Umuhanzi uri mu bagezweho Shaffy agiye gutaramira muri Canada.

Umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Shaffy yatangaje ko agiye gutaramira mu Gihugu cya Canada. mu butumwa yanyujije k’urubuga rwe rwa Instagram, Shaffy yatangaje ko afite gitaramo mu Mugi wa Ottawa kizaba mu kwezi kwa Gicurasi 2026, anamenyesha ko amakuru arambuye ku bijyanye n’igihe n’aho kizabera azatangazwa vuba. Yanditse ati: “Mfite […]

Continue Reading

Umusore ubaho adafite umukunzi n’umwe birangira arushinze n’umukobwa mwiza – Ubushakashatsi

Abasore bamara igihe kirekire badafite abakunzi b’abakobwa kuva mu bwana bwabo baba bafite amahirwe yo “gutsinda cyane” mu rukundo rwabo bakuze, bagashyingirwa abagore beza b’imico n’ubwiza budasanzwe. Iyi ngingo iri kwibandwaho cyane mu biganiro n’imbuga zitandukanye z’imyidagaduro ku Isi. Inzira y’iki gitekerezo ni uko bashingiye ku myumvire y’uko abasore badafite abakunzi bakunze kugira kwihangana, kwibanda ku ntego ndende, […]

Continue Reading

Umunyarwenya Japhet Mazimpaka Yagizwe umuyobozi Mushya wa Televiziyo ya KC2.

Umunyarwenya Japhet Mazimpaka wamamaye mu itsinda rya Bigomba Guhinduka, yagizwe Umuyobozi wa Televiziyo KC2, asimbuye Gloria Mukamabano uherutse kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Werurwe 2026, Mazimpaka yakoze ikiganiro cya nyuma asezera ku Magic Fm, aho yari asanzwe akora mu kiganiro cya mu gitondo, anashimira abafana be ku […]

Continue Reading

Umuraperi w’Icyamamare Dr Dre yinjiye mu rutonde Rw’abaherwe nyuma yo kuzuza miliyari y’amadolari.

Umuraperi w’icyamamare ndetse n’umuhanga mu gutunganya umuziki, Dr. Dre, yinjiye ku rutonde rw’abaherwe b’Isi rwa 2026 rwatangajwe na Forbes, aho umutungo we ugeze kuri miliyari 1$. Ni ubwa mbere uyu mugabo ufite imyaka 61 agaragaye kuri uru rutonde rw’abaherwe nyuma y’imyaka myinshi ibikorwa bye by’ubucuruzi n’umuziki bikomeje kumwongerera umutungo. Ikinyamakuru Forbes cyagaragaje ko umutungo wa […]

Continue Reading

Uwarashe mu Rugo rwa Rihanna ashobora gukatirwa gufungwa burundu.

Umugore witwa Ivanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego rwo hejuru birimo no kugambirira kwica. Ku wa 10 Werurwe 2026, uyu mugore yatangiye gukurikiranwaho icyaha cyo kugambirira kwica nk’uko People yabitangaje. Yashinjwe […]

Continue Reading

Mu kiganiro Tom close yagiranye n’urubyiruko yahishuyeko akiri umwana yigeze kwandikira ibaruwa Perezida.

Umuhanzi Dr. Muyombo Thomas uzwi muri muziki nka Tom Close, yavuze ko akiri umwana yigeze kwandikira Perezida Paul Kagame kubera urukundo amakunda. Yabigarutseho ejo hashize tariki ya 10 Werurwe 2026 mu kiganiro yatangiye mu rusengero rwa ‘Citylight Foursquare Church’ aho yahuriyemo na Israel Mbonyi aho cyari gifite insanganyamatsiko yo ‘Guhuza ubwamamare n’ubukirisitu.’ Tom Close yavuze […]

Continue Reading

Christopher na Siji ugezweho i Burundi mu batanze ibyishimo i Kigali

Christopher na Siji uri mu bahanzi bagezweho i Burundi by’umwihariko mu ndirimbo nka ‘Komsa’, batanze ibyishimo mu gitaramo cyabereye muri ‘Zaria Court’ ku wa 26 Ukwakira 2025. Iki gitaramo bise ‘The Somnia Mix’ cyitabiriwe n’abakunzi b’umuziki batigeze bakangwa n’imvura yabanje kugwa ku mugoroba wo ku wa 26 Ukwakira 2025 cyane ko bari bakoraniye aho cyabereye […]

Continue Reading

Bishop Gafaranga yashimiye ababaye hafi umuryango we mu bihe bikomeye

Bishop Gafaranga uherutse gufungurwa yashimiye umugore we Annette Murava uburyo yitwaye mu gihe umugabo we yari afunze, akabungabunga urugo n’ababaye hafi umuryango we mu bihe by’ibibazo kugeza atashye. Ni nyuma y’uko bombi bahuriye mu kiganiro bakoranye ku muyoboro wabo wa Youtube witwa Gafaranga na Murava cyari kigamije kuganiriza abakunzi babo. Cyabanjirijwe n’isengesho no kuramya byose […]

Continue Reading

Ross Kana yijeje gucana umucyo muri ‘The Silver Gala’

Ross Kana yagaragaje ko ageze kure imyiteguro y’ibirori azaririmbamo bya ‘The Silver Gala’, bizaba mu Ugushyingo 2025. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru aho yavuze ko atari we uzabona uwo munsi w’ibi birori ugeze. Ati “Sinjye uzabona uwo munsi ugeze, natunguwe n’abana tuzafatanya bo muri Sherrie Silver Foundation, njye nasanze hari ibyo […]

Continue Reading