Imfu n’itabwa muri yombi ry’abasirikare benshi b’u Burundi byakurikiye iturika ryabereye i Bujumbura.

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko hari abasirikare babarirwa muri 40 batawe muri yombi, nyuma y’inkongi y’umuriro yaraye yibasiye ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare kiri ahitwa ku Musaga mu mujyi wa Bujumbura. Igisirikare cy’u Burundi kivuga ko iriya nkongi yatewe n’umuriro w’amashanyarazi, ariko andi makuru avuga ko yatewe n’igitero cya drone […]

Continue Reading

Perezida Donald Trump yatangajeko intambara ya Iran izaba yarangiye mu byumweru 3.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko bateganya guhagarika intambara ya Iran nko mu byumweru bibiri cyangwa bitatu biri imbere. Ibi Trump yabitangaje ku wa 31 Werurwe 2026 ubwo yari mu biro bye. Ni imvugo yumvikanisha neza ko ashaka guhagarika iyi ntambara imaze ukwezi ndetse imaze kwangiriza ibintu byinshi no kuzahaza ubukungu bw’Isi […]

Continue Reading

Burundi: Bujumbura humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye.

Mu murwa mukuru w’ubucuruzi w’u Burundi, Bujumbura, kuri uyu mugoroba humvikanye urusaku rukomeye rw’ibiturika, nk’uko byatangajwe n’imbuga nkoranyambaga zinyuranye. Aha, ngo hakomeje kumvikana urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje, ibintu byateye ubwoba mu bice byinshi by’umujyi aho bamwe mu baturage batangiye no guhunga ingo zabo, batinya ko umutekano ushobora kurushaho kuzamba. Ababibonye bavuga ko ibyo biturika bisa […]

Continue Reading

Perezida Touadéra yarahiriye kuyobora Santarafurika ashima by’umwihariko Ingabo z’u Rwanda.

Perezida wa Repubulika ya Central Africa, Prof. Faustin-Archange Touadéra, yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda nshya maze ashimira byimazeyo umusanzu w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) mu kugarura amahoro n’umutekano muri iki gihugu. Ni umuhango wabaye ku wa 30 Werurwe 2026 aho wanitabiriwe na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva, wari uhagarariye Perezida Paul Kagame. Wari […]

Continue Reading

Trump yongereye igitutu kuri Iran ngo ifungure umuhora wa Hormuz

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Iran nidafungura umuhora wa Hormuz inganda zitunganya ibikomoka kuri peteroli n’amariba yabyo bizaraswaho bikangizwa. Iran iherutse gutangaza ko umushinga w’amasezerano y’amahoro Amerika yateguye udashoboka. Ingabo za Israel zagabye ibitero bya misile ku bikorwaremezo by’ingabo za Iran n’ibyakoreshwaga n’umutwe wa Hezbollah i Beirut. Turikiya yavuze ko ibisasu biremereye byarasiwe […]

Continue Reading

RDC: ADF iravugwaho gushimuta abantu 300 mu minsi ibiri.

Abasivili barenga 300 bashimuswe n’inyeshyamba z’umutwe wa Allied Democratic Forces (ADF) mu gihe cy’iminsi ibiri gusa muri Teritwari ya Irumu, ku muhanda Mambasa-Komanda mu Ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’ibanze n’abaharanira uburenganzira bwa muntu abitangaza, ngo ibi bitero byagabwe hagati yo kuwa Gatandatu no […]

Continue Reading

AFC/M23 yateye utwatsi ibyo kuva mu bice bimwe yari yarafashe.

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ibikorwa birimo kugaragara ku mirongo inyuranye yo ku rugamba ari ibisanzwe byo “guhinduranya imitwe y’ingabo”, nyuma y’iminsi bivugwa ko abarwanyi baryo bari kuva mu birindiro byabo mu bice bitandukanye muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu butumwa bwashyizwe ahagaragara kuri X ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu ushize, Umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence […]

Continue Reading

Abanyamerika babyukiye mu mihanda Bamagana ubutegetsi bwa Donald trump.

Imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana ubuyobozi bwa Trump yabereye mu mijyi yo muri Amerika itandukanye, bikaba bibaye ku nshuro ya gatatu habaye iyi myigaragambyo yiswe “No Kings”. Abategura iyi myigaragambyo bavuga ko bigaragambije bamagana politiki za Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, zirimo intambara yo muri Iran, iy’abinjira n’abasohoka muri Amerika ndetse n’izamuka […]

Continue Reading

Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yategetse Iran kwemera ibiganiro itabyemera ikaraswa mu buryo bwo kuyisenya. Perezida Donald Trump yateguje Iran kwemera ingingo 15 kugirango irangize intambara zo mu Burasirazuba bwo hagati. Ushinzwe itangazamakuru rya Leta ya Washington, Karoline Leavitt yavuze ko Iran nitemera ko yatsinzwe intambara, hari gahunda yo kuyisenya burundu. Ntabwo Iran ikozwa ibyo guhagarika […]

Continue Reading

Kim Jong Un yongeye kwemezwa nka Perezida wa Koreya ya Ruguru.

Inteko Ishinga Amategeko muri Koreya ya Ruguru yongeye kwemeza Kim Jong Un nka Perezida w’icyo gihugu. Byatangajwe n’Ikinyamakuru cya Leta, KCNA, cyagaragaje ko Kim Jong Un yemerejwe mu nama yahuje Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya ya Ruguru izwi nka Supreme People’s Assembly. Ni amatora yabaye ku wa 22 Werurwe 2026, nyuma y’ukwezi kumwe Kim Jong […]

Continue Reading