Rayon Sports yasezereye Police FC Kuri Penalite.

Ikipe ya Rayon Sports yasezereye Police FC muri 1/4 cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro. Ni umukino warangiriye muri Penalite aho, Rayon Sports yatsinze Penalite 4-2. Ku isaha ya saa Kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba zo kuri uyu wa Kane, nibwo ikipe ya Rayon Sports na Police FC zakinnye umukino wo kwishyura wa 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro. Ni […]

Continue Reading

Perezida wa FERWAFA yasuye Al Hilal ayizeza Mbere yuko ikina umukino wo kwishyura na Rs Berkane.

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’, Shema Ngonga Fabrice yasuye ikipe ya Al Hilal Sports Club yo muri Sudani yitegura guhura na RS Berkane mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cya CAF Champions League izakinamo na RS Berkane. Uyu mukino uteganyijwe ku Cyumweru Saa kumi n’ebyiri, ukazabera kuri Stade Amahoro. Ku munsi w’ejo iyi […]

Continue Reading

Ikipe Pharco fc yafashe umwanzuro wo kutazigera yitabira amarushanwa ya CAF nyuma y’icyemezo yafashe cyo kwambura Senegal igikombe.

ikipe yo mu gihugu cya misiri yitwa Pharco Fc yafashwe umwanzuro ukomeye wo kutazigera yitabira amarushanwa ategurwa n’impuzamashirahamwe ya afurika ‘CAF’ ivugako icyo cyemezo kitarimo ubutabera. Pharco FC yasohoye itangazo itangaza ko yafashe icyemezo cyo kuva mu marushanwa yose yo muri Afurika, harimo nka CAF Champions League, Igikombe cya Confederation, Igikombe cya Super Cup, ndetse […]

Continue Reading

Sénégal yambuwe Igikombe cya Afurika cya 2026 gihabwa Morocco.

Akanama gashinzwe Ubujurire mu Mpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF) kemeje ko Igikombe cya Afurika cyegukanywe na Sénégal icyamburwa, kigahabwa Morocco. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 17 Werurwe 2026, ni bwo CAF yashyize hanze itangazo rigaragaza ibyavuye mu bujurire bwatanzwe na Maroc nyuma y’imyanzuro y’ikibazo cy’imyitwarire yabaye ku mukino wa nyuma w’Igikombe […]

Continue Reading

Amavubi yahamagaye abakinnyi 31 azifashisha muri FIFA Series 2026 batarimo Kwizera Olivier biteza impaka nyinshi.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yahamagaye abakinnyi 31 izakuramo 26 bazifashishwa mu mikino ya FIFA Series 2026 batarimo umunyezamu wa Rayon Sports,Kwizera Olivier. Ni urutonde ryashyizwe hanze kuri uyu wa Mbere mu kiganiro n’itangazamakuru Perezifa w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, n’umutoza mushya w’Amavubi, Stephen Constantine bakoze. Eric Nshimiyimana uri mu batoza bungirije b’Amavubi yavuze […]

Continue Reading

Joan Laporta yongeye gutorerwa kuyobora FC Barcelona ahigitse Victor Font warushyigikiwe n’abakomeye.

Perezida w’ikipe ya FC Barcelona, Joan Laporta, yongeye gutorerwa kuyobora iyi kipe mu matora yabaye ku Cyumweru kuwa 15 werurwe 2026, atsinze ku majwi menshi cyane Victor Font bari bahanganye Laporta yegukanye amajwi 32,934 angana na 68.18% by’abanyamuryango batoye, mu gihe Font we yabonye amajwi 14,384 angana na 29.78%. Ibi bituma Laporta akomeza kuyobora iyi […]

Continue Reading

Kiyovu sport, Gasogi united na AS kigali zasabwe gukora ikipe imwe.

Umujyi wa Kigali wasabye amakipe usanzwe ufasha ari yo Kiyovu Sports, AS Kigali na Gasogi United kwihuza agakora ikipe imwe mu rwego rwo guhuriza hamwe ubushobozi. Ibi bimenyekanye nyuma y’ibaruwa umujyi wa kigali yandikiye aya makipe usanzwe ufashe muri iki cyumweru dusoje.  iyi baruwa yagiraga  iti: “Nshingiye ku myanzuro y’inama yabahuje n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali […]

Continue Reading

Niyonzima Haruna yahawe akazi muri FERWAFA.

Haruna Niyonzima wagiye mu kazi ko gutoza nyuma yo guhagarika gukina umupira w’amaguru, yagizwe umwe mu batoza b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bashinzwe gukurikirana impano z’abato FERWAFA ifatanyije n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), bitegura amarushanwa yiswe TDS ‘Talent Development Scheme’, azenguruka intara zose z’igihugu ashaka abana bafite impano zo gukina ruhago. Ni muri […]

Continue Reading

Max Dowman w’imyaka 16 wa Arsenal yaciye agahigo ko gutsinda igitego muri Premier Leagueari muto kurusha abandi bose.

ibi byabaye kuruyu wa Gatandatu ubwo ikipe ya arsenal yari yakiriye ikipe ya Everton Fc kuri sitade ya Emirates mu mukino wa shampiyona aho byaje kurangira ikipe ya arsenal itsinze ibitego 2-0. Ubwo yatsindaga igitego kuri Everton, Max Dowman yakoze amateka muri Premier League aho yabaye umukinnyi ukiri muto cyane utsinze igitego ndetse anaca agahigo […]

Continue Reading

Bombori Bombori mw’ikipe ya Barcelona mbere y’amatora muriyi kipe.

Umunsi w’amatora mu ikipe ya Barcelona wageze ariko hakomeje kugaragara ihangana rikomeye hagati y’abakandida bahanganiye uyu mwanya aribo Joan Laporta na Victor Font.. Igice kinini cy’ayo makimbirane cyatangiye ubwo Joan Laporta yatangaga ikirego mu nama y’amatora ya Barcelona arega uwo bahanganye Victor Font ku cyaha cyo kwica amategeko y’amatora y’iyi kipe. Umunsi ubanziriza amatora, nyuma […]

Continue Reading

Uganda: batanu bahagaritswe bazira gusheta ku mikino bizwi nka ‘betting’.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA), ryahagaritse abakinnyi n’abayobozi mu mupira w’amaguru nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kugira uruhare mu kugena ibiva mu mukino kubera ‘betting’. Ku wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026, ni bwo Komisiyo ishinzwe Imyitwarire muri FUFA yatangaje umwanzuro nyuma y’iperereza ku mukino wabaye tariki ya 21 Ukuboza 2024, ukarangira Kitara […]

Continue Reading