Amavubi akoze ibidasanzwe muri Madagascar {AMAFOTO}

Amavubi yasoje imikino ya gicuti atsinda Madagascar ibitego 2-0, wari umukino wa kabiri wa gicuti ku Rwanda, ni nyuma y’uko ku wa Gatanu w’icyumweru gishize rwari rwanganyije ubusa ku busa na Botswana, umukino na wo wabereye muri Madagascar. Uyu munsi Amavubi y’u Rwanda yakinaga na Madagascar mbere y’uko agaruka mu Rwanda. Ni umukino umutoza Frank […]

Continue Reading

Nyiri Chelsea, Todd Boehly arifuza gusinyisha abakinnyi babiri bikingi za mwamba ba Real madrid

Nyiri Chelsea Todd Boehly arifuza  gusinyisha Luka Modric na Toni Kroos bikingi za mwamba muri Real madrid. Ikipe ya Chelsea  muri  shampiyona, iri ku mwanya wa 11 nubwo yakoresheje miliyari zisaga 1 zama pound mu gusinyisha kuva Boehly yagura  iyi kipe muri 2022. Boehly yerekeje ibitekerezo ku bakinnyi babiri b’inararibonye Modric na Kroos, bombi  amasezerano […]

Continue Reading

Myugariro wa APR FC mu biganiro bya nyuma na Azam FC

Azam FC yifuza ba myugariro babiri, uwo hagati n’uw’ibumoso. Iri mu biganiro na Ishimwe Christian nyuma yo kunyarukira mu Rwanda kuhashakira ibisubizo ariko ntiyanyurwa n’urwego rwa Mitima Isaac wa Rayon Sports. Iyi kipe yaje kwisanga kandi yaratinze kuganiriza Umunya-Cameroun Salomon Bindjeme yegereye kuko yasanze yarumvikanye na Al-Shorta SC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Iraq. […]

Continue Reading

Chairman wa APR FC yavuze ko abavuga ko yo na Rayon Sports ari abakeba ngo nukugereranya ibitagereranywa

Ibi Col Karasira yabitangaje nyuma y’umukino APR WFC yatsinzemo Forever WFC ibitego 3-0 ku Cyumweru, ikegukana Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri mu Bagore. Ubwo yari abajijwe n’abanyamakuru niba APR WFC ayobora, yiteguye guhangana na mukeba Rayon Sports WFC yatwaye Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere ku wa Gatandatu, Col Richard Karasira yavuze ko abageraranya amakipe […]

Continue Reading

Real madrid iratekereza Xabi Alonso nku musimbura mwiza wa Carlo Ancelotti

Umutoza wa Bayer Leverkusen, Xabi Alonso arifunzwa cyane na Real madrid kugirango azasimbure umutoza Carlo Ancelotti usanzwe atoza iyi kipe. Mu gihe havugwa impinduka mu batoza  mu makipe akomeye  i burayi nka Liverpool na Bayern Munich, izina rya Alonso ryagaragaye nk’umusimbura mwiza. Alonso, uri kwitwara neza nk’umutoza wa Bayer Leverkusen muri iyi shampiyona, afite amasezerano […]

Continue Reading

Umunyamakuru Léonidas Ndayisaba yavuze impamvu itangaje yatumye ava kuri Flash FM

Léonidas Ndayisaba, yize itangazamakuru mu cyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, ubu agiye kujya akora ikiganiro cy’imikino cya buri munsi kuri radio Isibo FM avuye kuri  Radio Flash FM. Ibi yabitangaje mu kiganiro cy’imikino gifungura bakoze kuri iyi radio, akora ari kumwe na Faustin Mugenzi  bakunze kwita Simbigarukaho. Muri iki kiganiro bari batumiye umuvugize wa […]

Continue Reading

Kobbie Mainnoo yahamgawe mu Bwongereza ku nshuro ya mbere

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati muri Manchester United, Kobbie Mainoo yahamagawe mu ikipe y’Igihugu y’Ubwongereza ku nshuro ya mbere, mu gihe yitegura gukina imikino ya gicuti izayuhuza na Brazil n’Ububiligi. Kobbie Mainoo w’imyaka 18 y’amavuko yari yahamagawe mu ikipe y’abatarengeje imyaka 21 y’Ubwongereza ariko yashyizwe mu ikipe ya mbere na Gareth Southgate. Ubwongereza buzahura na […]

Continue Reading

Guhabwa imidali k’umutwe w’ingabo z’u Rwanda, byongereye imbaraga n’ubwitange mu gusohoza ubutumwa “ LT COL Muhizi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Werurwe 2024, LT Col Andrew Muhizi uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo ( Rwanbatt – 2)aratangaza ko kuba ingabo z’u Rwanda zihabwa imidari y’ishimwe bizongerera imbaraga mu gusohoza ubutumwa batumwe. Ni mu muhango wo gutanga imidari y’ishimwe byakozwe n’ishami rya ONU rishinzwe kugarura amahoro, ukaba warabereye […]

Continue Reading

Pochettino yizeye ubutabera kuva ku musifuzi uzasifura umukino wa nyuma wa Carabao Cup ejo

  Ku cyumweru, Mauricio Pochettino yizeye ko umusifuzi Chris Kavanagh azabera neza impande zombi ubwo Chelsea izaba ikina na Liverpool ku mukino wanyuma wa Carabao Cup.   Pochettino aracyafite agahinda kubera ibyemezo byokwiba Chelsea muri shampiyona bagatsindirwa 4-1 i Anfield ukwezi gushize. Umutoza mukuru wa Chelsea yemeza ko Conor Gallagher na Christopher Nkunku bari bakwiye […]

Continue Reading

Etincelles iri guhumeka umwuka wa nyuma yongerewe Miliyoni 81 Frw

Ikipe ya Etincelles FC iri guhumeka umwuka wa nyuma irwana no kutisanga mu makipe amanuka mu cyiciro cya kabiri cya Shampiyona y’Umupira w’amaguru mu Rwanda, yongerewe Miliyoni 81 Frw kuzo yari yarahawe zabaye iyanga.     Inama njyanama idasanzwe y’Akarere ka Rubavu yateranye kuri uyu wa gatanu, tariki 16 Gashyantare 2024, mu ngingo yasuzumye harimo […]

Continue Reading