Burundi: Havutse impaka kubera gukwirakwiza imihoro kwa Leta y’uburundi ku rubyiruko rw’ishya riri ku butegetsi CNDD-FDD

Burundi, havutse impaka kubera gukwirakwiza imihoro mu itsinda ry’urubyiruko rufitanye isano n’ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD. Imipanga bivugwa ko yatumijwe mu Bushinwa binyuze muri Tanzaniya, yazamuye impungenge haba mu gihugu ndetse no ku rwego mpuzamahanga. Nk’uko amakuru abitangaza, iyi mihoro yari igenewe abanyamuryango b’urubyiruko rwishaka CNDD-FDD, izwi ku izina rya imbonerakure, bamenyeshwa ko bagamije kurengera […]

Continue Reading

Rusesabagina yongeye kwihenura ku bahitanywe na MRCD-FLN yashinze

Rusesabagina Paul yavuze ko aticuza impfu umutwe witwaje intwaro wa MRCD-FLN wateye mu Majyepfo y’Uburengerazuba bw’u Rwanda. Mu kiganiro kuri CNN kuri uyu wa 4 Mata 2024, umunyamakuru Christiane Amanpour yabajije Rusesabagina niba yicuza kubera impfu ibitero bya MRCD-FLN byateje mu Rwanda. Amanpour yamwibukije ko mu ibaruwa yandikiye Perezida Kagame, yagaragaje ko yicuza kubera ingaruka […]

Continue Reading

Yiyamamaje amaze icyumweru kimwe afunguwe Bassirou Diomaye Faye niwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Senegal

Umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi  muri Sénégal, , Bassirou Diomaye Faye niwe usatira kwegukana itsinzi  mu matora y’umukuru w’Igihugu. Mugenzi we bari bahanganye ,Amadou Ba,yamuhamagaye kuri  telefoni amubwira ko yemeye ko yatsinzwe na we mu matora ya perezida yabaye ku cyumweru, nkuko byavuzwe n’umutegetsi wo muri leta. Inkuru dukesha ikinyamakuru BBC ivuga ko,ibyavuye mu matora […]

Continue Reading

Guhabwa imidali k’umutwe w’ingabo z’u Rwanda, byongereye imbaraga n’ubwitange mu gusohoza ubutumwa “ LT COL Muhizi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Werurwe 2024, LT Col Andrew Muhizi uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo ( Rwanbatt – 2)aratangaza ko kuba ingabo z’u Rwanda zihabwa imidari y’ishimwe bizongerera imbaraga mu gusohoza ubutumwa batumwe. Ni mu muhango wo gutanga imidari y’ishimwe byakozwe n’ishami rya ONU rishinzwe kugarura amahoro, ukaba warabereye […]

Continue Reading

Imirwano yubuye nyuma y’inama y’abagaba b’ingabo za SADC n’u Burundi ziri muri Congo

Urusaku rw’imbunda ziremereye rwongeye kumvikana mu bice bitandukanye bya Mweso na Mabenga muri teritwari ya Masisi kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, nk’uko bamwe mu bari hafi yaho babivuga.   Inyeshyamba za M23 zatangaje ko mu gitondo uyu munsi ingabo za leta zifatanyije n’imitwe y’inyeshyamba yiswe Wazalendo, ingabo zo mu bihugu bimwe by’ihuriro […]

Continue Reading

Inteko ishinga amategeko muri Ghana iri mu icuraburindi

  Ikigo gishinzwe Ingufu muri Ghana, Electricity Company of Ghana (ECG), ku wa Kane cyakupiye amashanyarazi Inteko Ishinga Amategeko kubera umwenda wa miliyoni $1.8 ikibereyemo. Byatumye ibiganiro ku ijambo rya Perezida ryerekana uko igihugu gihagaze bihagarara.   Video yasangijwe n’ibitangazamakuru byaho yerekana abadepite mu cyumba cyijimye baririmba bati: “Dumsor, dumsor”, bivuze ko umuriro w’amashanyarazi mu […]

Continue Reading

Abagaba b’Ingabo zoherejwe na SADC mu nama idasanzwe I Goma

  Abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byohereje ingabo mu butumwa bw’Ingabo z’Umuryango w’Iterambere w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIRDC) hiyongereyeho u Burundi,bahuriye mu nama I Goma,kuri uyu wa kane.   Uwa mbere wakiriwe ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Goma ni Umugaba w’Ingabo za Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Gen. Jacob […]

Continue Reading

Béatrice Munyenyezi yongeye gutakambarira umucamanza asaba kurenganurwa

  Ubushinjacyaha bwasabye ko Béatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya Jenoside yafungwa burundu, abunganizi be basaba ko yarekurwa.   Byasabwe kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Gashyantare ubwo Urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda, rwahaga ijambo impande zombi.   Mu gihe mu iburanisha ryabanje ijambo […]

Continue Reading

U Bubiligi bwateye ishoti icyifuzo cya Tshisekedi

  Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo, yimye amatwi Félix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wasabiye u Rwanda ibihano, ubwo yari yongeye kurushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23.   Tshisekedi yageze mu Bubiligi ku wa 28 Gashyantare 2024. Yari avuye i Luanda muri Angola, aho yaganiriye na mugenzi we, Joăo […]

Continue Reading

Munyenyezi uregwa Genocide arasaba kutazira ibyaha by’abakurambere

  Mu rubanza rwabaye ku itariki ya 19 gashyantare 2024,Beatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside yakorewe Abatutsi yasabye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko atagombye kuzira ibyaha byakozwe n’ umuryango yashatsemo. Munyenyezi akurikiranyweho ibyaha birimo gukora jenoside no gufata abagore ku ngufu byakorewe mu mujyi wa Butare mu majyepfo y’u Rwanda, ibyaha we aburana ahakana .Yoherejwe […]

Continue Reading