APR FC yaciwe asaga miliyali kumukinnyi yashakaga ukinira Young Africans

APR FC biravugwa ko yakunze kizigenza Stéphane Aziz Ki ukinira Young Africans ndetse igerageza no kubaza igiciro cye gusa icibwa akayabo k’amadolari. Bivugwa ko Young Africans yasubije APR FC iyoboye shampiyona y’u Rwanda, ko kubona uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko byayisaba kwishyura miliyoni 1 y’amadolari angana na miliyari irenga y’amafaranga y’u Rwanda. Umunyamakuru Micky Jr […]

Continue Reading

Amakuru mashya kuri Rainford Kalaba wakoze impanuka y’imodoka ikomeye

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Zambia yakoze impanuka ikomeye ari kumwe  n’umukunzi we ahita apfa.Umukinnyi Rainford Kalaba w’Umunya-zambia Wamenyekanye cyane muri TP Mazembe  inkuru zavuze ko yitabye Imana azize impanuka we n’umukunzi we ariko Minisiteri y’ubuzima muri Zambia yavuze ko ari muri koma. Uyu mukinnyi Kalaba yakoze impanuka y’imodoka ikomeye yari kumwe n’umukobwa bivugwa ko yari […]

Continue Reading

BIRAVUGWA: Mvukiyehe Juvenal wahoze ayobora Kiyovu sports mu nzira zo kugirwa President wa Police FC

Amakuru ava kumirongo y’imbere agaragazako iyi kipe aravuga ko uyu wahoze ayobora kiyovu sports ashobora ku girwa umuyobozi w’iyipike y’igiporisi cy’u Rwanda. Juvenal winjiye mu mupira nk’umukunzi n’Umuyobozi wa KIYOVU Sports, ubu yaguze ikipe  Rugende FC yahinduriwe izina ikitwa Addax nka nyirayo. Hakaba hari amakuru yaguvagako uyu Mvukiyehe Juvénal wahoze ayobora Kiyovu Sports Limited akaza […]

Continue Reading

Rayon Sports yakoze urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu wa 1994 {AMAFOTO}

Umuryango wa Rayon Sports wakoze urugendo rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu wa 1994, Ni urugendo rwahereye Kicukiro rusorezwa ku rw’ibutso rwa Nyanza ya Kicukiro. Rayon Sports FC yabimburiye andi makipe mu gutegura igikorwa cyo kwibuka muri mwaka ubwo Abanyarwanda bari kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kugeza magingo aya, […]

Continue Reading

Arsenal FC yifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka30, urubyiruko rusabwa kunga ubumwe

Abakinnyi b’Ikipe ya Arsenal mu bagabo n’abagore ndetse n’abanyabigwi bayo batanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda mu gutangiza ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni ubutumwa batanze mu gihe u Rwanda rwifatanyije n’Isi mu gutangira Icyumweru cy’Icyunamo n’umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi. Perezida Paul Kagame na Madamu […]

Continue Reading

Asize umugore we atwite umutoza wa APR FC Adel witabye imana yasezeweho bwa nyuma {AMAFOTO}

Adel wari ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi b’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, yazize urupfu rutunguranye aho yitabye Imana ku wa Kabiri w’iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2024. Moha Bader umugore wa Dr Adel Zrane watozaga APR FC uheruka witaba Imana, yavuze ko umugabo we yakundaga cyane u Rwanda ndetse bari bafite gahunda yo kuzahimukira bakaza kuhatura bakaba […]

Continue Reading

Bombori bombori muri Rayon Sports abakinnyi ntibishimiye umutoza

Abakinnyi ba Rayon Sports ntabwo bishimiye umutoza bitewe n’uburyo abakinishamo ari na yo ntandaro bavuga yo gutakaza imikino imwe n’imwe. Ntabwo abakinnyi bishimiye uburyo akinisha iyi kipe aho  akoresha abagarurira 3, akina uburyo bakunda kwita 3-5-2. Bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports basohotse mu kibuga bivovota kubera imikinishirize y’umutoza aho bavuga ko ari yo yatumye […]

Continue Reading

Rayon Sports isebeye inyamirambo imbere ya Etincelles FC

Wari  mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2023-24, umunsi wa 26 wo Rayon Sports yari yakiriyemo Etincelles FC kuri Kigali Pelé Stadium. Ikipe ya Etincelles FC yateguye cyane uyu mukino n’umutoza wayo Bizumuremyi Radjab yemeza ko bagomba kuwutsinda kugira ngo bizere kuguma mu cyiciro cya mbere. Iminota 45 ibanza […]

Continue Reading

Byiringiro Lague yakubitswe akanyafu kunda n’umutoza w’amavubi

Byiringiro Lague umutoza Frank Spittler yahisemo kumukura mu bakinnyi baraye bakinnye na Madagascar, niyuma y’imyitwarire yagaragaje ku mukino wa mbere wa gicuti Amavubi yanganyijemo na Botswana. Lague utarishimiye gusimbuzwa kuri uyu munota, yahise asohoka maze agana ku meza y’abasifuzi akubitana umujinya agacupa kari kahateretse kitura hasi, ari nako yahise akomeza mu rwambariro aho kujya ku ntebe […]

Continue Reading

Byagenze bite ngo Abdul Rwatubyaye yisange mu mirambo

Rwatubyaye yakuriye mu bakinnyi b’ingimbi (academy) ba APR FC aho yavuyemo yerekeza muri APR FC ayigiriramo ibihe byiza mbere yo kwerekeza muri Rayon Sports yavuyemo mu mwaka wa 2019 ari naho yaje kwisanga mu mirambo ubwo yerekezaga muri mukeba. Abdul Rwatubyaye yari umukinnyi wa APR FC Academy akaba yari umwe mu bo yifuzaga kugurisha muri […]

Continue Reading