Goma : Haramukiye imyigaragambyo simusiga

Ni imyigaragambyo byiswe ko ari simusiga, yatangiye mu gitondo  cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 19/02/2024.   Abari muri yo myigaragabyo barimo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika, kuba biri inyuma y’intambara n’u mutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse barashinja u Bufaransa, Amerika n’u Bwongereza, gushigikira M23, nk’uko abateguye imyigaragambyo bakomeje […]

Continue Reading

RDC: Abaturage ba Bibogobogo mu kangaratete

Ahagana isaha z’u mugoroba wa joro, zo kumunsi w’ejo hashize tariki ya 18/02/2024, ni bwo abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bakoreraga muri aka gace batangiye kuzinga utwabo mu buryo bwo ku hava cyangwa ibyo bakunze kwita “gukomboka,” nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.   Nahano Justin, yagize ati: “Ku mugoroba inkambi y’abasirikare ba […]

Continue Reading

Congo yasabye amahanga kutajenjekera u Rwanda

  Umuvugizi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko RDC itazigera na limwe ijya mu biganiro na M23 ndetse asaba amahanga guhagurukira u Rwanda akarufatira ibihano bikomeye. Ni mu kiganiro yaraye agiranye n’ikinyamakuru cy’Abongereza BBC.   Muri icyo kiganiro yahakanye ibivugwa ko Minisitiri w’Ingabo wa Congo, Jean Pierre Bemba aherutse kujya i Goma mu […]

Continue Reading

Ingabo za FARDC n’abo bafatanyije bagotewe muri Rutchuru

Ni ukuva ku munsi w’ejo hashize tariki ya 14/02/2024, n’ibwo Ingabo za General Sultan Makenga zageze mu bice biri marembo ya Nyanzare biza kurangira iyi centre bayizengurutse, nk’uko umwe mu barwanyi ba M23 yabitangaraije Rwandanews 24   Uyu murwanyi  yavuze ko nta musirikare wo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa wemerewe gusohoka Centre ya Nyanzare […]

Continue Reading

Hamenyekanye abantu 33 u Uburundi bushaka ko u Rwanda ruboherereza

Kuri uyu wa Kane taliki ya 11 Mutarama 2024, nibwo hamenyekanye amakuru ko igihugu cy’Uburundi cyafunze imipaka yacyo yose igihuza n’u Rwanda. Ni mu gihe u Rwanda rwo rwavuze ko rwamenyeye ayo makuru mu bitangazamakuru, ariko ko icyo cyemezo cyibangamiye ubuhahirane bw’ibihugu byombi ndetse n’amahame agenga umuryango w’Afrika w’Iburasirazuba. Umwanzuro wo gufunga imipaka, uje nyuma […]

Continue Reading

Dr. Frank Habineza ati, “Niduterwa tuzirwanaho”

Umuyobozi w’iri shyaka ritavuga rumwe na leta, Dr. Frank Habineza, ubwo yabazwaga uko afata imvugo za Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DRC, uri kwiyamamaza avuga Perezida w’u Rwanda Paul Kagame nabi, aho yigeze kumugereranya na Hitileri wayoboye Ubudage akica abantu benshi ndetse akanakora Jenoside yakorewe Abayahudi.   “Kugereranya Kagame na Hitileri sibyo. Hitileri […]

Continue Reading

Ishyaka Green Party ryiyongereyemo komite nshya ryizeza gutsinda amatora

Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, ryasabye abarwanashyaka baryo kwimakaza amahame yaryo arimo guharanira demokarasi no kurengera ibidukikije ndetse rinabibutsa gahunda y’amatora ateganyijwe umwaka utaha wa 2024. Hari mu gikorwa cy’amatora ya komite nyobozi y’abagore bahagarariye abandi ku rwego rw’igihugu cyabaye kuri uyu wa 17 Ukuboza 2023. Ishyaka ritavuga rumwe na leta riharanira […]

Continue Reading

Victoire Ingabire yanyomoje abavuga ko urugo rwe rwagoswe n’Abapolisi

Hashize iminsi ku mbugankoranyambaga hari abatabariza Ingabire Victoire bavuga ko urugo rwe rwagoswe n’abapolisi kubera ibitekerezo bye bitavuga rumwe na leta. Gusa mu kiganiro yagiranye n’Ijwi ry’Amerika, yavuze ko kugeza ubu atekanye kandi ko ntabapolisi bagose urugo rwe. Umunyamakuru wa Ijwi rya Amerika, yatangiye abaza madame Ingabire Victoire niba amakuru ari kuvugwa ko urugo rwe […]

Continue Reading

Abanyarwanda basabwe gukomeza kwitegura amatora ya perezida n’abadepite

Komisiyo y’igihugu y’amatora, NEC, iributsa abaturage gukomeza kwitegura amatora ateganyijwe umwaka utaha ya perezida n’ay’abadepite. Ni mu gihe hari hashize iminsi hari kuba ibikorwa by’amatora yo kuzuza imyanya itari yuzuye mu nzego z’ibanze.   Takili ya 28 Ukwakira 2023 nibwo hatangiye ibikorwa by’amatora yo kuzuza imyanya itarimo abayobozi mu nzego z’ibanze kuva ku rwego rw’umudugudu […]

Continue Reading

Kayitesi watorewe kuyobora Rutsiro, azahabwa Imodoka ariko ntazatindaho – Umunyamakuru Ngoboka

Umunyamakuru wigenga Ngoboka Sylvain mu kiganiro cyihariye yahaye Umuyoboro wa Youtube wa KOFFITO TV yatangaje ko Kayitesi Dative, watorewe kuyobora akarere ka Rutsiro azahabwa Imodoka yo gutemberamo ariko atazatinda ku buyobozi.   Ibi yabigarutseho kuri uyu wa gatanu, ubwo yari mu karere ka Rubavu mu bushakashatsi ku bayobozi bashya batowe mu matora mu kuzuza inzego […]

Continue Reading