South Sudan: Perezida Kiir yirukanye abayobozi b’Inteko Ishinga Amategeko.

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir yirukanye Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko na Visi Perezida we, kubera ibirego bya ruswa no gukoresha nabi ingengo y’imari igenewe uru rwego. Ishyaka rya Rubanda riharanira Ukubohorwa kwa Sudani (SPLM) riri ku butegetsi ni ryo ryatangije inkundura yo kwirukana Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Jemma Nunu Kumba n’umwungirije , Permena Awerial […]

Continue Reading

Ingingo 10 zizibandwaho mu guhagarika intambara ya Iran

Ku wa 8 Mata 2026 ni bwo byatangajwe ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaretse ibyo kurimbura Iran nk’uko yari yabirahiriye Mu mpera z’icyumweru gishize, Trump yabwiye Iran ko igomba kuba yafunguye inzira ya Hormuz inyuzwamo 20% by’ibikomoka kuri peteroli byose bijya hirya no hino ku Isi, bitarenze mu rukerera rwo kuri uyu […]

Continue Reading

Trump yasubitse ibikorwa byo kurimbura Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yasubitse umugambi wo kurasa kuri Iran. Mu mpera z’icyumweru gishize, Trump yabwiye Iran ko igomba kuba yafunguye inzira ya Hormuz inyuzwamo 20% by’ibikomoka kuri peteroli byose bijya hirya no hino ku Isi, bitarenze mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu Saa 2:00 ku isaha […]

Continue Reading

Mu Mahanga: Ukraine yarashe ububiko bwa peteroli bw’u Burusiya.

Igisirikare cya Ukraine cyigambye igitero cyangije icyambu cya Ust-Luga, kiri mu bya mbere bikoreshwa n’u Burusiya bwohereza ibikomoka kuri peteroli mu mahanga Mu ijoro rishyira kuwa 7 Mata 2026 ni bwo Ukraine yagabye iki gitero, ndetse imaze igihe igaba ibyibasira inganda n’ububiko bw’ibikomoka kuri peteroli by’u Burusiya mu rwego rwo gukoma mu nkokora ubukungu bwabwo. […]

Continue Reading

Umunyamakuru watangaje mbere ibyo gutabara umusirikare wa Amerika muri Iran agiye kubiryozwa.

Donald Trump yatangaje ko ashaka gusobanuza umunyamakuru watangaje bwa mbere ko umupilote wari mu ndege yahanuriwe muri Iran yatabawe, aho yakuye ayo makuru agaragaza ko azamufunga mu gihe atamubwira aho yakuye amakuru yatangaje. Yabitangaje ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru ku Biro bye ku wa 06 Mata 2026. Trump yakunze kwinubira uburyo abanyamakuru batangaza ibiri kubera […]

Continue Reading

Amerika yishe Gen Maj Khademi wari ushinzwe ubutasi mu gisirikare cya Iran.

Leta ya Iran yemeje ko Umuyobozi w’Urwego rushinzwe ubutasi mu ngabo za Revolutionary Guards (IRGC), Gen Maj. Majid Khademi, yiciwe mu gitero cyo ku wa 6 Mata 2026. Itangazo ryemeza urupfu rwa Gen Maj Khademi, ryashyizwe hanze n’uru rwego, ryavuze ko yishwe n’igitero cy’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel. Khademi yagiye kuri […]

Continue Reading

Perezida Kagame yavuze ku gukura Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique.

Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rushobora gukura Ingabo zarwo mu Ntara ya Cabo Delgado yo mu Majyaruguru ya Mozambique, aho zafashaga kurwanya imitwe yitwaje intwaro, mu gihe Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi hagarika inkunga y’amafaranga ashyirwa muri ibyo bikorwa. Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Jeune Afrique cyagarutse ku ngingo zitandukanye aho yagaragaje ko […]

Continue Reading

Imfu n’itabwa muri yombi ry’abasirikare benshi b’u Burundi byakurikiye iturika ryabereye i Bujumbura.

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko hari abasirikare babarirwa muri 40 batawe muri yombi, nyuma y’inkongi y’umuriro yaraye yibasiye ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare kiri ahitwa ku Musaga mu mujyi wa Bujumbura. Igisirikare cy’u Burundi kivuga ko iriya nkongi yatewe n’umuriro w’amashanyarazi, ariko andi makuru avuga ko yatewe n’igitero cya drone […]

Continue Reading

Perezida Donald Trump yatangajeko intambara ya Iran izaba yarangiye mu byumweru 3.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko bateganya guhagarika intambara ya Iran nko mu byumweru bibiri cyangwa bitatu biri imbere. Ibi Trump yabitangaje ku wa 31 Werurwe 2026 ubwo yari mu biro bye. Ni imvugo yumvikanisha neza ko ashaka guhagarika iyi ntambara imaze ukwezi ndetse imaze kwangiriza ibintu byinshi no kuzahaza ubukungu bw’Isi […]

Continue Reading

Burundi: Bujumbura humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye.

Mu murwa mukuru w’ubucuruzi w’u Burundi, Bujumbura, kuri uyu mugoroba humvikanye urusaku rukomeye rw’ibiturika, nk’uko byatangajwe n’imbuga nkoranyambaga zinyuranye. Aha, ngo hakomeje kumvikana urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje, ibintu byateye ubwoba mu bice byinshi by’umujyi aho bamwe mu baturage batangiye no guhunga ingo zabo, batinya ko umutekano ushobora kurushaho kuzamba. Ababibonye bavuga ko ibyo biturika bisa […]

Continue Reading