Perezida Kagame yavuze ku munyamabanga wa USA Anthony Blinken wagoretse imvugo ijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida Kagame yavuze ko babwiye Amerika ko ibyo kugoreka amateka ya jenoside no kuyiha indi nyito bajya babikora mu yindi minsi ariko bakareka tariki ya 07 Mata ikaba iyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa bwe, Blinken yavuze ko “Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije n’abaturage b’u Rwanda muri iki gihe cyo Kwibuka30 inzirakarengane za […]

Continue Reading

Televiziyo yo mu Bubiligi mu mazabira nyuma yo gutangaza ko Tshisekedi yaje mu Rwanda Kwibuka

RTBF Televiziyo yo mu Bubiligi, iri ku gitutu nyuma yo gutangaza ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaje mu Rwanda mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 jenoside yakorewe Abatutsi. Iki gitangazamakuru cyatangaje ko Tshisekedi na we yari yaje i Kigali, mu gihe hari andi makuru yavugaga ko yagiye mu […]

Continue Reading

Urujijo : Umwe mu bakekwaho Jenoside mu murenge wa Mukura aratoteza umurinzi w’Igihango

Kayonga Barnabasi usanzwe ari muri komite y’abacitse ku icumu mu murenge wa Mukura mu karere ka Rutsiro aravugwaho gutoteza umwe mu barinzi b’Igihango wahishe abantu muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.   Amakuru aturuka muri uyu murenge avuga ko Barnabasi avugwaho gukora Jenoside akica abatutsi ndetse akanasahura imitungo yabo. Kuri ubu aravugwaho gutoteza umwe mu […]

Continue Reading

Tariki 08 Mata Interahamwe zishe Abatutsi hirya no hino mu gihugu

Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare bishe Abatutsi bari bahungiye ahantu hatandukanye i Nyamirambo harimo kuri Paruwasi gatolika yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga , mu kigo cy’Abafureri b’Abayozefiti no muri Koleji “St Andre” i Nyamirambo. Uyu munsi kandi ni nabwo Interahamwe zatangiye kwica Abatutsi bari bahungiye kuri Paruwasi gatolika ya Ruhuha mu Bugesera. Iyicwa ry’Abatutsi […]

Continue Reading

Louise Mushikiwabo yavuze uko musaza we Lando na nyina bishwe muri Jenoside

Mushikiwabo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), yagaragaje ko ku wa 07 Mata 1994, abari mu rugo rwa musaza we, Landouald Ndasingwa wari uzwi nka Lando barimo umubyeyi we, bose bishwe, nyamara biba musaza we ari gusaba ubufasha mu Babiligi ngo bamutabare. Mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique, Mushikiwabo akaba na mushiki wa […]

Continue Reading

Arsenal FC yifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka30, urubyiruko rusabwa kunga ubumwe

Abakinnyi b’Ikipe ya Arsenal mu bagabo n’abagore ndetse n’abanyabigwi bayo batanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda mu gutangiza ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ubutumwa batanze mu gihe u Rwanda rwifatanyije n’Isi mu gutangira Icyumweru cy’Icyunamo n’umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Perezida Paul Kagame na Madamu […]

Continue Reading

U Rwanda mubufatanye n’Ubufaransa

U Rwanda n’u Bufaransa byasinyanye amasezerano y’ubufatanye ya miliyoni 400 z’ama-Euro zizifashishwa mu gushyigikira iterambere ry’inzego zirimo ubuzima, ibidukikije no guhugura abakozi hagati ya 2024-2028. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta na mugenzi we w’u Bufaransa, Stephane Sejourné, ni bo bashyize umukono kuri aya masezerano. Minisitiri Dr. Biruta yavuze ko uretse ayo masezerano, hari […]

Continue Reading

Perezida Kagame yatanze ubuhamya kuri mubyara we wishwe muri Jenoside

Perezida Kagame yatanze ubuhamya bwe ubwo yatangizaga Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi,kuri uyu wa 7 Mata 2024. Yatanze ubuhamya bwe bwite ubwo yatangizaga Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi Ati “Ndashaka kubasangiza urugendo rwanjye bwite, ubusanzwe sinjya nkunda kubivuga. Mubyara wanjye, Florence yakoraga muri Loni mu Rwanda mu gihe kirenga […]

Continue Reading

Burundi: Havutse impaka kubera gukwirakwiza imihoro kwa Leta y’uburundi ku rubyiruko rw’ishya riri ku butegetsi CNDD-FDD

Burundi, havutse impaka kubera gukwirakwiza imihoro mu itsinda ry’urubyiruko rufitanye isano n’ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD. Imipanga bivugwa ko yatumijwe mu Bushinwa binyuze muri Tanzaniya, yazamuye impungenge haba mu gihugu ndetse no ku rwego mpuzamahanga. Nk’uko amakuru abitangaza, iyi mihoro yari igenewe abanyamuryango b’urubyiruko rwishaka CNDD-FDD, izwi ku izina rya imbonerakure, bamenyeshwa ko bagamije kurengera […]

Continue Reading

Uwari umukuru wa gereza ya Rubavu yakatiwe gufungwa imyaka 15

Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu, rwaraye ruhanishije Innocent Kayumba wahoze ari umuyobozi wa gereza ya Rubavu igifungo cy’imyaka 15 kubera uruhare rwamuhamije mu mpfu z’imfungwa zabereye muri iyi gereza. Umunyamategeko wunganiraga Kayumba yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko bateganya kujurira. Uru rukiko rwahannye kandi bamwe mu bari bafungiye muri iyi gereza kubera kugira uruhare mu mpfu […]

Continue Reading

Gicumbi: Umusore yaninzwe inyama arapfa

Uyu musore yitwa Dushimimana Vincent nuwo mu Mudugudu wa Rwasama, Akagari ka Gacurabwenge mu Murenge wa Byumba, Akarere ka Gicumbi, yamize inyama iramuniga bimuviramo gupfa. Uyu musore yarafite imyaka 22, ngo mu ma saa sita z’amanywa yo ku wa Gatanu tariki 5 Mata 2024, ari kumwe n’undi musore mugenzi we, bagiye gufatira amafunguro muri resitora […]

Continue Reading