Bicahaga yasabiwe gufungwa imyaka 30 umugore we asabirwa 29

Mu rukiko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye I Nyanza, rwaburanishije urubanza ruregwamo Bicahaga Abdallah, umugore we Mukamana Marie Louise ndetse n’undi mugabo witwa Gatete Theophile. Mu gihe ubushinjacyaha bwari bwarasoje gusobanura ikirego cyabwo kuri iyi nshuro humviswe umugore wa Bicahaga yiregura, aho yabwiye urukiko ko icyaha cy’ubufatanyacyaha ku cyaha cyo guhakana no gupfobya jenoside, […]

Continue Reading

Lt Col Nsengiyumva wagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yapfuye

Lieutenant Colonel Anatole Nsengiyumva wahamijwe kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Perefegitura ya Gisenyi na Kibuye, yapfiriye muri Niger. Tariki ya 18 Ukuboza 2008, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwari rwarashyiriweho u Rwanda (ICTR) i Arusha rwamukatiye igifungo cya burundu. Inkuru dukesha igihe iravuga ko, Abacamanza b’uru rukiko bari bamaze kwemeza ko yateguye umugambi wo kwica […]

Continue Reading

U Rwanda rwasubije Amerika ko yarengereye ishinja ingabo zarwo kwica impunzi

Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje ingabo zarwo kurasa ku baturage bavuye mu byabo mu nkengero z’umujyi wa Goma, mu gihe nta perereza ryigenga rirakorwa. U Rwanda rwagaragaje ko Amerika yarengereye cyane ibeshyera ingabo zarwo, mu gihe imiryango mpuzamahanga imaze igihe igaragaza ko ingabo za Congo (FARDC) ku bufatanye n’iz’u Burundi […]

Continue Reading

Babuze uwo bashinja ibisasu byarashwe ku mpunzi

Mu gihe hacyibazwa uwarashe ibisasu ku mpunzi z’i Mugunga,umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi na MONUSCO babuze uwo babishinja gusa basaba ko ababikoze bagezwa imbere y’ubutabera. Mu itangazo ryashyizwehanze, intumwa z’Ubumwe bw’Uburayi muri DR Congo ntizishinja M23 ibi bitero ku mpunzi, nubwo zamagana kuba uyu mutwe ukomeje kwigira imbere, gusa zisaba ko ababikoze bashyikirizwa ubucamanza. Izo ntumwa […]

Continue Reading

Byagaragaye  ko ingabo za FARDC zacitse intege, bikaba bigiye gutuma M23  gufata umujyi wa Goma 

Haravugwa ugucika intege gukomeye mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’u butegetsi bwa Repubilika ya demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa  Gatandatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zivanye mu gace ka Bitongo, ko muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nk’uko byemejwe na sosiyete sivile yo muri ibyo bice. Ubuyobozi […]

Continue Reading

Tshisekedi aracyahamya  ko azashoza  intambara ku Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yashimangiye ko agitekereza gushoza intambara ku Rwanda mu gihe ibiganiro bihuza abayobozi bo mu bihugu byombi nta musaruro mwiza byatanga.   Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yimamarizaga kuyobora iki gihugu mu mpera za 2023, yatangaje ko mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 warasa mu […]

Continue Reading

U Rwanda ku mwanya w’ 144 n’amanota 40% mu bwisanzure bw’itangazamakuru

Raporo y’umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF), yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi mu bihugu bizige Umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba Iyi raporo y’uyu muryango wo mu Bufaransa, yasohotse kuri iyi tariki ya gatatu Gicurasi (5), umunsi ngarukamwaka w’ubwisanzure bw’itangazamakuru washyizweho n’Umuryango w’Abibumbye, ishyira u Rwanda ku mwanya wa 144 n’amanota 40/100 mu bihugu […]

Continue Reading

Ubugambanyi muri FDLR buri guhitana bamwe mu bayobozi bayo

Umwe mu bahoze mu gisirikare cya FDLR witandukanyije nayo aremeza urupfu rwa Ruhinda rwaba rwaratewe n’ubugambanyi bwakozwe n’umwe mubo bari bafatanyije kuyobora uyu mutwe w’iterabwoba Amezi atanu arihiritse hamenyekanye urupfu rutavuzweho rumwe rw’uwari Umuyobozi w’Ingabo zidasanzwe z’Umutwe wa FDLR, Colonel Ruhinda Gaby ubusanzwe witwa Protogène Ruvugayimikore. Hagiye havugwa amakuru menshi ku rupfu rwe, aho umutwe […]

Continue Reading

Uwifuza guhatanira kuyobora u Rwanda yatangaje gahunda imuganisha ku kuba umukandida

Uwigeze kwiyamamariza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Mpayimana Philippe , agatsindwa ku majwi 0,7%, akaba yifuza kongera kwiyamamaza, yatangaje gahunda yo gutangira gusinyisha abashyigikira Kandidatire ye. Mpayimana Phillipe wiyamamaje mu matora y’Umukuru w’Igihugu ya 2017, aherutse kwemeza ko azongera akiyamamaza mu matora y’uyu mwaka azaba muri Nyakanga 2024. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, iherutse […]

Continue Reading

M23 iravuga ko Leta y’u Burundi imaze iminsi yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imihoro ndetse n’Imbonerakure zo kuhakorera ubwicanyi

Umutwe wa M23 uravuga ko Leta y’u Burundi imaze iminsi yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imihoro ndetse n’Imbonerakure zo kuhakorera ubwicanyi. Mu ntangiriro z’uku kwezi ni bwo ikinyamakuru Le Mandat cy’i Burundi cyanditse ko Leta y’iki gihugu imaze igihe yaratumije kontineri enye z’imihoro mu Bushinwa, ndetse ko ikimara kugera mu Burundi yahise ihabwa […]

Continue Reading

Kiliziya Gatolika irashinja Tshisekedi kubuza igihugu umutekano

Karidinali Fridolin Ambongo uhagarariye arikidiyoseze ya Kinshasa mu gihugu cya DRC yasobanuye uruhare rw’ubutegetsi bwa Kinshasa burangajwe imbere na Perezida Tshisekedi mu bibazo by’umutekano muke ubugarije none abaturage bakaba bari kwishyura Fagitire Uyu wihaye Imana amaze iminsi adacana uwaka n’ubutegetsi bwa Peresida Tshisekedi, kuri ubu ari kuvuga ko ikosa ryakozwe na Leta yemeye guha intwaro […]

Continue Reading