#UCL: Ijoro ry’abagabo FC Barcelona mu gahinda Dortmund yigisha Atletico Madrid

Paris St-Germain yatsindaga Barcelona ibitego 4-1 iyisezerera muri 1/4 cya UEFA Champions League kandi iyisanze mu rugo ku kibuga isigaye ikiniraho cya Estadi Olimpic Lluis Companys. PSG yorohewe n’uyu mukino wo kwishyura wa 1/4,byatumye igera muri kimwe cya kabiri cy’irangiza muri Champions League ku nshuro yayo ya kane.Ni inshuro yayo ya mbere kuva muri 2021 […]

Continue Reading

Umuherwe Rujugiro yatabarutse ku myaka 82

Umuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro yitabye Imana.  Rujugiro yapfuye nyuma y’imyaka myinshi yari amaze aba hanze y’igihugu cye nk’impunzi. Umuherwe kabuhariwe Rujugiro yamenyekanye mu gucuruza itabi, amazu, n’ibindi yakoreye ahanini mu Burundi, mu Rwanda, muri Uganda, Angola, Afurika y’Epfo, Kenya na Nijeriya. Muri Uganda, yahashoye miliyoni 20 z’amadorari yashyize mu gucuruza itabi no kugemura ibyokurya. Ajya […]

Continue Reading

Gasogi United isebeje Police FC imbere y’abana bari basubiye kwishuri

Uyu munsi ni bwo hatangiye imikino ya 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro aho Police FC yari yakiriye Gasogi United kuri Kigali Pelé Stadium. Uyu munsi ni bwo hatangiye imikino ya 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro aho Police FC yari yakiriye Gasogi United kuri Kigali Pelé Stadium. Gasogi United yatangiye ishaka igitego hakiri ku munota wa 7, Djibrine Hassan yahawe […]

Continue Reading

Yesu yabonekeye abantu mu gihugu cya Kenya

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, hakomeje gukwirakwizwa ifoto igaragaza ishusho ya Yesu ikozwe mu bicu iri mu kirere bikavugwa ko ari Yesu wabonekeye abantu mu gihugu cya Kenya mu isoko rya Oyuma muri Kendu. Nyuma y’uko iyi shusho igiye hanze, abantu benshi batangiye kwitirira agace kabo ko ariho iyi shusho yabonetse ndetse n’abanyarwanda bavuga […]

Continue Reading

FARDC yafunze abandi ba ofisiye bakekwaho kugambanira igihugu

Général Christian Tshiwewe Songesha, umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko hari abofisiye mu gisirikare n’igipolisi batawe muri yombi, bakekwaho kugambanira igihugu. Ubwo Tshiwewe yari mu kigo cya gisirikare cya Kokolo cyabereyemo akarasisi k’abasirikare n’abapolisi kuri uyu wa 15 Mata 2024, yasobanuye ko abatawe muri yombi ari abakorera i Kinshasa na […]

Continue Reading

Umunsi Idi Amin agusha indege za gisirikare i Kanombe, abasirikare ba EX-FAR bagahunga

Gen (Rtd) Ibingira Fred yatangaje ko u Rwanda rumaze imyaka 30 ari igihugu kitavogerwa ku buryo nta muntu ushobora kugira icyo ahakora nta burenganzira abifitiye, bitandukanye n’uko mu myaka ya 1970 uwari Perezida wa Uganda, Idi Amin yigeze kugusha indege za gisirikare ku kibuga cy’indege cya Kigali nta muyobozi w’u Rwanda ubizi. Ingingo yerekeye umutekano […]

Continue Reading

Zingaro z’ingurube zirikuribwa muri Kigali

Mu mirenge itandukanye y’Umujyi wa Kigali, cyane cyane y’icyaro hari abaturage basigaye barya zingaro z’amara y’ingurube. Aba baturage barya ’brochettes’ za zingaro z’ingurube, bo bazita ’gorirosi’, ndetse bavuga ko bazirya kuko ari zo babasha kwigondera kuko zigura amafaranga make, bongeraho ko bitabatera ipfunwe. Abakunzi ba zingaro z’amara y’ingurube bavuze ko ziboneka mu tubari duciriritse ndetse […]

Continue Reading

Menya impamvu Perezida Kagame mu muhango wo kwinjiza ba Ofisiye 624 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako yahisemo uyu ngo abe ariwe bifotozanya?

Abantu benshi bati mu muhango wo kwinjiza ba Ofisiye 624 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako kuki President Kagame yahisemo uyu ngo abe ariwe bifotozanya?. Kuva mu mwaka wa 2000, utegurwa kuba Ofisiye (Cadete officer) agahiga abandi mu mwaka wa cadet course ahabwa ribbon y’uwahize abandi. Ribbon ni ako kantu yambaye. Mbese […]

Continue Reading

AS Kigali yigize igupfwa ihagama APR FC iyibuza ibyishimo {AMAFOTO}

Ibitego 2 bya AS Kigali byatsinzwe na Ishimwe Fiston na Benedata Janvier bahoze bakinira APR FC, byatumye umukino wahuzaga aya makipe urangira ari 2-2 maze ikipe y’Ingabo z’Igihugu ntiyayitwariraho igikombe. APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino ngo yegukane igikombe hakiri kare,ariko igitego cyo mu minota ya nyuma cya AS Kigali cyishe ibirori byayo. Wari umukino […]

Continue Reading

APR FC yaciwe asaga miliyali kumukinnyi yashakaga ukinira Young Africans

APR FC biravugwa ko yakunze kizigenza Stéphane Aziz Ki ukinira Young Africans ndetse igerageza no kubaza igiciro cye gusa icibwa akayabo k’amadolari. Bivugwa ko Young Africans yasubije APR FC iyoboye shampiyona y’u Rwanda, ko kubona uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko byayisaba kwishyura miliyoni 1 y’amadolari angana na miliyari irenga y’amafaranga y’u Rwanda. Umunyamakuru Micky Jr […]

Continue Reading

Umupolisi yarashe umugabo washakaga ku mutema

Uyu mugabo wari wikoreye inka yabazwe bikekwa ko ari iyo yari yibye, yarasiwe mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga, nyuma yo gushaka gutema umupolisi. Ibi byabaye mu gitondo cya kare kuri uyu wa Mbere tariki 15 Mata 2024, ahagana saa kumi n’imwe n’igice, mu Mudugudu wa Kiduha mu Kagari ka Kibaga mu Murenge […]

Continue Reading