Perezida Kagame yavuze ku munyamabanga wa USA Anthony Blinken wagoretse imvugo ijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Kagame yavuze ko babwiye Amerika ko ibyo kugoreka amateka ya jenoside no kuyiha indi nyito bajya babikora mu yindi minsi ariko bakareka tariki ya 07 Mata ikaba iyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa bwe, Blinken yavuze ko “Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije n’abaturage b’u Rwanda muri iki gihe cyo Kwibuka30 inzirakarengane za […]
Continue Reading
