Kiyovu sport, Gasogi united na AS kigali zasabwe gukora ikipe imwe.

Umujyi wa Kigali wasabye amakipe usanzwe ufasha ari yo Kiyovu Sports, AS Kigali na Gasogi United kwihuza agakora ikipe imwe mu rwego rwo guhuriza hamwe ubushobozi. Ibi bimenyekanye nyuma y’ibaruwa umujyi wa kigali yandikiye aya makipe usanzwe ufashe muri iki cyumweru dusoje.  iyi baruwa yagiraga  iti: “Nshingiye ku myanzuro y’inama yabahuje n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali […]

Continue Reading

Niyonzima Haruna yahawe akazi muri FERWAFA.

Haruna Niyonzima wagiye mu kazi ko gutoza nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru, yagizwe umwe mu batoza b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bashinzwe gukurikirana impano z’abato FERWAFA ifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), bitegura amarushanwa yiswe TDS ‘Talent Development Scheme’, azenguruka intara zose z’igihugu ashaka abana bafite impano zo gukina ruhago. Ni muri […]

Continue Reading

Max Dowman w’imyaka 16 wa Arsenal yaciye agahigo ko gutsinda igitego muri Premier Leagueari muto kurusha abandi bose.

ibi byabaye kuruyu wa Gatandatu ubwo ikipe ya arsenal yari yakiriye ikipe ya Everton Fc kuri sitade ya Emirates mu mukino wa shampiyona aho byaje kurangira ikipe ya arsenal itsinze ibitego 2-0. Ubwo yatsindaga igitego kuri Everton, Max Dowman yakoze amateka muri Premier League aho yabaye umukinnyi ukiri muto cyane utsinze igitego ndetse anaca agahigo […]

Continue Reading

Bombori Bombori mw’ikipe ya Barcelona mbere y’amatora muriyi kipe.

Umunsi w’amatora mu ikipe ya Barcelona wageze ariko hakomeje kugaragara ihangana rikomeye hagati y’abakandida bahanganiye uyu mwanya aribo Joan Laporta na Victor Font.. Igice kinini cy’ayo makimbirane cyatangiye ubwo Joan Laporta yatangaga ikirego mu nama y’amatora ya Barcelona arega uwo bahanganye Victor Font ku cyaha cyo kwica amategeko y’amatora y’iyi kipe. Umunsi ubanziriza amatora, nyuma […]

Continue Reading

Uganda: batanu bahagaritswe bazira gusheta ku mikino bizwi nka ‘betting’.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA), ryahagaritse abakinnyi n’abayobozi mu mupira w’amaguru nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kugira uruhare mu kugena ibiva mu mukino kubera ‘betting’. Ku wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026, ni bwo Komisiyo ishinzwe Imyitwarire muri FUFA yatangaje umwanzuro nyuma y’iperereza ku mukino wabaye tariki ya 21 Ukuboza 2024, ukarangira Kitara […]

Continue Reading

Ikipe ya APR BBC yasimbujwe RSSB tiger mu mikino ya BAL yagombaga kwitabira muri Uku kwezi.

Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda FERWABA rimaze gutangazako ko APR BBC itagihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya BAL. ahubwo Yasimbujwe RSSB Tigers Basketball Club. Mu itangazo iri shyirahamwe ryashyize hanze kuri uyu wa Kane, ryavuze ko RSSB Tigers Basketball Club yahawe aya mahirwe kubera umusaruro mwiza iyi kipe yagaragaje muri shampiyona y’u Rwanda. FERWABA […]

Continue Reading

U Rwanda rwahawe Kwakira irushanywa rya CECAFA Kagame Cup rwaherukaga kwakira muri 2019.

Ayo marushanwa arimo irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba no Hagati, CECAFA Kagame Cup, rizongera kubera mu Rwanda nyuma y’imyaka irindwi. Rikazaba guhera tariki ya 18 Nyakanga kugeza ku ya 9 Kanama 2026. Irushanwa rya mbere ni CECAFA Kagame Cup izaba tariki ya 18 Nyakanga kugeza ku ya 9 Kanama mu gihe […]

Continue Reading

NBA: umukinnyi Bam Adebayo yakuyeho agahigo ka Kobe Bryant bimushira ku mwanya wa 2 mu bakinnyi batsinze amanota menshi mu mukino umwe.

Mu mukino wabaye mu rukerera rwo ku wa Gatatu, tariki ya 11 Werurwe 2026. umukinnyi witwa Bam Adebayo Ukinira Miami heats yakoze amateka aho yaje gutsinda amanota 83 mu mukino Batsindaga Washington Wizard amanota 150-129. Bam Adebayo yakuyeho agahigo kari gafitwe na Kobe Bryant watsinze amanota 81 mu mukino wahuje Los Angeles Lakers yakiniraga na […]

Continue Reading

Ngabo Roben wahoze ari umuvugizi w’ikipe ya Rayon sports yahawe inshingano nshya muri Ferwafa.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, ni bwo Ngabo yatangiye imirimo ye ku biro bya FERWAFA, nyuma yo gusezera kuri Radio/TV10 yari amaze umwaka akorera mu biganiro by’imikino. Aka kazi gashya yerekejemo yigeze kugakora muri Rayon Sports, gusa yari amaze umwaka agahagaritse nyuma yo gusubira mu itangazamakuru, akomeza gufasha iyi kipe ku […]

Continue Reading

Hatangajwe igihe Tour du Rwanda 2026 izabera

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), ryatangaje ko Isiganwa mpuzamahanga ry’umukino wo gusiganwa ku magare rizenguruka Igihugu “Tour du Rwanda 2026” rizatangira tariki 22 Gashyantare kugeza ku ya 1 Werurwe 2026. Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ukwakira 2025, ni bwo Ishyirahamwe FERWACY ryatangaje ko UCI yemeje ko Tour du Rwanda ya 2026 izaba guhera […]

Continue Reading