Umuhanzi Yago Pon dat arwariye mu bitaro muri Uganda.

Entertainment NEWS

Pondat, arembeye mu bitaro byo muri Uganda aho asigaye aba, nyuma yo gukora impanuka

Akimara gukora impanuka, uwo bafitanye isano ya hafi mu muryango yanditse kuri konti ya Instagram y’uyu muhanzi ashimira Imana ko yamurokoye iyi mpanuka yashoboraga no kumuhitana, ndetse asaba abafana be kumusengera.

Iyi mpanuka yangije imodoka uyu muhanzi yari arimo yabaye ku wa 17 Mata 2026.

Uyu bafitanye isano witwa Nyemazi ari na we uri gukoresha imbuga nkoranyambaga za Yago, yagaragarije kuri Instagram ko arwariye mu bitaro.

Amashusho yashyize hanze mu ijoro ryo ku wa 18-19 Mata 2026, agaragaza Yago ari mu cyumba cyo kwa muganga ari guhabwa serivisi z’ubuvuzi n’umuganga.

Ubu arimo kwitabwaho n’abaganga.

What do you feel about this post?

0%
like

Like

0%
love

Love

0%
happy

Happy

0%
haha

Haha

0%
sad

Sad

0%
angry

Angry

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *