Connect with us

Entertainment

Uwahoze ari umukunzi wa Yvan Buravan yambitswe impeta n’undi musore

Published

on

Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan ari  murukundo n’undi musore mushya ndetse yemereye ko azabera umugore.

Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan Mu butumwa yasangije abamukurikira yashimiye Imana imuhaye umugabo yishimira kumubona iruhande rwe.

Yanditse agira ati “Urakoze Mana ku bw’umugabo mfite mu buzima bwanjye, kuboneka kwe, inkunga ye n’urukundo rwose anzanira buri munsi, nshimishijwe no kumubona iruhande rwanjye.”

Uyu mukobwa ntiyashatse kugaragaza isura y’uyu musore yihebeye nyuma ya Yvan Buravan witabye Imana ku wa 17 Kanama 2022.

Kugeza ubu nta makuru menshi aramenyekana kuri uyu musore wambitse impeta Chaffy Marty gusa bivugwa ko atuye mu Bwongereza.

Mu ntangiro ya 2023 binyuze ku mbuga nkoranyambaga uyu mukobwa yabajijwe niba ashobora kongera gusubira mu rukundo n’undi musore nyuma ya Yvan Buravan.

 

Chiffa wahoze ari umukunzi wa Buravan yongeye gush - Inyarwanda.com

Chiffa Marty wahoze akundana na Yvan Buravan

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *