Ngororero: Ukora kwa Muganga yatawe muri yombi akekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi wo mu rugo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore wo mu Murenge wa Gatumba, Akarere ka Ngororero, usanzwe akora kwa muganga  aho akekwaho gutwikisha amazi ashyushye umukozi we wo mu rugo. Mu butumwa bwanyujijwe ku rubuga rwa X rwa RIB kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 13 Gicurasi 2026, yavuze ko uyu mugore afungiye kuri Sitasiyo ya RIB […]

Continue Reading

U Buhinde: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 90.

Inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura yibasiye Intara ya Uttar Pradesh iherereye mu majyaruguru y’u Buhinde yahitanye abantu 90 abandi 53 barakomereka. Mu itangazo inzego zishinzwe ubutabazi muri Uttar Pradesh zanyujije ku mbuga nkoranyambaga zatangaje ko inkubi y’umuyaga yibasiye iyi ntara ku wa 13 Gicurasi 2026. Riti “Ibiza birimo inkubi y’umuyaga ivanze n’imvura byibasiye Intara ya Uttar […]

Continue Reading

Nyanza:Polisi yafashe itsinda ry’abagabo 3 bakekwaho ubujura bwa moto.

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage bakomeje gukumira abakora ibikorwa bitemewe bihungabanya umutekano n’ituze by’abaturage birimo n’ubujura bwa Moto. Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo ku bufatanye n’izindi nzego ndetse n’abaturage bakomeje gukumira abakora ibikorwa bitemewe bihungabanya umutekano n’ituze by’abaturage birimo n’ubujura bwa Moto. Ni muri urwo […]

Continue Reading

Polisi yafunze batandatu bakekwaho kubeshya ko bafasha abantu kujya kwiga muri Canada.

Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko ku bufatanye n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), yataye muri yombi abantu batandatu bakekwaho gushuka urubyiruko barwizeza kubona amahirwe yo kujya kwiga muri Canada. Ni mu itangazo RNP yashyize hanze ku wa 13 Gicurasi 2026. Mu itangazo RNP yanyujije ku mbuga nkoranyambaga yagize iti “Abafashwe barimo kubazwa kugira ngo hakorwe iperereza no […]

Continue Reading

PSG yegukanye igikombe cya Shampiyona y’Ubufaransa

Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye igikombe cya Shampiyona y’Ubufaransa, Ligue 1, ku nshuro ya 14 mu mateka yayo, ikaba inshuro ya 5 yikurikiranya. Paris Saint Germain yateye iyi ntambwe nyuma yo gutsinda Lens ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 33 wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu tariki 13 Gicurasi 2026 kuri Stade […]

Continue Reading

Peace Cup 2026: APR FC yanyagiye Etincelles isanga Rayon Sports ku mukino wa nyuma

Ikipe ya APR FC yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera Etincelles FC iyitsinze ku giteranyo cy’ibitego 6-2. APR FC yageze ku mukino wa nyuma ihasanga Rayon Sports nyuma yo gutsinda Etincelles FC ibitego 3-1 mu mukino wo kwishyura wabereye kuri Kigali Pelé Stadium kuri uyu wa gatatu tariki 13 Gicurasi 2026, […]

Continue Reading

‎Trump yageze mu Bushinwa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yageze mu Bushinwa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri  rwitezweho ko abakuru n’ibihugu byombi baganira ku mutekano wo mu Burasirazuba bwo Hagati, ubufatanye mu by’ubucuruzi ndetse n’izindi ngingo zishamikiyeho.‎‎Ni uruzinduko Trump yatangiye kuri uyu wa 13 Gicurasi 2026.‎‎Mu cyubahiro cyinshi n’urugwiro, Trump yakiriwe na Visi Perezida w’u Bushinwa, […]

Continue Reading

Ubushinjacyaha bwajuririye umwanzuro wo gufungura DJ Toxxyk.

Ubushinjacyaha bwajuririye umwanzuro w’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ku rubanza rwa Shema Arnaurd De Bosscher wamenyekanye mu kuvangavanga imiziki uzwi nka DJ Toxxyk. Umuvugizi w’Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda, Nkusi Faustin, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko ubu bujurire bwagejejwe ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. DJ Toxxyk yakurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukora ibikorwa byerekeye […]

Continue Reading

FERWAFA yahakanye ibyo kudahemba abasifuzi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanyomoje amakuru yatangajwe n’umunyamakuru wa Radio/TV 1 Kabera Fils Fidele yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa. Ubwo Kabera yatangazaga aya makuru kuri Radio 1 ndetse no ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko abasifuzi bamaze amezi 5 badahembwa ndetse ko ari bimwe mu biri gutuma haboneka amakosa menshi mu misifurire […]

Continue Reading