U Bubiligi bwateye ishoti icyifuzo cya Tshisekedi

  Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, yimye amatwi Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasabiye u Rwanda ibihano, ubwo yari yongeye kurushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23.   Tshisekedi yageze mu Bubiligi ku wa 28 Gashyantare 2024. Yari avuye i Luanda muri Angola, aho yaganiriye na mugenzi we, Joăo […]

Continue Reading

Pochettino yizeye ubutabera kuva ku musifuzi uzasifura umukino wa nyuma wa Carabao Cup ejo

  Ku cyumweru, Mauricio Pochettino yizeye ko umusifuzi Chris Kavanagh azabera neza impande zombi ubwo Chelsea izaba ikina na Liverpool ku mukino wanyuma wa Carabao Cup.   Pochettino aracyafite agahinda kubera ibyemezo byokwiba Chelsea muri shampiyona bagatsindirwa 4-1 i Anfield ukwezi gushize. Umutoza mukuru wa Chelsea yemeza ko Conor Gallagher na Christopher Nkunku bari bakwiye […]

Continue Reading

RDC: Abaturage ba Bibogobogo mu kangaratete

Ahagana isaha z’u mugoroba wa joro, zo kumunsi w’ejo hashize tariki ya 18/02/2024, ni bwo abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bakoreraga muri aka gace batangiye kuzinga utwabo mu buryo bwo ku hava cyangwa ibyo bakunze kwita “gukomboka,” nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.   Nahano Justin, yagize ati: “Ku mugoroba inkambi y’abasirikare ba […]

Continue Reading

Congo yasabye amahanga kutajenjekera u Rwanda

  Umuvugizi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko RDC itazigera na limwe ijya mu biganiro na M23 ndetse asaba amahanga guhagurukira u Rwanda akarufatira ibihano bikomeye. Ni mu kiganiro yaraye agiranye n’ikinyamakuru cy’Abongereza BBC.   Muri icyo kiganiro yahakanye ibivugwa ko Minisitiri w’Ingabo wa Congo, Jean Pierre Bemba aherutse kujya i Goma mu […]

Continue Reading

Xavi Hernandez ashobora gusohoka muri FC Barcelona bitunguranye kubera imyitwarire

Umunya-Esipanye wimyaka 44 Xavi Hernandez Creus ashobora gusohoka muri FC Barcelona igihe yihaye kitageze, mugihe yaba asezerewe n’ikipe ya Napoli mumikino ya UEFA Champions League aho bageze muri 1/8 cy’irangiza, ibi bikaba bivugwa n’ikinyamakuru gikorera muri Esipanye AS.   Xavi Hernandez yatangaje ko atazakomeza gutoza FC Barcelona ubwo umwaka w’imikino uzaba urangiye taliki 30 Kamena […]

Continue Reading

Abasirikare b’u Burundi bafashwe na M23 ku rugamba yaberekanye

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 03 mutarama 2024, Umutwe w’inyeshyamba wa M23, weretse itangazamakuru abasirikare b’u Burundi wafatiwe ku rugamba, utangaza ko wabikoze mu rwego rwo gutabara ubuzima bwabo.   Aba barimo Adjudant chef Ndikumasabo Therence wo muri Brigade ya 410 muri Division ya 4, Undi ni Adjudant chef Nkurunziza wakoraga muri Etat Major ya […]

Continue Reading

Ya drone yarashe abasirikare ba M23 dore n’ibindi yakoze

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ryasohoye ifoto itanga ishusho y’ingaruka z’igitero cya drone rivuga ko ari iyo mu bwoko bwa CH-4 yerekana inzu yasenyutse igisenge ahantu iri huriro ritatangaje.   Amakuru agera kuri BBC yemeza ko ibitero by’indege za gisirikare za DR Congo byaramutse kare kuri uyu wa gatanu mu bice bitandukanye bigenzurwa na M23 […]

Continue Reading

Mu baperezida 18 bitezwe mu irahira rya Tshisekedi ntiharimo Kagame na Museveni

Intumwa nkuru ya perezida wa DR Congo, Serge Tshibangu, yatangaje ko abakuru b’ibihugu 18, ba visi perezida babiri, n’abahoze ari abakuru b’ibihugu bane, bitezwe i Kinshasa kuri uyu wa gatandatu mu muhango wo kurahira kwa Perezida watowe Felix Tshisekedi.   Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri Stade des Martyrs mu ijoro ryo kuwa kane, Tshibangu, wari kumwe […]

Continue Reading

Indege ya Uganda yarashe abasirikare ba RDC umwe acika amaguru

Indege y’intambara ya Uganda, Sukhoi-30, kuri uyu wa 16 Mutarama 2024 yarashe ku birindiro by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri hafi y’umuhanda wa Eringeti-Komanda mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ikinyamakuru Chimpreports cyo muri Uganda cyatangaje ko cyahawe amakuru yizewe cyane, avuga ko habaye kwibeshya, iyi ndege irasa ku basirikare ba RDC, umwe muri […]

Continue Reading

Igisirikare cya SADC na FARDC cyatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23

Igirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 zifatanyije n’iza SADC.   Byemejwe na Lt Gen Fall Sikabwe usanzwe ari umuhuzabikorwa w’ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ubwo kuri uyu wa Kabiri yari ayoboye inama yahuje FARDC n’ingabo za SADC.   Yavuze […]

Continue Reading

“Tshisekedi ntabwo ari Perezida mu bice tugenzura.” M23 yasohoye itangazo  

Umutwe wa M23 uharanira impinduka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), watangaje ko mu bice ugenzura abaturage bavukijwe amahirwe yo gutora bityo ko Perezida Tshisekedi batazigera bamwemera nka Perezida waho.   Ni ubutumwa M23 yatanze ibinyujije mu itangazo yasohoye ku wa Kabiri tari ya 02 Mutarama 2024.   Iryo tangazo ryashyizweho umukono na Perezida […]

Continue Reading