Volleyball: REG VC igiye gucakirana na Police VC mu mukino wa kane wa nyuma wa kamarampaka

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda ryatangaje ko kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Gicurasi 2026 saa 18:00 harakinwa umukino wa kane w’imikino ya nyuma ya kamarampaka mu kiciro cy’abagabo, Police VC icakirana n’ikipe ya REG VC muri Petit Stade i Remera. Umukino wa gatatu wabaye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize warangiye REG VC itsinze […]

Continue Reading

Al Nassr ya Cristiano Ronaldo yananiwe kwegukana igikombe cya Shampiyona hakiri kare

Ikipe ya Al Nassr yanganyije n’ikipe ya Al Hilal igitego 1-1 bituma itabasha guhita yegukana igikombe cya Shampiyona ya Saudi Arabia kuko yasabwaga gutsinda kugira ngo ihite icyegukana. Mu mukino wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 12 Gicurasi 2026, Al Nassr yari yakiriye uyu mukino kuri sitade yayo Alawwal Park yabanje gufungura […]

Continue Reading

Al Hilal irahabwa igikombe cy’icyubahiro nitsinda cyangwa ikanganya na Gasogi United

Ikipe ya Al Hilal yo muri Sudan ariko ikina Shampiyona y’u Rwanda irahabwa igikombe cy’icyubahiro n’imidari nibasha gutsinda cyangwa ikanganya na Gasogi United mu mukino w’umunsi wa 33 wa Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League, nk’uko byatangajwe n’Urwego rutegura shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League. Uyu mukino uteganyijwe kuri uyu wa gatatu saa 15:00 kuri […]

Continue Reading

Gen.Mamadi Doumbouya wa Guinea yabaye Umukuru w’Igihugu wa mbere ugeze mu Rwanda mu bahategerejwe.

Perezida Mamadi Doumbouya wa Guinea, yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo muri Afurika (Africa CEO Forum), itegerejwemo Abakuru b’Ibihugu batandatu, barimo n’u Rwanda Paul Kagame. Mamadi Doumbouya yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Gicurasi 2026, aho ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe n’abayobozi mu nzego nkuru z’u […]

Continue Reading

Perezida w’u Bufaransa Macron yishimiye ibihe yagiriye muri Kenya birimo gusonga kawunga no kuyirya.

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje ibyishimo yatewe n’ibihe byiza yagiriye muri Kenya, birimo gusonga (kwarika) ubugari bwa kawunga no kuburisha imboga za Sukuma Wiki zikunzwe muri Kenya. Mu mashusho yashyize hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida Emmanuel Macron yashimiye Igihugu cya Kenya n’Umukuru wacyo, William Ruto. Ni nyuma yuko i Nairobi […]

Continue Reading

Bien Aimé yongewe mu bazaririmba mu mikino ya nyuma ya BAL i Kigali.

Umuhanzi Bien-Aimé Baraza wo muri Kenya, yongewe mu bazataramira abazitabira Imikino ya nyuma y’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) rigiye kubera mu Mujyi wa Kigali. Iri rushanwa rya BAL rigarutse mu Rwanda ku nshuro ya gatandatu rizatangira ku wa 22 kugeza ku wa 31 Gicurasi 2026. Ni mu mikino izabera muri BK Arena, ndetse abahanzi […]

Continue Reading

U Rwanda mu mushinga w’uruganda rw’amazi ruzatanga meterokibe ibihumbi 150 ku Munsi muri Kigali.

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko hari gutegurwa umushinga w’uruganda rw’amazi ruzaba rushamikiye ku kiyaga gihangano kiri ku rugomero rwa Nyabarongo II, ruzajya rutunganya meterokibe ibihumbi 150 ku munsi, rukazakemura ikibazo cy’amazi meza mu Mujyi wa Kigali. Imibare igaragaza ko mu Rwanda amazi meza agera ku baturage ku rugero rwa 82%. Umujyi wa Kigali […]

Continue Reading

Umuhanzi Yampano yasabiye imbabazi abakwirakwije amashusho ye.

Abinyujije mu ibaruwa ifunguye yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, Yampano yasabiye imbabazi abafungiye gukwirakwiza amashusho ye ari gutera akabariro. Ni ibaruwa Yampano ahamya ko yaturutse ku cyemezo yafashe mu rwego rwo gushaka uko yabaho ubuzima burimo amahoro nta nkomanga afite ku mutima. Yampano yavuze ko hari igihe abantu bakora amakosa bitewe n’uburakari, ubusinzi, ubuto cyangwa […]

Continue Reading

Kuwait yashinje abasirikare ba Iran kwinjira ku butaka bwayo binyuranyije n’amategeko

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Kuwait yatangaje ko yashyikirije Ambasaderi wa Iran muri icyo gihugu, Mohammad Tutunji, inyandiko  yamagana ibyo yavuze ko ari “ukwinjira mu gihugu mu buryo binyuranyije n’amategeko” kw’itsinda ry’abitwaje intwaro bikekwa ko ari abarwanyi b’umutwe wa,  Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC).‎‎Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na kuri uyu wa 12 Gicurasi 2026, Minisitiri wungirije […]

Continue Reading

U Rwanda mu bihugu 10 by’afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara bigura intwaro nyinshi.

Nk’uko bigaragara muri raporo y’Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubushakashatsi ku Mahoro cya Stockholm, Stockholm International Peace Research Institute (SIPRI), yasubiwemo ku wa 9 Werurwe ushize, nubwo iyinjizwa ry’intwaro muri Afurika ryagabanutseho 41%, Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara iracyarangwa n’ihiganwa rikomeye mu kugura intwaro. Dore ibihugu 10 bya mbere byo muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara […]

Continue Reading