Burundi: Amashyaka atanu yanze kugira uruhare mu myiteguro y’amatora.

Amashyaka atanu atavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi yatangaje ko atazagira uruhare mu myiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027 bitewe n’uko ibibazo byagaragaye mu mwaka ushize bitakemutse. Mu itangazo rihuriweho ryashyizweho imikono tariki ya 8 Gicurasi 2026, CNL, UPRONA, CODEBU, Sahwanya Frodebu na CDP yatangaje ko amatora y’abadepite n’abasenateri yabaye mu mwaka ushize yabayemo ibibazo […]

Continue Reading

Marco Rubio yagiriye uruzinduko i Vatican rugamije guhosha umwuka mubi Hagati ya Trump ba Papa Leo‎ XIV

Umunyamabanga wa Leta wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yagiranye ibiganiro n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leo XIV,  byamaze iminota 30 i Vatican, ni mu ruzinduko rwari rugamije kugabanya umwuka mubi hagati ya Perezida Donald Trump na Papa kubera intambara yo muri Iran.‎‎Rubio, usanzwe ari umuyoboke w’Itorero Gatolika ukomeye, yarafite uru […]

Continue Reading

Abasivili 10 bamaze kuburira ubuzima mu muhora wa Hormuz

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yatangaje  ko abasivili 10 bamaze kuburira ubuzima mu bushyamirane bukomeje kubera mu muhora wa Hormuz.‎‎Rubio yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye  i Washington DC.‎‎Ku wa Mbere tariki 04 Gicurasi 2026, Perezida […]

Continue Reading

Byongeye kuzamba mu Burasirazuba bwo Hagati

Umwuka w’intambara wongeye gututumba mu Burasizuba bwo Hagati, ni nyuma y’uko ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bitangaje ko buri ruhande  rwarashe ku bwato bw’urundi ruhande mu muhora wa Hormuz , nyamara hari agahenge kagamije kugarura amahoro arabye. ‎Ibintu byongeye kuzamba nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, […]

Continue Reading

Ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz bugiye gutangira kurindirwa umutekano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,  Donald Trump, yatangaje ko Ingabo z’iki gihugu zigiye gutangira kurindira umutekano ubwato  bunyura mu muhora wa Hormz.‎‎Ubuyobozi bw’Ingabo za Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati, CENTCOM, bwavuze ko ibi bizakorwa binyuze mu gushyira amato  mu muhora wa Hormuz ya gisirikare arasa za misile ndetse n’indege zirenga 100, hamwe n’abasirikare […]

Continue Reading

Israel yasabye abaturage ba Libani kuva mu bindi bice byo mu Majyepfo y’iki gihugu

Ingabo za Israel zasohoye amabwiriza mashya asaba abaturage ba Libani  kwimuka mu midugudu n’imijyi yo mu Majyepfo y’iki gihugu, harimo n’uturere turi hanze y’aho zigenzura, nubwo hari agahenge kagamije guhagarika intambara hagati ya Israel n’umutwe witwaje intwaro wa Hezbollah. ‎Umuvugizi w’Ingabo za Israel , Avichay Adraee, yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 04 Gicurasi 2026. ‎Yagizi […]

Continue Reading

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran yerekeje Islamabad mu biganiro n’Amerika.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araqchi, ategerejwe i Islamabad kuri uyu wa 24 Mata 2026, ibyitezwe ko ibiganiro hagati yabo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byo guhagarika intambara bishobora gusubukurwa. Itangazamakuru rya Iran, ryavuze ko Araqchi asura Pakistan, Oman n’u Burusiya. Icyakora ntihavuzwe iby’uko ashobora kugirana ibiganiro na Leta Zunze Zunze Ubumwe za […]

Continue Reading

AFC/M23 na FARDC bitanye ba mwana ku bitero byagabwe muri Masisi na Minembwe

Umutwe wa AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku Cyumweru buri ruhande rwashinje urundi kuba inyuma y’ibitero byagabwe muri Masisi na Minembwe hakoreshejwe drone, nyuma y’amasaha make bavuye mu biganiro by’iminsi itanu byaberaga i Montreux mu Busuwisi. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, saa 17:15 yanditse ku rubuga rwe rwa X ko mu […]

Continue Reading

AFC/M23 yongeye gusaba Leta gufungura amabanki i Goma n’i Bukavu.

Ihuriro rya AFC/M23 rihanganye n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryongeye gusaba ko Leta ifungura amabanki mu bice rigenzura kandi ikanakuraho ibihano byafatiwe abayobozi bakuru baryo. Ni ibyagarutsweho mu biganiro byahuje AFC/M23 na Leta ya RDC, byabereye mu Busuwisi guhera ku wa 13 Mata 2026. Kuva Ihuriro rya AFC/M23 ryafata Umujyi wa Goma muri […]

Continue Reading

Iran yongeye gufunga umuhora wa Hormuz, ishinja Amerika kudakurikiza amasezerano.

Iran yatangaje ko yongeye gukaza igenzura ku muhora wa Hormuz, nyuma yo gushinja Leta Zunze Ubumwe za Amerika kutubahiriza ibyari byemeranyijweho mu biganiro byaherukaga gutuma uyu muhora ufungurwa by’agateganyo. Ibi bibaye nyuma y’uko kuri uyu wa Gatanu Iran yari yemeye gufungura inzira ya Hormuz mu gihe cy’iminsi 10 y’agahenge, igamije korohereza ubwato butwara peteroli n’ibindi […]

Continue Reading

Madagascar: Col. Patrick Rakotomamonjy yatawe muri yombi akekwaho kugerageza ‘coup d’état.

Ubutegetsi bwa Madagascar bwemeje ko Colonel Patrick Rakotomamonjy uri mu basirikare bakuru muri kiriya gihugu yatawe muri yombi, akaba akekwaho kugira uruhare mu mugambi wo kugerageza guhungabanya ubutegetsi no kugirira nabi abayobozi bakuru b’igihugu. Nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’umutekano abivuga, uyu musirikare yafashwe nyuma y’iperereza ryari rimaze iminsi rikorwa ku bikorwa bivugwa ko byari […]

Continue Reading