Iburengerazuba: Amakipe azahagararira intara mu murenge KagameCup yamenyekanye

Imikino ya nyuma yo kumenya amakipe azaserukira Intara y’iburengerazuba yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Gashyantare 2024, mu mikino y’Umurenge Kagame Cup 2023-2024, aho yasojwe hamenyekanye azahagararira ibyiciro bitandukanye.     Mu mupira w’amaguru, imikino yabereye kuri Sitade Umuganda ho mu karere ka Rubavu.     Aho mu cyiciro cy’abagabo umurenge wa Rubengera wo […]

Continue Reading

Rutsiro: Abarenga 1551 bamazaze imyaka 12 bishyuza Kiliziya Gaturika amaso yaheze mu kirere

Paruwasi ya Biruyi ibarizwa muri Kiliziya gaturika yashyizwe mu majwi n’abaturage 1551 bahoze ari abanyamuryango ba Koperative yo kubitsa no kugurizanya Coopec-Dukire yashyizwe mu bihombo kubera imicungire mibi y’umutungo, abari barabikijemo ayabo imyaka ibaye 12 barihanaguye, kuko babuze uwabarengera.     Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko Ibihombo bya Coopec Dukire byatumye ihita ifunga imiryango, […]

Continue Reading

Rutsiro: Harerimana yishwe n’Umwicanyi utaramenyekana, Umugore we arakomeretswa

Urugo rwa Harerimana Vianney wo mu karere ka Rutsiro rwatewe n’umwicanyi utaramenyekana aramwica ndetse akomeretsa umugore we.     Ibi byabaye mu rukerera rwa tariki 25 Gashyantare 2024, mu murenge wa Gihango ho mu kagari ka Ruhingo, ku isaha ya saa saba z’ijoro.     Kayitesi Dative, Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro yahamije aya makuru.   […]

Continue Reading

Rubavu: Ubuyobozi ntibuvuga rumwe n’Abaturage ku mpamvu zateye uwahoze ari Sedo kwiyahura

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kanama bwahakanye amakuru avuga ko Nzitatira Naphtal wahoze ari Sedo w’akagari yaba yiyahuye anyweye Tiyoda kubera ko yafatiye undi mugabo mu buriri bwe.       Ibi byabereye mu karere ka Rubavu, Umurenge wa Kanama ho mu kagari ka Musabike muri iki cyumweru turi kugana ku musozo.     Nzitatira wahoze ari […]

Continue Reading

Rubavu: Urujijo kuri TVET imaze imyaka 11 yubakwa ikaba itaruzura

Hari abaturage bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko batiyumvisha impamvu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (Rambo TVET) mu murenge wa Nyamyumba rimaze imyaka 11 ryubakwa ariko rikaba ritaruzura.     Ubwo imirimo y’ubwubatsi yatangiraga, Uruganda rwa Bralirwa nirwo rwemeye gutanga ingengo y’imari yagombaga kuzakoreshwa nk’umufatanyabikorwa w’Akarere, abaturage nabo batanga ubutaka rizubakwaho dore ko ryari ryitezweho guhindura […]

Continue Reading

Intambara z’urudaca zugarije Isi zateye Pasiteri Ndanyuzwe kwandika Igitabo “Love Across All Languages”

Umwanditsi w’ibitabo, Pasitori Jotham Ndanyuzwe utuye mu gihugu cya Canada, Alberta, muri Edmonton, agiye kumurika igitabo yise “Love Across All Languages”.     N’igitabo azamurika tariki ya 9 Werurwe 2024, muri Canada, ahitwa 6712 Delwood Rd Edmon.     Pasiteri Jotham usengera mu Itorero ryitwa New Jerusalem Ministries yagiranye na Rwandamews24 yatangaje ko intambara z’urudaca […]

Continue Reading

Rutsiro: Umukozi wa REG yishwe n’umuriro w’amashanyarazi

Umukozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu REG ishami rya Rutsiro, yapfuye yishwe n’amashanyarazi.     Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko Uwiringiyimana Japhet, wari umukozi wa REG yapfuye yishwe n’amashanyarazi, kuri uyu wa kabiri, tariki 20 Gashyantare 2024.     Ibi byabereye mu murenge wa Musasa, mu masaha ashyira saa 15:00′ ubwo uyu mukozi yari mukazi […]

Continue Reading

Nyuma y’Ijambo rya Perezida Kagame mu 2019, hatangijwe ishuri ryigisha Ikidage mu Rwanda

Bamwe mu banyarwanda baba mu Gihugu cy’Ubudage bavuga ko bakataje mu gushyira mu bikorwa ibyo bemereye Perezida Kagame, ubwo bari bahuriye muri Rwandaday yabereye i Bonn.     Kuwa gatandatu tariki 05 Ukwakira 2019 nibwo Abanyarwanda baba mu Rwanda, ababa mu mahanga n’inshuti z’u Rwanda bose hamwe barenga ibihumbi bitanu,  bateraniye i Bonn, ubwo yabaga […]

Continue Reading

Rubavu: Afunzwe akekwaho gutemagura abagabo bagenzi be babiri

Umuturage wo mu karere ka Rubavu afunzwe akekwaho gutema agakomeretsa abagabo bagenzi be babiri.     Amakuru agera kuri Rwandanews24 avuga ko ibi byabereye mu murenge wa Mudende, akagari ka Kanyundo ho mu mudugudu wa Nyamirama, mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, tariki 18 Gashyantare 2024.     Umunyamabanga nshungwabikorwa w’Umurenge wa Mudende, Murindangabo Eric […]

Continue Reading

Etincelles iri guhumeka umwuka wa nyuma yongerewe Miliyoni 81 Frw

Ikipe ya Etincelles FC iri guhumeka umwuka wa nyuma irwana no kutisanga mu makipe amanuka mu cyiciro cya kabiri cya Shampiyona y’Umupira w’amaguru mu Rwanda, yongerewe Miliyoni 81 Frw kuzo yari yarahawe zabaye iyanga.     Inama njyanama idasanzwe y’Akarere ka Rubavu yateranye kuri uyu wa gatanu, tariki 16 Gashyantare 2024, mu ngingo yasuzumye harimo […]

Continue Reading