Paris: Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA PSG yatsinzemo Bayern Munich

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umukino wa mbere wa kimwe cya kabiri cya UEFA Champions League i Paris, aho ikipe ya PSG yamamaza Visit Rwanda yatsinze Bayern Munich. Muri uyu mukino wabereye kuri stade ya Parc des Princes i Paris, ikipe ya PSG yatwaye igikombe giheruka cya […]

Continuer la lecture

umutoza Haringingo yijeje aba Rayon ko bafite ikipe yatsinda APR FC.

Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis Christian, yagaragaje ko afite ikipe ikomeye yatsinda APR FC, mbere y’uko ahura na yo mu mukino w’ishiraniro uzagena ufite amahirwe menshi yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje ku Cyumweru, tariki ya 26 Mata 2026, nyuma y’umukino w’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’u Rwanda wamuhuje […]

Continuer la lecture

APR na Police VC ntiziratsindwa: uko umunsi wa gatanu wa Shampiyona Nyafurika wagenze.

Amakipe abiri muri ane ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Shampiyona Nyafurika ya ‘CAVB Club Championship 2026’ ariyo APR VC, Police VC, mu makipe ane ataratsindwa mu mikino ine imaze gukinwa mu matsinda. Mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 26 Mata 2026, ni bwo hakinwe imikino y’umunsi wa Kane ibanziriza iya nyuma mu matsinda […]

Continuer la lecture

Ikipe ya APR FC inyagiye Mukura VS, itanga ubutumwa mbere yuko ihura na Rayon sport.

Ikipe ya APR FC yatsindiye Mukura VS ibitego 3-0 kuri Stade Kamena, mu mukino w’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda ’BK Pro League’. Ni umukino watangiye ku isaha ya Saa Cyenda zuzuye, igice cya mbere kirangwa no gukina neza kwa Mukura VS yakinaga imira mito kuri iki kibuga gito isanzwe imenyereye. […]

Continuer la lecture

Shampiyona y’u Rwanda yabonye umuterankunga mushya.

Rwanda Premier League na Banki ya Kigali (BK) byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire afite agaciro ka miliyari 3,2 Frw, harimo kuba iyi banki izitirirwa Shampiyona y’u Rwanda. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 Mata 2026, bigizwemo uruhare na Perezida w’Inama y’Ubuyobozi ya Rwanda Premier League, Mudaheranwa Yussuf; Umuyobozi Mukuru wa Banki […]

Continuer la lecture

FERWAFA yahagaritse Imurora na Ndatimana bakekwaho ‘match fixing’ n’amarozi.

‎Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo Imurora Hakizimana Japhet utoza mu Magaju FC na Ndatimana Olivier ushinzwe ibikoresho muri Gorilla FC kubera imyitwarire idahwitse bagaragaje mu mikino iheruka Iri tangazo ryasohotse kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2026, rivuga ko aba bombi bahagaritswe mu bikorwa byose bijyanye n’umupira […]

Continuer la lecture

Rayon Sports yaguye miswi na Gorilla FC mu mukino wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro

Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Gorilla FC 1-1 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro wakinwe kuri uyu wa Gatatu saa Kumi n’ebyiri muri Kigali Pele Stadium. Umukino watangiye Gorilla FC ihererekanya neza ariko ikabikorera mu rubuga rwayo. Ku munota wa 11 Gorilla FC yafunguye amazamu ku mupira wazamuwe neza ubundi Kanamugire Roger ashyiraho […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yakurikiye umukino wa mbere wa ‘CAVB Men’s Club Championship 2026’.

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino wa mbere w’irushanwa rya ’CAVB Men’s Club Championship 2026’ rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku Mugabane wa Afurika muri Volleyball, warangiye APR VC itsinze Black Rhinos amaseti 3-0. u mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 22 Mata 2026, ni bwo muri BK Arena hatangiye kubera iri rushanwa. Ibirori […]

Continuer la lecture

Rayon Sports n’umutoza wayo mushya Haringingo bakomeje kubura insinzi.

‎Ikipe ya Rayon Sports yakomeje gutakaza amanota mu rugamba rwo guhatanira igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo kunganya na Rutsiro FC ubusa ku busa mu mukino w’umunsi wa 27 wabereye kuri Stade Umuganda. Uyu mukino wasize Gikundiro yujuje imikino itanu yikurikiranya ya Shampiyona itazi uko gukura amanota atatu mu kibuga bimera kuko iheruka kuyabona […]

Continuer la lecture

Inzozi arsenal yarotaga zirasa nizigeze ku musozo nyuma yo gutsindwa na manchester city.

Ibitego bya Rayan Cherki na Erling Haaland byafashije Manchester City gutsinda Arsenal 2-1, iyisatira ku rutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza igeze mu mikino ya nyuma. Uyu mukino w’Umunsi wa 33 wa Premier League, wari utegerejwe na benshi, wabereye kuri Etihad Stadium ya Manchester City kuri iki Cyumweru. Iyi kipe yari mu rugo yatangiye umukino yotsa […]

Continuer la lecture

APR FC ntihiriwe n’urugendo rwa Rubavu itsindwa na Etincelles FC.

Ikipe ya Etincelles FC yatsinze APR FC mu mukino wo ku munsi wa 27 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026, byongera guha Rayon Sports icyizere ku gikombe. Ni mu mukino wakinwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Mata 2026 saa Cyenda kuri Stade Umuganda mu karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba. […]

Continuer la lecture