Connect with us

Sports

BIRAVUGWA: Mvukiyehe Juvenal wahoze ayobora Kiyovu sports mu nzira zo kugirwa President wa Police FC

Published

on

Amakuru ava kumirongo y’imbere agaragazako iyi kipe aravuga ko uyu wahoze ayobora kiyovu sports ashobora ku girwa umuyobozi w’iyipike y’igiporisi cy’u Rwanda.

Juvenal winjiye mu mupira nk’umukunzi n’Umuyobozi wa KIYOVU Sports, ubu yaguze ikipe  Rugende FC yahinduriwe izina ikitwa Addax nka nyirayo.

Hakaba hari amakuru yaguvagako uyu Mvukiyehe Juvénal wahoze ayobora Kiyovu Sports Limited akaza kuyisohokamo nyuma yo gushyirwa ku ruhande na Ndorimana Jean François Regis ‘Général’ kugeza ubu weguye, ashobora kuyisubiramo mu minsi mike iri imbere.

Mvukiyehe Juvénal yayoboye Kiyovu Sports Limited ndetse aza guha ibyishimo abakunzi b’Urucaca nyuma yo gusoreza ku mwanya wa kabiri muri Shampiyona mu myaka ibiri ya nyuma y’ingoma ye.

Mvukiyehe Juvénal yareze Kiyovu Sports muri FERWAFA | IGIHE

Mvukiyehe Juvénal mu muryango umwerekeza muri Police FC