku Cyumweru, tariki ya 21 Werurwe 2026, mu […]

Continue Reading

Rayon Sports yasezereye Police FC Kuri Penalite.

Ikipe ya Rayon Sports yasezereye Police FC muri 1/4 cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro. Ni umukino warangiriye muri Penalite aho, Rayon Sports yatsinze Penalite 4-2. Ku isaha ya saa Kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba zo kuri uyu wa Kane, nibwo ikipe ya Rayon Sports na Police FC zakinnye umukino wo kwishyura wa 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro. Ni […]

Continue Reading

Perezida wa FERWAFA yasuye Al Hilal ayizeza Mbere yuko ikina umukino wo kwishyura na Rs Berkane.

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’, Shema Ngonga Fabrice yasuye ikipe ya Al Hilal Sports Club yo muri Sudani yitegura guhura na RS Berkane mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cya CAF Champions League izakinamo na RS Berkane. Uyu mukino uteganyijwe ku Cyumweru Saa kumi n’ebyiri, ukazabera kuri Stade Amahoro. Ku munsi w’ejo iyi […]

Continue Reading

Ikipe Pharco fc yafashe umwanzuro wo kutazigera yitabira amarushanwa ya CAF nyuma y’icyemezo yafashe cyo kwambura Senegal igikombe.

ikipe yo mu gihugu cya misiri yitwa Pharco Fc yafashwe umwanzuro ukomeye wo kutazigera yitabira amarushanwa ategurwa n’impuzamashirahamwe ya afurika ‘CAF’ ivugako icyo cyemezo kitarimo ubutabera. Pharco FC yasohoye itangazo itangaza ko yafashe icyemezo cyo kuva mu marushanwa yose yo muri Afurika, harimo nka CAF Champions League, Igikombe cya Confederation, Igikombe cya Super Cup, ndetse […]

Continue Reading

Sénégal yambuwe Igikombe cya Afurika cya 2026 gihabwa Morocco.

Akanama gashinzwe Ubujurire mu Mpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) kemeje ko Igikombe cya Afurika cyegukanywe na Sénégal icyamburwa, kigahabwa Morocco. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 17 Werurwe 2026, ni bwo CAF yashyize hanze itangazo rigaragaza ibyavuye mu bujurire bwatanzwe na Maroc nyuma y’imyanzuro y’ikibazo cy’imyitwarire yabaye ku mukino wa nyuma w’Igikombe […]

Continue Reading

Amavubi yahamagaye abakinnyi 31 azifashisha muri FIFA Series 2026 batarimo Kwizera Olivier biteza impaka nyinshi.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yahamagaye abakinnyi 31 izakuramo 26 bazifashishwa mu mikino ya FIFA Series 2026 batarimo umunyezamu wa Rayon Sports,Kwizera Olivier. Ni urutonde ryashyizwe hanze kuri uyu wa Mbere mu kiganiro n’itangazamakuru Perezifa w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, n’umutoza mushya w’Amavubi, Stephen Constantine bakoze. Eric Nshimiyimana uri mu batoza bungirije b’Amavubi yavuze […]

Continue Reading

Joan Laporta yongeye gutorerwa kuyobora FC Barcelona ahigitse Victor Font warushyigikiwe n’abakomeye.

Perezida w’ikipe ya FC Barcelona, Joan Laporta, yongeye gutorerwa kuyobora iyi kipe mu matora yabaye ku Cyumweru kuwa 15 werurwe 2026, atsinze ku majwi menshi cyane Victor Font bari bahanganye Laporta yegukanye amajwi 32,934 angana na 68.18% by’abanyamuryango batoye, mu gihe Font we yabonye amajwi 14,384 angana na 29.78%. Ibi bituma Laporta akomeza kuyobora iyi […]

Continue Reading