Mugisha Bonheur yabonye Ikipe nshya mu gihugu cya Misiri

Mugisha Bonheur ukina mu kibuga hagati yugarira, wakiniraga Stade Tunisien yo mu cyiciro cya mbere muri Tunisia, agiye kwerekeza Al Masry yo mu Misiri atazweho amadolari ya Amerika 450 000. Bonheur ni umwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda beza hagati mu kibuga bugarira, mu mwaka ushize w’imikino yatsinze ibitego bitanu muri Shampiyona ndetse aherutse gutsinda igitego kimwe […]

Continue Reading

Bombori bombori muri Rayon Sports

Komite Nyobozi ya Rayon Sports ihagarariwe na Twagirayezu Thaddée yasubije ibaruwa yari yandikiwe n’Urwego rw’Ikirenga rwayo ruyobowe na Muvunyi Paul, igaragaza imbogamizi mu kwitabira Inteko Rusange Isanzwe rwari rwatumije. Buri mwaka, akenshi mbere y’uko umwaka mushya w’imikino utangira, amakipe menshi arimo Rayon Sports ategura inteko rusange isanzwe iba igiye gusuzumirwamo ibyaranze umwaka wabanje, ikanemerezwamo ibikorwa […]

Continue Reading

Minisiteri ya Siporo yahakanye byo guhagarika amatora ya FERWAFA

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko itigeze ihagarika amatora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ateganyijwe mu mpera z’ukwezi kwa Kanama 2025. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 29 Nyakanga 2025, ni bwo Minisiteri ya Siporo yifashishije imbuga nkoranyambaga zayo inyomoje amakuru y’uko yasabye FERWAFA gusubika amatora. Nyuma y’uko Komisiyo y’Amatora […]

Continue Reading

Rayon Sports yasinyishije Bigirimana Abedi

Rayon Sports yasinyishije Umurundi Bigirimana Abedi wakiniraga Police FC, amasezerano y’umwaka umwe. Iyi kipe yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Nyakanga 2025, ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Abedi ari mu bakinnyi bari batekerejweho muri Gikundiro, dore ko iyi kipe yatangiye kumuganiriza kuva mu mezi abiri ashize ubwo yarangizaga amasezerano yari […]

Continue Reading

Rayon Sports yashyize hanze ibiciro bya Rayon Day

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gutegura ibirori by’Umunsi w’igikundiro (Rayon Day), yashyize hanze ibiciro byo kwinjira birimo aho itike ya menshi igura miliyoni 2 Frw naho iya make ikaba 3000 Frw. Ku wa 15 Kanama 2025, ni bwo hazaba umunsi ngarukamwaka wa “Rayon Day”, wo kugaragariza abafana uko umwaka utaha uteguwe. Uyu munsi urangwa n’ibirori […]

Continue Reading

Rayon Sports Day 2025 yahumuye

Bidasubirwaho, Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko “Rayon Sports Day 2025” izaba tariki ya 15 Kanama muri Stade Amahoro. Buri mwaka, iyi kipe yambarara ubururu n’umweru itegura umunsi wihariye uhuza abakunzi bayo, ikanakina umukino mpuzamahanga wa gicuti. Ku wa Gatandatu, tariki ya 19 Nyakanga, ni bwo Rayon Sports yamenyeshejwe ko yemerewe gukorera “Umunsi w’Igikundiro” muri […]

Continue Reading

Nzotanga yerekeje muri Police FC

Myugariro w’iburyo, Ndayishimiye Dieudonné uzwi nka Nzotanga, yerekeje muri Police FC yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi wari umaze imyaka itanu muri APR FC, yashyize umukono ku masezerano kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga 2025. Ndayishimiye wifuzwaga na Rayon Sports, azahanganira umwanya na Nsengiyumva Samuel iyi kipe yaguze imukuye muri Gorilla FC. Yabaye […]

Continue Reading

Chelsea yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe itsinze Fluminense

Chelsea FC yo mu Bwongereza yabonye itike yo gukina umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe nyuma yo gutsinda Fluminense yo muri Brésil ibitego 2-0, mu mukino wabereye kuri MetLife Stadium, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa Kabiri tariki ya 8 Nyakanga 2025. Ikipe ya Chelsea yatangiye umukino ikina neza, ndetse ku munota wa […]

Continue Reading

Ben Moussa yagizwe Umutoza mushya wa Police FC

Umunya-Tunisia Abdessattar Ben Moussa watoje APR FC, yagizwe Umutoza mushya wa Police FC mu mwaka utaha w’imikino wa 2025/26. Ibi byatangajwe n’iyi kipe ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Nyakanga 2025. Ben Mousa azungirizwa na Mutarambirwa Jabil nk’umutoza wungririje, Ddouki Mohamed ushizwe kongerera imbaraga abakinnyi na Ben Yahia Ahmed […]

Continue Reading

APR FC yisubije Omborenga Fitina

Myugariro w’Ikipe y’igihugu, Amavubi, ukina ku ruhande rw’iburyo, Omborenga Fitina, wari umaze umwaka muri Rayon Sports, yasubiye mu ikipe ya APR FC. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yemeje ko uyu mukinnyi yagarutse yayigaritsemo kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Kamena 2025. Iyi kipe yanditse kuri X iti “Omborenga Fitina agarutse mu rugo gusoza ibyo atasoje.” […]

Continue Reading