umutoza Haringingo yijeje aba Rayon ko bafite ikipe yatsinda APR FC.
Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis Christian, yagaragaje ko afite ikipe ikomeye yatsinda APR FC, mbere y’uko ahura na yo mu mukino w’ishiraniro uzagena ufite amahirwe menshi yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona. Ibi ni bimwe mu byo yatangaje ku Cyumweru, tariki ya 26 Mata 2026, nyuma y’umukino w’umunsi wa 28 wa Shampiyona y’u Rwanda wamuhuje […]
Continue Reading
