Perezida Tshisekedi umaze icyumweru atagaragara uburwayi bwe bukomeje kugirwa ibanga
Perezida Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nanubu ntaragaragara mu ruhame, ndetse aho aherereye hakomeje kuba ibanga. Mu cyumweru gishize ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko uyu mugabo yagiriye urugendo mu gihugu cy’amahanga kitamenyekanye. Uwo munsi Radiyo na Televiziyo y’u Bubiligi (RTBF) yatangaje ko uyu mugabo yaba yaje i Kigali, gusa nyuma iza kuvuguruza ayo […]
Continue Reading
