Akarasisi bwa mbere kabaye mu Kinyarwanda abasirikare basaga 624 binjiye muri RDF {AMAFOTO}

Kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mata 2024, ubwo abasirikare b’Abofisiye 624 basoje amasomo n’imyitozo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare cya Gako, umwiyereko k’akarasisi k’aba basirikare, byakozwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda gusa. Yaba abari bayoboye uyu mwiyereko wa gisirikare ndetse n’aka karasisi, bavugaga amagambo yose mu Kinyarwanda, ndetse n’abamwikiriza bose, bakamwikiriza mu Kinyarwanda, ariko mu ijwi […]

Continue Reading

Haribanzwa niba Tshisekedi yaba ashaka gufunga Kabila

Félix Tshisekedi , Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashobora kuba ashaka gufunga Joseph Kabila yasimbuye ku butegetsi, mu gihe yaba amaze kumushyira ku rutonde rw’abagambanyi b’igihugu Aba  bombi bigeze kuba inshuti z’akadasohoka bigaragarira buri wese ukurikira ibibera muri RDC, kuko bahererekanyije ubutegetsi mu 2019, bemera gusaranganya imyanya muri Guverinoma no mu Nteko Ishinga […]

Continue Reading

Haribazwa impamvu umubyeyi wa IngabireVictoire akidegembya mu Gihugu kirimo Urugereko ruburanisha abakekwaho Jenoside

Ambasade y’u Rwanda mu Buholandi irasaba iki Gihugu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bagituyemo, barimo Theresa Dusabe [umubyeyi wa Ingabire Victoire] ukidegembya muri iki Gihugu gisanzwe kirimo icyicaro cy’Urugereko ruburanisha imanza zasizwe n’Urukiko Mpuzamahanga rwari rwarashyiriweho u Rwanda. Ambasaderi Olivier Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda mu Bihugu binyuranye birimo u Buholandi ari […]

Continue Reading

Amakuru mashya kuri Rainford Kalaba wakoze impanuka y’imodoka ikomeye

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Zambia yakoze impanuka ikomeye ari kumwe  n’umukunzi we ahita apfa.Umukinnyi Rainford Kalaba w’Umunya-zambia Wamenyekanye cyane muri TP Mazembe  inkuru zavuze ko yitabye Imana azize impanuka we n’umukunzi we ariko Minisiteri y’ubuzima muri Zambia yavuze ko ari muri koma. Uyu mukinnyi Kalaba yakoze impanuka y’imodoka ikomeye yari kumwe n’umukobwa bivugwa ko yari […]

Continue Reading

Uwahoze ari umukunzi wa Yvan Buravan yambitswe impeta n’undi musore

Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan ari  murukundo n’undi musore mushya ndetse yemereye ko azabera umugore. Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan Mu butumwa yasangije abamukurikira yashimiye Imana imuhaye umugabo yishimira kumubona iruhande rwe. Yanditse agira ati “Urakoze Mana ku bw’umugabo mfite mu buzima bwanjye, kuboneka kwe, inkunga ye n’urukundo rwose anzanira buri […]

Continue Reading

BIRAVUGWA: Mvukiyehe Juvenal wahoze ayobora Kiyovu sports mu nzira zo kugirwa President wa Police FC

Amakuru ava kumirongo y’imbere agaragazako iyi kipe aravuga ko uyu wahoze ayobora kiyovu sports ashobora ku girwa umuyobozi w’iyipike y’igiporisi cy’u Rwanda. Juvenal winjiye mu mupira nk’umukunzi n’Umuyobozi wa KIYOVU Sports, ubu yaguze ikipe  Rugende FC yahinduriwe izina ikitwa Addax nka nyirayo. Hakaba hari amakuru yaguvagako uyu Mvukiyehe Juvénal wahoze ayobora Kiyovu Sports Limited akaza […]

Continue Reading

Abasirikare bakuru b’u Bwongereza basabye ko abanya-Afghanistan babaye mu gisirikare batangomba koherezwa mu Rwanda

Uwahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo n’abandi bari abayobozi mu gisirikare cy’u Bwongereza babwiye Minisitiri w’Intebe Rishi Sunak ko mu gihe abimukira bakoreye ingabo z’igihugu haba imbere no hanze yacyo baba boherejwe mu Rwanda byaba ari igisebo cyo kunanirwa kubahiriza indangagaciro zabo. Abasirikare bakuru 13 bo mu nzego zitandukanye z’igisirikare batangaje ko abanya-Afghanistan n’abandi babaye mu […]

Continue Reading

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi yahaye gasopu abashaka kubangamira matora ya 2025

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi  yakuriye inzira ku murima abafite inzozi zo guhungabanya amatora ategerejwe mu mwaka wa 2025. ibi yabitangarije i Gitega kuri uyu wa 12 Mata 2024 mu bikorwa byo gutangiza inyigisho zo gukunda Igihugu n’izijyanye n’amatora. Ibyo bikorwa byitabiriwe n’abategetsi batandukanye, abayoboye amashyaka yemewe na Leta, inzego z’umutekano n’abahagarariye ibihugu byabo mu Burundi. […]

Continue Reading

Israel yagabweho ibitero bya drone missiles zisaga 50 icyarimwe igitero cyakozwe na Iran

Israel yaraye igabweho ibitero bya Drone Missiles zisaga 50 na Iran, aba hackers ba Iran nabo bagabye igitero kuri system zitanga amashanyarazi i telaviv mu murwa mukuru. Iran ishobora guhura n’ikibazo gikomeye cyo mu burasirazuba bwo hagati, Iran  yagabye igitero kinini cy’indege zitagira abapirote  ziturika kandi zirasa misile kuri Israel mu gitero cyayo cya mbere […]

Continue Reading

Operation yo guta muri yombi Munyenyezi Béatrice

Operation yo guta muri yombi Munyenyezi Béatrice ntiyari gushoboka kabone nubwo u Rwanda rwari rwarerekanye abatanga buhamya benshi. Uyu iyo yabazwaga ibya genocide yakorewe abatutsi yireguraga avuga ko yaratwite inda nini atari gushobora kwica. Itsinda ry’abana bakora batambaye uniform ryakusanyije ibimenyetso byose banamenya aho aherereye. Video imwe rukumbi niyo yatumye afatwa. Yari yarasabye ubuhungiro nkumunyepolitike […]

Continue Reading

#Kwibuka30: Ikiganiro cya Kantano arondogora kuri Radio RTLM

Ibitangazamakuru bimwe na bimwe byarimo Radiyo RTLM byagize uruhare mu kubiba urwango no gukangurira Abahutu kwica Abatutsi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Bamwe mu banyamakuru barimo uwitwa Habimana  Kantano, wakoreraga Radiyo yigenga ya RTLM, ntiyaciye ku ruhande mu gutangaza ko ashyigikiye ku mugaragaro Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu nyandiko z’Ikigo cya Canada gikora […]

Continue Reading