APR FC yaciwe asaga miliyali kumukinnyi yashakaga ukinira Young Africans
APR FC biravugwa ko yakunze kizigenza Stéphane Aziz Ki ukinira Young Africans ndetse igerageza no kubaza igiciro cye gusa icibwa akayabo k’amadolari. Bivugwa ko Young Africans yasubije APR FC iyoboye shampiyona y’u Rwanda, ko kubona uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko byayisaba kwishyura miliyoni 1 y’amadolari angana na miliyari irenga y’amafaranga y’u Rwanda. Umunyamakuru Micky Jr […]
Continue Reading
