umutoza Haringingo yijeje aba Rayon ko bafite ikipe yatsinda APR FC.

Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis Christian, yagaragaje ko afite ikipe ikomeye yatsinda APR FC, mbere y’uko ahura na yo mu mukino w’ishiraniro uzagena ufite amahirwe menshi yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje ku Cyumweru, tariki ya 26 Mata 2026, nyuma y’umukino w’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’u Rwanda wamuhuje […]

Continue Reading

DC Clement n’abamwunganira mu mategeko basabye urukiko kumurekura by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umunyamakuru Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement uregwa ibyaha birimo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, kurwanya ububasha bw’amategeko no gukubita cyangwa kugirira urugomo abayobozi mu nzego za Leta, arusaba kumurekura by’agateganyo. Ubushinjacyaha bwagaragaje ko tariki ya 27 Werurwe 2026 itsinda ry’abakozi b’Umurenge wa Jabana basuye Uragiwenimana Anatole […]

Continue Reading

Uwangaga kwiyunga kuri FDLR baramwicaga: Ubuhamya bw’Abanyarwanda bavuye muri RDC.

“FDLR na Nyatura baradufataga bagashaka kutujyana kubafasha kurwana ngo turi Abanyarwanda, uwanze ku biyungaho bakamutwara mu ijoro ntitumenye aho bamutwaye, ariko nyuma bakatubwira ko bishwe.” Aya ni amwe mu magambo ya Dushime Janvier w’imyaka 28 wahungutse aturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Dushime watahutse aturutse muri Kitchanga yavuze ko umuryango we usanzwe utuye mu […]

Continue Reading

APR na Police VC ntiziratsindwa: uko umunsi wa gatanu wa Shampiyona Nyafurika wagenze.

Amakipe abiri muri ane ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Shampiyona Nyafurika ya ‘CAVB Club Championship 2026’ ariyo APR VC, Police VC, mu makipe ane ataratsindwa mu mikino ine imaze gukinwa mu matsinda. Mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 26 Mata 2026, ni bwo hakinwe imikino y’umunsi wa Kane ibanziriza iya nyuma mu matsinda […]

Continue Reading

Akagunguru k’ibikomoka kuri peteroli kageze kuri 106,3$.

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 1% kubera ibiganiro bya Amerika na Iran byasubitswe, ndetse ubwato bukomeza kudatambuka mu nzira ya Hormuz. Akagunguru k’ibikomoka kuri peteroli bidatunganyije [brent crude] kazamutseho 1,3% kagera ku Madolari ya Amerika 106,3. Icyizere cyo kugaruka kw’amahoro mu Burasirazuba bwo hagati cyayoyotse ubwo Perezida Trump yasubikaga urugendo rw’itsinda ry’abayobozi ba Amerika bagombaga […]

Continue Reading

Trump yahungishijwe igitaraganya nyuma y’iraswa ryabereye aho yarari.

Biravugwa ko amasasu yarashwe mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yari yitabiriye gusangira n’abanyamakuru i Washington mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, itariki ya 25 Mata, aho abatangabuhamya n’abanyamakuru ba AFP bavuze ko muri hotel humvikanye urusaku rwinshi rw’amasasu. Abashyitsi bari bambaye karuvati b’Abanyamakuru bakorera kuri White House ‘birutse bajya […]

Continue Reading

Ben na Chance bahishuye ko hari abari barahanye gatanya biyungiye mu gitaramo cyabo.

Abaramyi banashakanye nk’umugore n’umugabo baririmbana mu itsinda rya Ben na Chance batangaje ko mu gitaramo baherutse gukora cyatumye umuryango wari warasenyutse wongera kwiyunga. Ni igitaramo cyabaye tariki 5 Mata 2026, cyari kigamije gufasha abakunzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana kwizihiza Pasika banoza umubano wabo n’Imana. Binyuze mu kiganiro Ben na Chance banyujije ku rukuta […]

Continue Reading

Uburezi bushya bukwiye kubaka aho gusenya – Minisitiri Nsengimina

Byatangarijwe mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, mu Murenge wa Karama, mu Karere ka Huye, aho Minisitiri Nsengimana yagaragaje ko nta rwitwazo ruhari ku rubyiruko rwo kubatwa n’amacakubiri. Minisitiri Nsengimana yavuze ko mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi, Ubuyobozi bubi bwacengeje ingengabitekerezo ya Jenoside, ndetse abari barize amashuri menshi babigiramo uruhare, […]

Continue Reading

perezida Trump yasubitse urugendo rw’intumwa ze zihariye rwo kujya muri Pakistan.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasubitse urugendo rw’intumwa ze zihariye, Steve Witkoff na Jared Kushner, rwari ruteganyijwe rwo kujya muri Pakistan. Ibi abitangaje ku wa 25 Mata 2026 nyuma y’uko yari yatangaje ko aba bombi bari bwerekeze i Islamabad muri Pakistan mu biganiro na Iran. Trump yavuze ko gusubika uru rugendo […]

Continue Reading

Ikipe ya APR FC inyagiye Mukura VS, itanga ubutumwa mbere yuko ihura na Rayon sport.

Ikipe ya APR FC yatsindiye Mukura VS ibitego 3-0 kuri Stade Kamena, mu mukino w’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda ’BK Pro League’. Ni umukino watangiye ku isaha ya Saa Cyenda zuzuye, igice cya mbere kirangwa no gukina neza kwa Mukura VS yakinaga imira mito kuri iki kibuga gito isanzwe imenyereye. […]

Continue Reading