Ububi bw’inzoga ku mugore utwite harimo no gukuramo inda

Ikigo gishinzwe kurwanya no gukumira indwara muri Leta zunze Ubumwe za Amerika (CDC), mu Ukwakira 2023 cyatangaje ko kunywa inzoga ku mugore utwite bishobora gushyira ubuzima bwe n’ubw’uwo atwite mu kaga, harimo no kuba inda yavamo. Iki kigo cyemeje ko nta mwanya mwiza wa nyawo wo kunywa inzoga ku mugore utwite, yaba mu mezi ya […]

Continue Reading

Umuyobozi wa STT ishinjwa kujujubya Abanyarwanda yatawe muri yombi

Uwimana Jean Marie Vianney wari umuyobozi wa Super Free to Trade (STT) ikora mu buryo butemewe ubucuruzi bw’amafaranga,urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye mutaye yombi. Dr. Murangira B. Thierry umuvugizi wa RIB yavuze ko “uyu mugabo akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya aho afite ikigo kimwanditseho cyitwa Super Free to Trade (STT) ikora ubucuruzi bw’amafaranga […]

Continue Reading

Asize umugore we atwite umutoza wa APR FC Adel witabye imana yasezeweho bwa nyuma {AMAFOTO}

Adel wari ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi b’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, yazize urupfu rutunguranye aho yitabye Imana ku wa Kabiri w’iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2024. Moha Bader umugore wa Dr Adel Zrane watozaga APR FC uheruka witaba Imana, yavuze ko umugabo we yakundaga cyane u Rwanda ndetse bari bafite gahunda yo kuzahimukira bakaza kuhatura bakaba […]

Continue Reading

Rusesabagina yongeye kwihenura ku bahitanywe na MRCD-FLN yashinze

Rusesabagina Paul yavuze ko aticuza impfu umutwe witwaje intwaro wa MRCD-FLN wateye mu Majyepfo y’Uburengerazuba bw’u Rwanda. Mu kiganiro kuri CNN kuri uyu wa 4 Mata 2024, umunyamakuru Christiane Amanpour yabajije Rusesabagina niba yicuza kubera impfu ibitero bya MRCD-FLN byateje mu Rwanda. Amanpour yamwibukije ko mu ibaruwa yandikiye Perezida Kagame, yagaragaje ko yicuza kubera ingaruka […]

Continue Reading

Umurwayi wa mbere watewemo impyiko y’ingurube yasezerewe mu bitaro

Muri Leta zunze ubumwe za Amerika, umurwayi wa mbere ku Isi witwa Rick Slayman w’imyaka 62, watewemo impyiko y’ingurube yatashye iwe, nyuma yo gusezererwa n’ibitaro bya ‘Massachusetts General Hospital’, akaba atashye yari amaze ibyumweru hafi bibiri akorewe ubwo buvuzi. Igikorwa cyo kubaga uwo murwayi no kumuteramo impyiko y’ingurube, cyakozwe ku itariki 16 Werurwe 2024, kimara […]

Continue Reading

Muhanga abaturage baratabariza Gitifu unyagirirwa mu kagari akajya kugama munzu zabo

Abaturage bagana Akagari ka Remera mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga baratabariza Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ako Kagari ujya kugama mu baturanye n’ibiro bye iyo imvura iguye. Bavuga ko bibabaje kubona Akagari ko mu mujyi kava bigatuma abagakoreramo n’abakagana bajya kugama ahandi mu gihe imvura iguye, banatinya ko igisenge cyaboze kubera imvura cyabagwira. Aba baturage bahaye  […]

Continue Reading

Bombori bombori muri Rayon Sports abakinnyi ntibishimiye umutoza

Abakinnyi ba Rayon Sports ntabwo bishimiye umutoza bitewe n’uburyo abakinishamo ari na yo ntandaro bavuga yo gutakaza imikino imwe n’imwe. Ntabwo abakinnyi bishimiye uburyo akinisha iyi kipe aho  akoresha abagarurira 3, akina uburyo bakunda kwita 3-5-2. Bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports basohotse mu kibuga bivovota kubera imikinishirize y’umutoza aho bavuga ko ari yo yatumye […]

Continue Reading

General Benda yakuyemo imyenda ku karubanda kubera Bruce Melodie

Umubyinnyi General Benda, yakuyemo imyenda ku karubanda, yishimira ko Bruce Melodie yinjiye mu mubare w’abamukurikira ku rubuga rwa Instagram. General Benda yavuze ko ibi yabikoze kuko yari yishimiye bikomeye kuba Bruce Melodie atangiye kumukurikira ku mbuga nkoranyambaga.Ati “Rero buriya Abanyarwanda hari ukuntu twiyumva, njye nakuze nkunda Bruce Melodie rero ntabwo yari kwinjira ku rutonde rw’abankurikira […]

Continue Reading

Minisitiri yinjiye mu kibazo cya King James uri kwishyuzwa arenga miliyoni 30Frw

Minisitiri w’urubyiruko no guteza imbere ubuhanzi, Utumatwishima  yavuze ko yinjiye mu kibazo cya King James uri kwishyuzwa arenga miliyoni 30Frw n’uwahoze ari inshuti ye witwa Pastor Ntezimana Blaise. Ntazimana na King James bafitanye ikibazo cy’umushinga w’uruganda rwa Kawunga bafatanyije, wagera hagati ugahomba. Minisitiri Dr. Utumatwishima yifashishije urubuga rwa X, yagaragaje ko yabashije kuganira na King […]

Continue Reading

Rayon Sports isebeye inyamirambo imbere ya Etincelles FC

Wari  mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2023-24, umunsi wa 26 wo Rayon Sports yari yakiriyemo Etincelles FC kuri Kigali Pelé Stadium. Ikipe ya Etincelles FC yateguye cyane uyu mukino n’umutoza wayo Bizumuremyi Radjab yemeza ko bagomba kuwutsinda kugira ngo bizere kuguma mu cyiciro cya mbere. Iminota 45 ibanza […]

Continue Reading

RIB yerekanye abapfumu bari gutekera imitwe abantu ngo barabavura ahubwo barimo kubasahura utwabo

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwerekanye abagabo batatu biyitaga abapfumu n’abavuzi gakondo, bagacucura abaturage amafaranga yabo. Kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Mata 2024 ku cyicaro cy’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Mujyi wa Kigali, kuri Sitasiyo ya Remera, herekanywe abiyita abavuzi gakondo batwaraga amafaranga y’abantu babizeza kubavura no kubakiza indwara. RIB ivuga ko aba bagabo bakoresha amayeri menshi […]

Continue Reading